Umupasteri yakijije umusore wahoranaga igitsina cyafashe umurego (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Umuvugabutumwa witwa Fufeyin wo mu itorero Christ Mercyland aherutse gukora igitangaza cyo gukiza umusore wari umaze iminsi igitsina cye cyarafashe umurego kikanga kugwa.
Captureg 1
Uyu musore yahisemo kuyoboka abanyamasengesho nyuma yo kumara iminsi ahuye n’iri sanganya, aho yinjiye mu rusengero abantu bise bakamurangamira ndetse no kumusengera abantu benshi bakaba bari bashungereye mu rusengero batitaye ku bandi batandukanye na bo bari bafite ibibazo byo gusengera.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu musore yatambutse yitonze aragenda aricara afite icyo kibazo, umwanya wo gusengera abafite ibibazo ugeze aba uwa mbere mu guhaguruka, ubundi umupasiteri amuhundagazaho amasengesho karahava.
Captureh
Uyu musore avuga ko atazi uko iki kibazo cyaje kuko yari akimaranye iminsi aba iwe mu nzu, akaba yarabyutse mu gitondo agasanga igitsina cye cyafashe umurego akagira ngo ni ibisanzwe ariko bikanga gukira.
Si ubwa mbere muri nigeria habaho ikinti nk’iki kuko no mu mwaka wa 2016, Pasteri TB Joshua yakijije undi musore wahoranaga umurego mu ipatalo, we akavuga ko yaryamanye n’umugore w’idayimoni.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *