Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika w’umukobwa ufite inkomoko muri Guinea witwa Cire Traore akomeje kubica ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane nka Instagram kubera imiterere ye ikurura igitsinagabo n’amafoto yifotoza ashyiraho, aho akenshi aba yambaye utwenda two kogana.
Ihere amaso amafoto ye










Ni umwe mu bari barinze umutekano kuri Capitol ubwo Joe Biden yarahiraga








38 Responses
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Abakobwa n’Abagore benshi bakeka ko kwambara ubusa mu ruhame bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero n’amabere Imana yaguhaye.Ntabwo Imana ikwemerera kubyereka abahisi n’abagenzi.Yabiguhaye kugirango ubibikire umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Kwambara ubusa nta handi biganisha atari ku busambanyi kandi imana yaturemye ibitubuza.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
NDAKWEMEYE WABABWIJE UKURI TURI KUMWE.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
NDAKWEMEYE WABABWIJE UKURI TURI KUMWE.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Abakobwa n’Abagore benshi bakeka ko kwambara ubusa mu ruhame bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero n’amabere Imana yaguhaye.Ntabwo Imana ikwemerera kubyereka abahisi n’abagenzi.Yabiguhaye kugirango ubibikire umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Kwambara ubusa nta handi biganisha atari ku busambanyi kandi imana yaturemye ibitubuza.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
MAZIMPAKA uvuze neza uri umugabo. sinzi akaburo kafungutse mu mutwe wabakobwa bamwe na bamwe. abantu bagiye bababwira gutyo nibo ba mbere byagirira akamaro
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
MAZIMPAKA uvuze neza uri umugabo. sinzi akaburo kafungutse mu mutwe wabakobwa bamwe na bamwe. abantu bagiye bababwira gutyo nibo ba mbere byagirira akamaro
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Igitsina gore hafi yacyose sinzi uko batekereza, ndabagaya cyane iyo biyambika ubusa ntanusaza. Ngo umugore wimyaka 60aherutse kubwira umugabo we ati hari umuntu wambwiye ngo ndi mwiza cherie umugabo ati ndabizi ni kazungu wo muri centre naho nyamugore ati se kuki ariwe uketse umugabo ati nuko ariwe ugura injamani (ibyuma bishaje). aaaaaaa
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Igitsina gore hafi yacyose sinzi uko batekereza, ndabagaya cyane iyo biyambika ubusa ntanusaza. Ngo umugore wimyaka 60aherutse kubwira umugabo we ati hari umuntu wambwiye ngo ndi mwiza cherie umugabo ati ndabizi ni kazungu wo muri centre naho nyamugore ati se kuki ariwe uketse umugabo ati nuko ariwe ugura injamani (ibyuma bishaje). aaaaaaa
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Nikobamera mbahora biyabika ubusa
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Nikobamera mbahora biyabika ubusa
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Nikobabanye
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Nikobabanye
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Igitsinagore gitekereza ko gikurura abagabo ngo gishaka abo kubana nabo binyuze mu kwambara ubusa ku mibiri yabo ariko siko kuri, ukuri ni ukwambara ukikwiza ahubwo abagabo bakagira amatsiko yo kumenya ibiri imbere,naho ntamatsiko bagira kuko baba babiberetse byose ndetse kubuntu cg se kugiciro gito. Bari b’Urwanda rero mwiheshe agaciro.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Igitsinagore gitekereza ko gikurura abagabo ngo gishaka abo kubana nabo binyuze mu kwambara ubusa ku mibiri yabo ariko siko kuri, ukuri ni ukwambara ukikwiza ahubwo abagabo bakagira amatsiko yo kumenya ibiri imbere,naho ntamatsiko bagira kuko baba babiberetse byose ndetse kubuntu cg se kugiciro gito. Bari b’Urwanda rero mwiheshe agaciro.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bari b’Urwanda mwiheshe agaciro mwambara mukikwiza naho kwiyambura ubusa ni ukwiyambura agaciro mufite.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bari b’Urwanda mwiheshe agaciro mwambara mukikwiza naho kwiyambura ubusa ni ukwiyambura agaciro mufite.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bari b’Urwanda mwiheshe agaciro mwambara mukikwiza naho kwiyambura ubusa ni ukwiyambura agaciro mufite.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bari b’Urwanda mwiheshe agaciro mwambara mukikwiza naho kwiyambura ubusa ni ukwiyambura agaciro mufite.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Isi igeze kw’iherezo ryayo bavandi gusa ni ugucunga abakobwa bacu cyane cyane ndavuga abo twibarutse kbsa!murakoze Cyaneee
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Isi igeze kw’iherezo ryayo bavandi gusa ni ugucunga abakobwa bacu cyane cyane ndavuga abo twibarutse kbsa!murakoze Cyaneee
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Uyu se ni umusirikari w’igihugu utambaye kuri uru rwego? Ibi ni ukwitesha agaciro ataretse n’akazi ke.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
ibi n’ubasazi.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
ibi n’ubasazi.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Uyu se ni umusirikari w’igihugu utambaye kuri uru rwego? Ibi ni ukwitesha agaciro ataretse n’akazi ke.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bali b’Urwanda nimwiheshe agaciro mureke kwiyandarika mwereka rubanda ingingo z’imibiri mwahishiye abo muzarwubakana.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Bali b’Urwanda nimwiheshe agaciro mureke kwiyandarika mwereka rubanda ingingo z’imibiri mwahishiye abo muzarwubakana.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Ntawabuza ibyahanuwe gusohora.
Gusa ibi bibe biriguha isomo abavuga ko bategereje kuza kwa Kristo.
Kuko ibi byose bitugaragariza ko kuza kwa Yesu kwegereje.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Ntawabuza ibyahanuwe gusohora.
Gusa ibi bibe biriguha isomo abavuga ko bategereje kuza kwa Kristo.
Kuko ibi byose bitugaragariza ko kuza kwa Yesu kwegereje.
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
njye mbona harimo n’uburwayi bwo mumutwe
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
njye mbona harimo n’uburwayi bwo mumutwe
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Hababaje igisirikarecya USA akorera yibuka inifomuyambaye
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Hababaje igisirikarecya USA akorera yibuka inifomuyambaye
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
ABANYABWENGE NGO NUMUSIRIKARE WIGIHUGU NKAMERIKA AKIYAMBIKA UBUSA BAKAMWAMAMAZA NTATEGEKO RIMUHANA ISI IRASHAJE 0
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
ABANYABWENGE NGO NUMUSIRIKARE WIGIHUGU NKAMERIKA AKIYAMBIKA UBUSA BAKAMWAMAMAZA NTATEGEKO RIMUHANA ISI IRASHAJE 0
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Kwambara ubusa imbere yabantu bose ntabwo aribyiza ahubwo nuguteza Imana agahinda!! Yemwe muge mwibuka ko biriya byose biba bidashimisha Imana kdi ababikora bazabibazwa pe!!
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
Kwambara ubusa imbere yabantu bose ntabwo aribyiza ahubwo nuguteza Imana agahinda!! Yemwe muge mwibuka ko biriya byose biba bidashimisha Imana kdi ababikora bazabibazwa pe!!
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
MAZIMAKAWE NGUHAYE PISI WABABWIJE
UKURI
Umusirikare wa Amerika akomeje kubica kuri instagram kubera imiterere ye – Amafoto
MAZIMAKAWE NGUHAYE PISI WABABWIJE
UKURI