g-107.jpg

Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa ufite imiterere n’ikibuno bitangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe.

Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere y’ikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye ku mutwe. Uyu mwari ugenda arangaza abagabo yagaragaye mu Mujyi wa Abidjan muri Cote d’Ivoire.

g-107.jpg

Mu minsi mike ishize nibwo BWIZA yabagejejeho inkuru y’undi muzunguzayi wari wambaye ikanzu ndende ariko imiterere y’umubiri we igatuma abatari bake bacika ururondogoro.

Wasoma: https://bwiza.com/?Abagabo-bacitse-ururondogoro-kubera-uburanga-budasanzwe-bw-umuzunguzayi-Amafoto

f-152.jpg

Kubera imiterere ye, uyu mukobwa ukunze kugaragara acuruza, ubunyobwa abagabo benshi bakunze kumuhagarika ndetse bigatuma banamuteza imbere kubera uburyo ateye ukabona ko binabashimishije.

e-205.jpg

Ibi ni ibintu abantu benshi batamenyereye kubona umukobwa mwiza ufite imiterere nkiy’uyu ari mu muhanda ari gucuruza utuntu tw’ubucogocogo ari nayo mpamvu abantu benshi bamubonaga bagatungurwa.

b-269.jpg

c-434.jpg

d-295.jpg

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Wasanga atarakandagiye mu ishuri cyangwa yararangije primary gusa

  2. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Wasanga atarakandagiye mu ishuri cyangwa yararangije primary gusa

  3. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Reka tuvugishe ukuri ,uyumukobwa ntabwo ari mwiza habe namba ,reba ibitugu bye reba mumaso he nabanje kugirango ni umugabo pe,naho ikibuno cyo kimufasha kwicara no kwituma aragifite

  4. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Reka tuvugishe ukuri ,uyumukobwa ntabwo ari mwiza habe namba ,reba ibitugu bye reba mumaso he nabanje kugirango ni umugabo pe,naho ikibuno cyo kimufasha kwicara no kwituma aragifite

  5. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Wasanga ari maneko ! cyangwa yibereye mu bushakashatsi runaka ejo akazasohora igitabo kivuga ukuntu abagabo bo mu Rwanda bashidukira abagore ,ibi mbivugiye ko akenshi abazunguzayi bagaragara nk’abantu bifitiye ibibazo by’imibereho byababayeho nka sudire ,ariko uyu we na wawundi mwatwerekaga ubushize ashimishijwe n’imibereho, ibindabishingira k’ukuntu azi kwifotoza na postel nziza cyane, ibyo bita ubushanga ku maguru ye ,mu bihugu by’iburasirazuba bw’Afurika bifatwa nk’icyapa cyereka abagabo ko umugore cyangwa umukobwa wabishyizeho yigurisha… mube maso rero mutagwa mu ruzi murwita ikiziba kuko jye mbona atari umuzunguzayi nk’uko uyu munyamakuru abivuga.

  6. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Wasanga ari maneko ! cyangwa yibereye mu bushakashatsi runaka ejo akazasohora igitabo kivuga ukuntu abagabo bo mu Rwanda bashidukira abagore ,ibi mbivugiye ko akenshi abazunguzayi bagaragara nk’abantu bifitiye ibibazo by’imibereho byababayeho nka sudire ,ariko uyu we na wawundi mwatwerekaga ubushize ashimishijwe n’imibereho, ibindabishingira k’ukuntu azi kwifotoza na postel nziza cyane, ibyo bita ubushanga ku maguru ye ,mu bihugu by’iburasirazuba bw’Afurika bifatwa nk’icyapa cyereka abagabo ko umugore cyangwa umukobwa wabishyizeho yigurisha… mube maso rero mutagwa mu ruzi murwita ikiziba kuko jye mbona atari umuzunguzayi nk’uko uyu munyamakuru abivuga.

  7. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Abazunguzayi baragira usibye ko mbonye nta nibirenze

  8. Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)
    Abazunguzayi baragira usibye ko mbonye nta nibirenze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *