fb_img_15754079351255328.jpg

Umwana w’imyaka 12 yashyingiranwe n’ufite 11-amafoto

Sangiza iyi nkuru

Ni ibintu bidasanzwe kumva umwana muto cyane ashingiranwa na mugenzi we. Ibyari bisanzwe na byo biba gake ni ubwo twumvaga ngo umugore ukuze yashyingiranwe n’umuwana w’umuhungu muto cyangwa se umugabo agashyingiranwa n’umukobwa muto.

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umwana w’umuhungu ufite imyaka 12 washyingiranwe n’umukobwa w’imyaka 11 y’amavuko, bakaba bagiye kubana urw’akaramata nk’uko bigaragara mu mafoto ubwo bahamishaga umukono.

Wakwibaza niba nta mategeko arengera abana ku buryo bemererwa gufata umwanzuro nk’uyu cyangwa ari wa muco uranga agahugu, akandi kakagira uwako.

Amafoto:

fb_img_15754079351255328.jpg
fb_img_15754079436684129.jpg
fb_img_15754079523019623.jpg
fb_img_15754079614881789.jpg
fb_img_15754079703208537.jpg
fb_img_15754079780113997.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *