Nyamasheke-Karambi: Inzu yari irimo abantu 11 yagwiriwe n’umukingo, bane bitaba Imana

whatsapp_image_2019-12-04_at_08.58.55_1_.jpg

Kuri itariki ya 3 Ukuboza 2019 mu mudugudu wa Mugohe,akagari ka Kabuga mu murenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’inzu yagwiriwe n’umukingo abari bayirimo urabarengera. Byabaye saa moya n’igice z’umugoroba , ubwo abakirisitu b’itorero MĂ©thodiste Libre bari baje kuhasengera ari itsinda ry’abantu 15, batandatu bo bakaba ngo bari bamaze gutaha. Abatabaye babakuyemo […]

Umwana w’imyaka 12 yashyingiranwe n’ufite 11-amafoto

fb_img_15754079351255328.jpg

Ni ibintu bidasanzwe kumva umwana muto cyane ashingiranwa na mugenzi we. Ibyari bisanzwe na byo biba gake ni ubwo twumvaga ngo umugore ukuze yashyingiranwe n’umuwana w’umuhungu muto cyangwa se umugabo agashyingiranwa n’umukobwa muto. Muri Afurika y’Epfo haravugwa umwana w’umuhungu ufite imyaka 12 washyingiranwe n’umukobwa w’imyaka 11 y’amavuko, bakaba bagiye kubana urw’akaramata nk’uko bigaragara mu mafoto […]

Burundi: Minisitiri avuga ko ari amahirwe mabi guturana n’u Rwanda

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Burundi, Pascal Barandagiye avuga ko igihugu cye cyagize amahirwe mabi yo guturana n’u Rwanda. Abivuze mu gihe umubano w’ibihugu byombi udahagaze neza. Umubano w’ibihugu byombi ngo usaba ko Abenegihugu barinda buri gice ku manywa n’ijoro nk’uko Radio Ijwi ry’Amerika dukesha amwe muri aya makuru yabitangaje. “Nta we uhitamo umuturanyi. Twagize amahirwe […]

Umuyobozi wa ‘Special Force’ ya FDLR yafashwe

Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2019, Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu bitero bya Sukola 2 yatangaje ifatwa rya Asifiwe Manudi Nshimiyimana wayoboraga umutwe w’ingabo zidasanzwe za FDLR, CRAP. Nshimiyimana yafashwe ejo ku wa 2 Ukuboza mu gace ka Ndosho gaherereye mugi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko Ndjike-Kaiko Guillaume, […]

RDC: Abarwanyi 30 b’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bafashwe ari bazima

Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo zitangaza ko mu bitera zimaze iminsi zigaba muri teritwari ya Kalehe mu ntara ya Kivu y’Amagepfo zimaze gufata mpiri abarwanyi bagera kuri 30 b’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba barwanyi ni abo mu mitwe ya FDLR ndetse na CNRD (Congrès National pour la Renaissance DĂ©mocratique) bivugwa ko zirukanwe […]

Umupolisi yafashwe agurisha amasasu umucuruzi

Umupolisi SPC Beatrice Akello ukorera mu Karere ka Kitgum muri Uganda yafashwe agurisha amasasu umugore w’umucuruzi, Irene Aciro. Imbere y’umucamanza Paul Obuya. kuwa Mbere tariki ya 2 Ukuboza, aba bombi bahakanye ibyo baregwa. Bahise boherezwa gufungirwa muri gereza ya Leta iri muri ako gace kugeza kuwa 18 Ukuboza aho hazongera kumvwa urubanza rwabo.

Umukobwa yashyingiranwe n’umurambo w’umukunzi we- AMAFOTO

l1.png

Nan Thippharat, umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko yashyingiranwe n’umukunzi we wari wamaze gushiramo umwuka, ubukwe bwatunguye benshi ndetse bukanavugwa mu mpande zose z’Isi. Ni ubukwe bwabereye mu Karere ka Phanom Sarakham, mu gihugu cyaThailand. Mu gihe bamwe batunguwe n’ibyo uyu mukobwa yakoze, ubwo ubu bukwe bwe bwari burangiye bukaza gukurikirwa n’umuhango wo gushyingura uwari umukunzi we […]

Wakazi karibu na Ziwa Kivu wailaumu serikali kuhusu ujenzi wa barabara

Wakazi kwene maeneo karibu na Ziwa Kivu wamesema haiwezakani kupiga hatua ya utalii wakati ambapo hawana mabarabara. Wameelezea Gazeti la Umuseke kuwa kuna watalii wengi wanaokuja huko lakini wakakumbwa na uhaba wa barabara safi. ” Ni vyema kama tunapata watalii lakini kwa uoande mwingine haina budi barabara hizi zisafishwe.” Amesema Nzeyimana Aphrodice mkazi eneo la […]

Parliament suspends official accused of rape

The Rwandan parliament has suspended its staff who worked under the Public Accounts Parliamentary Committee, Mushingwamana Evode over accusations of raping a Burundian refugee girl. Through twitter account, the parliament noted that Mushingwamana was suspended, but they did not mention how long. The Tweet reads; “According to administrative procedures, Mr. Evode Mushingwamana has been suspended.” […]

Abagore babana n’ubwandu bwa SIDA bafite ibyago byo kwandura kanseri y’inkondo y’umura- Jeannette Kagame

inam.jpg

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette Kagame yavuze ko abagore babana n’ubwandu bwa SIDA baba bafite ibyago kurusha abatabufite byo kwandura virus ya Cancer y’inkondo y’umura izwi nka HPV Virus. Ari kumwe n’abandi badamu b’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama mpuzamahanga kuri SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, irimo kubera i Kigali, kuri uyu wa […]

Perezida Museveni watakaje ibiro 30 anyomoza abavuga ko arwaye

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yanyomoje kuri uyu wa 2 Ukuboza 2019 amakuru avuga ko ubuzima bwe butameze neza bitewe n’intege z’ubusaza no gutakaza ibiro bimugaragaraho. Aya makuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambanga, abiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe (abo yita abatanga umusanzu mubi) bagaragaza ko ibi ari ibimenyetso by’uko nta kizere agifiwe cyo gukomeza kuyobora […]

FARDC ivuga ko itarabona amakuru ku rupfu rwa Gen. Gaseni wa FLN

Amakuru y’urupfu rwa Gen. Jean Pierre Gaseni wari ushinzwe ibikorwa mu nyeshyamba za FLN byavugwaga ko yishwe kuwa 30 Ugushyingo 2019 ariko Ingabo za Congo (FARDC) zivuga ko zitarabona amakuru ku rupfu rwe. Aya makuru yavugaga ko FARDC yambuye ibirindiro inyeshyamba za FLN biri ahitwa muri Rutare na Kalehe ndetse n’uyu musirikare mukuru akahagwa. Umuvugizi […]

RIB na Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda baraza imbere mu kurya ruswa

Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda) bugaragaza ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) na Polisi y’igihugu, Ishami ry’umutekano mu muhanda bari mu bigo bitanu bya mbere birangwamo ruswa. Ubwo yamurikaga ubu bushakashatsi bwagaragazaga uko ruswa ihagaze mu Rwanda, Inzego za mbere eshanu ni: TVETs(12.80%), Traffic Police (12.40%), Urwego rw’abikorera (PSF) (9.90%), […]

Abakora isuku ku biro by’akarere ka Kirehe barataka inzara

Abakora amasuku ku biro by’Akarere ka Kirehe, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko bugarijwe n’ubukene baterwa no kudahemberwa igihe, ubu bakaba bamaze amezi atatu batarahabwa umushahara. Aba bakozi ni aba E.K.G Ltd ishinzwe gukora amasuku ku biro by’aka karere, kuba badahemberwa igihe ngo byabateye ubukene ku buryo n’inzara ibamereye nabi n’imiryango yabo kandi byitwa ko bafite akazi. […]

Umubare w’abagize umuryango we watumye ashinga ishuri rye bwite

Umusaza witwa Meshuku Mapi Mukari uzwi nka Laibon ku myaka ye 102 avuga ko yahisemo gushinga ishuri rye bwite kugira ngo abuzukuru be basaga 70 n’abana be barenga 60 babone aho babona serivisi z’uburezi. Uyu musaza kuri ubu ufite abagore umunani avuga ko mu rugo rwe abantu babanye neza, nta bushyamirane ariko ngo yasanze ari […]

9 Romantic Things To Do For Your Lover

It’s that day of the year where love fills the air… So why not go the extra mile, and do something sweet for your lover this Valentine’s Day? 1. Post-It Notes Try leaving sweet little notes in hidden places all over the house so that your loved one will be reminded of your love for […]

Tender Notice for Restaurant Services at Abt Associates Inc

Abt Associates Inc In 1965, Clark Abt expressed a single, noble goal—to create a world free of war and poverty. The visionary set to work establishing Abt Associates. Over the next half century, the company became known as a bold, innovative and effective agent of social change, committed to improving the quality of life and […]

Dore ibintu 10 ugomba kwitondera mu gutereta umukobwa muhuye bwa mbere

Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa. Kugira ngo umukobwa akwemerere urukundo ni uko hari imico aba yakubonyeho akayikunda ndetse akaba yizeye ko atazakorwa n’isoni mu gihe azaba akubwira bagenzi be. Dore ibintu 10 uzitondera rero niba […]

TENDER NOTICE: Provision of 1 Hardbody (Lifan) three-wheelers

Women for Women International (WfWI) is an International Non-profit Organization committed to improving the lives of socially excluded and marginalized women in conflict and post-conflict settings. WfWI provides a 12-month program on life skills, rights education, and vocational skills training. WfWI have been implementing its core program to improve women’s lives and their families, since […]

Volunteer Program Manager at Korea International Cooperation Agency (KOICA)

Korea International Cooperation Agency (KOICA) was founded as a government agency on April 1, 1991, to maximize the effectiveness of South Korea’s grant aid programs for developing countries by implementing the government’s grant aid and technical cooperation programs as well as promoting sustainable development, strengthening partnerships with developing partners, and enhancing the local ownership of […]

U Rwanda ruvuga ko kuba Twagiramungu akangurira abantu kujya muri FLN ari mu Bubiligi bitemewe

twagira.jpg

Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko kuba uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Faustin Twagiramungu asaba Abanyarwanda kujya mu nyeshyamba za FLN ari mu Bubiligi ari ibintu bitemewe. Mu mashusho yakwirakwiye mu minsi ishize, Twagiramungu, Perezida Wungirije w’ishyaka MRCD/Ubumwe rifite Ingabo zitwa FLN, avuga ko akangurira Abanyarwanda […]

Driver at University of Global Health Equity (UGHE)

The Driver will be responsible for driving UGHE staff and other authorized passengers, transporting goods and services (information) and checking the mechanical conditions of the UGHE vehicle regularly and supporting the rapidly growing operations of the university project. Responsibilities: Ensure the safe and reliable transportation of UGHE staff, colleagues, and guests. Transport is not limited […]

Wa musore Niringiyimana wakoze umuhanda wa 7km ubu noneho yiyemeje gukora ikiyaga

Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko, ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi, myuma yo gukora umuhanda w’ibilometero birindwi, ubu noneho avuga ko ashishikajwe n’ikiyaga kizajya kivamo amafi azajya atunga abaturage. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza Tv mu mujyi wa Kigali, yavuze ko ariho asigaye aba […]

Intambara hagati y’u Burundi n’u Rwanda yaba ari mbi cyane-Dr Sebarenzi

Uwahoze ari Umukuru w’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ubu akaba yigisha kuri kaminuza muri Amerika, Dr Sebarenzi Joseph yavuze ko nubwo umubano w’u Rwanda n’u Burundi utifashe neza, ibi bihuga biramutse bikozanyijeho intambara yabyo yaba ari mbi cyane. Uyu musesenguzi wa politiki yo mu Karere k’ibiyaga bigari agaragaje ko intambara hagati y’ibi bihugu yaba itoroshye […]

Uburinzi butangaje – Rev. Nibintije

ni-20.png

Si uburinzi bwange ahubwo ni ubwawe Mwami. Dukeneye kwirinda aho kubwira Umwami ngo abe ari we uturinda. Ntubeho ufite ubwoba, akira uburinzi bwe. Ntutekereze igihe cyose ko hari ikigiye kugusimbukira maze kigutere icyuma, ibyo ni ibyiyumviro bibi. Wajya mu rugo rwawe maze ukagira amakenga, ukagenzura niba nta muntu uri munsi y’igitanda. Wakumva urusaku, ugatekereza ko […]