Umwana w’imyaka itatu avuga ko hari ikibazo yashakaga kuganiraho na Dr Magufuli (videwo)

Sangiza iyi nkuru

Umwana w’imyaka itatu n’amezi umunani wo muri Tanzania, Baraka avuga ko hari ikibazo bwite yifuzaga kuzaganiraho na nyakwigendera, Dr John Joseph Pombe Magufuli.

Uyu mwana yari aherutse kuboneka ku mbuga nkoranyambaga avuga amazina y’abayoboye Tanzania bose, akanavuga n’abandi 50 bo ku Isi, avuga ko yababajwe n’urupfu rwa Magufuli kuko ngo ” Hari icyo nifuzaga kumubaza.”

Mu Kiganiro na AYO TV, Baraka wari kumwe na nyina ati ” Urupfu rwa Magufuli ni igihombo ku gihugu cyacu. Nashakaga kuzabonana na we.”

Ku ngingo y’ibyo bari kuganiraho, ntacyo yashyize hanze. Ati ” Ni issue binafsi.” Ni ikibazo bwite.

VIDEWO:

Uyu mwana kandi abasha kuvuga ahanini myinshi mu mishinga yagezweho na Magufuli gusa akavuga ko Perezida mushya wa Tanzania, Samia Suluhu Samia yakwihangana kuko ngo ” bamuri inyuma.”

VIDEWO:

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *