Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe wishe umuzungu Padiri Rupias wahawe izina rya Rugigana, Ndagijimana Juvénal yapfuye kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2021, azize uburwayi.
Inkuru y’urupfu rwa Ndagijimana wari utuye ahamenyekanye nko mu Gahunga k’Abarashi mu Murenge wa Gahunga w’Akarere ka Burera imenyekanye muri iki gitondo.
Uretse kumenyekanira ku bumenyi bwinshi yari afite ku mateka ya Rukara rwa Bishingwe, Ndagijimana yabaye umwe mu baririmbyi no mu babyinnyi b’itorero ry’igihugu Urukerereza n’Uruyenzi.
Ndagijimana kandi yanatozaga abandi by’umwihariko urubyiruko indirimbo n’imbyino gakondo za Kinyarwanda.
Nyakwigendera apfuye afite imyaka 59 y’amavuko.




6 Responses
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Igendere usize icyuho mu miryango w abacyaba b’Abarashyi bo Mugahunga wari Intwari RIP
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Igendere usize icyuho mu miryango w abacyaba b’Abarashyi bo Mugahunga wari Intwari RIP
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Igendere usize icyuho mu miryango w abacyaba b’Abarashyi bo Mugahunga wari Intwari RIP
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Igendere usize icyuho mu miryango w abacyaba b’Abarashyi bo Mugahunga wari Intwari RIP
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Ndabasuhuje Barashi,
Na njye nkomoka mu Gahunga! Si ndi Umucyaba ndi Umuzigaba!
Nkaba nzinduwe no kumenya Ibisekuru bya Rukara rwa Bishingwe. Hari VIDEO ibivuga narabutswe ariko yarancitse.
Uwayimpa rero yaba angiriye neza cyane.
Mubane n’Imana.
Nsabimana
Umwuzukuru wa Rukara rwa Bishingwe yapfuye
Ndabasuhuje Barashi,
Na njye nkomoka mu Gahunga! Si ndi Umucyaba ndi Umuzigaba!
Nkaba nzinduwe no kumenya Ibisekuru bya Rukara rwa Bishingwe. Hari VIDEO ibivuga narabutswe ariko yarancitse.
Uwayimpa rero yaba angiriye neza cyane.
Mubane n’Imana.
Nsabimana