Urutonde rw’Abaperezida 5 bakize cyane muri Afurika

Sangiza iyi nkuru

Ikinyamakuru forbes gikorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyandika k’ubukungu cyagaragaje abayobozi 5 b’Afurika bafite ubutunzi kurusha abandi, uru rutonde ni urwa 2014.
5.Paul Biya
.
biya
Paul Biya ni umukuru w’igihugu cya Cameroun, yayoboye iki gihugu kuva 1982, amaze imyaka 31 k’ubuyobozi, yari afite 200 millions z’amadorari y’abanyamerika.

  1. Uhuru Kenyata

uhuru
Uyu mu perezida se niwe wayoboye igihugu cya Kenya bwa mbere nyuma y’ingoma y’abagashaka buhake hagati y’imyaka ya 1964-1978. Uhuru Kenyata yatangiye kuyobora igihugu cya Kenya muri 2013, muri 2014 akaba yari afite 500 millions de dollar Americain

  1. Teodoro Obiang Nguema Mbasogo

Teodoro-Obiang
Iki kinyamakuru Forbes kikaba cyarashize uyu perezida wa Guinee Equatorial ku mwana wa gatatu, mu 2014 akaba yari afite 600 million z’amadorari y’Amerika.

  1. Mohammed VI .

king-mohammed-vi
Uyu ni umwami wa Maroc kuva mu 1999 akaba kandi ari umuragwa w’icyo gihugu ku bijyanye n’ubukungu ndetse n’iterambere. We uwo mwaka yari afite 2,5 milliards de dollars z’Abanyamerica.
1.Jose Eduardo dos Santos
Jose-Eduardo-dos-Santos
Eduardo dos Santos ni perezida wa Angola amaze imyaka 34 k’ubuyobozi, akaba ariwe uri ku mwanya wa mbere muri Afurika n’ubwo abaturage bo muri iki gihugu barangwa n’ubukene cyane, afite angana na 20 milliard y’amanyamerika, umukobwa we niwe ukize mu bakobwa bose bo muri Afurika kandi akaba ariwe mugore w’umwirabura wa mbere kw’Isi ukize cyane.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *