Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini

Sangiza iyi nkuru

John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Inspector of Police (IP), hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini.

Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press ivuga ko yamenye ko aba mu gisa n’inkambi ya gisirikare ya Arendonk muri Antwerp. Aha ngo ahabana na mukuru we witwa Didier.

Uyu azwiho kuvuga nabi ubutegetsi bw’ u Rwanda, ku bwo gukora akazi k’ingufu ngo basigaye bamwita “Ikimashini”

Umwe mu Banyarwanda baba hanze yabwiye KT Press ati ” Simbaburanga azwi nk’ikimashini muri Arendonk. Iyo Ababiligi bakeneye uwo guterura ibintu biremereye ni we batumaho. Ni ikimashini.””

Uyu mugabo amaze imyaka yaka ubuhunzi ariko yarabwimwe.


Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

XMA Header Image
Ibyo Karasira agiye guhura nabyo Mageragere- Mahoro wafunganywe na Ntamuhanga ngo hari abazamwakira
youtube.com

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini
    Mujye muvana itiku aho niba niba akora akazi kavunanye agahembwa bigutwaye iki? Wowe wandika iyi nkuru ubwo Hari na 1/10 uhembwa? Mureke kuyobya. Abanyaru muri ubwoko bubi pe

  2. Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini
    Mujye muvana itiku aho niba niba akora akazi kavunanye agahembwa bigutwaye iki? Wowe wandika iyi nkuru ubwo Hari na 1/10 uhembwa? Mureke kuyobya. Abanyaru muri ubwoko bubi pe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *