capture-17.png

Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”

Sangiza iyi nkuru

Umugabo w’imyaka 71 witwa Chinks kuri Twitter waterese abagore bagera 1,000 avuga ko bigoye gukundana n’abagore bagufi.

Uyu mugabo waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bemeranyije na we abandi baramwagana ariko we yemeza ashimitse ko mu bagore bakundanye, abagore bagufi bamugoye cyane.

Yagize ati ” Mfite imyaka 71, naterese abagore bagera ku gihumbi mu buzima bwanjye ariko icyo nababwira cyo ni uko abagore bagufi ari babi. Mubwikwirakwize mukize ubuzima.”

Umwe mu bamusubije yagize ati ” Wowe ni wowe kandare, waterese abagore igihumbi mu myaka 71 ufite.”

Chinks yamusubije agira ati ” Njye mfite umutima munini ni icyo nakubwira.”

capture-17.png

Ubusanzwe nta gipimo kizwi umuntu avuga ngo kanaka ni mugufi. Mu kwandika iyi nkuru Bwiza.com nta we yari igamije gukomeretsa mu baba biyumva ko ari mugufi.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”
    Ko mbona we yanditse ko yaterese 100 mwe mukamwongereraho 900 bakaba 1000??????

  2. Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”
    Ko mbona we yanditse ko yaterese 100 mwe mukamwongereraho 900 bakaba 1000??????

  3. Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”
    Yaba afitanye isano na SALOMON wo muli bible watunze abagore 1000??? Amenye ko yezu yadusabye gutunga umugore umwe gusa kandi ko yavuze ko uzabirengaho azitwa umusambanyi.

  4. Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”
    Yaba afitanye isano na SALOMON wo muli bible watunze abagore 1000??? Amenye ko yezu yadusabye gutunga umugore umwe gusa kandi ko yavuze ko uzabirengaho azitwa umusambanyi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *