Uwo dukundana bamubeshya ko ndi ibandi ngo dutandukane

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Kalisa ntuye i Butare. Nkundana n’umukobwa ubana na nyirarume kuko ari imfubyi. Bamubwira ko ndi ibandi kugira ngo anyange bakomeze bacunge imitungo y’ababyeyi be.

Claire twamenyaniye mu kazi, iby’uko yaba afite imitungo sinari mbizi tujya gukundana. Akenshi ntaba ashaka kuvuga k’urupfu rw’ababyeyi be.

Yaje kumbwira ko nyirarume ajya amubwira ko ngo nsa n’ibandi, ngo yarambonye abona nta rukundo rundimo. Yasabye Claire ko twandukana undi arabyanga, ariko ubu asigaye amutoteza.

Nkeka ko uyu mu uncle (nyirarume) adshaka ko Claire ashyingirwa ngo adatakaza imitungo yamucungiraga.

Nibaza icyo nakora nkakibura kuko tutari twagatganyije igihe tuzabanira. Gusa mpangayikishijwe cyane n’igitutu kiri kuri Claire. Nkore iki?

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *