aa-4.jpg

Wari uzi ko New Zealand ari cyo gihugu cyari gikize ku Isi mu 1900 Ghana ari iya 39? – Urutonde

Sangiza iyi nkuru

Mu myaka isaga gato ijana ishize, igihugu cya New Zealand giherereye ku mugabane wa Oceania nicyo cyari icya mbere gikize ku Isi gikurikiwe n’umuturanyi wacyo, Australia, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari ku mwanya wa gatatu naho u Bushinwa buri ku mwanya wa 34.

Ibihugu bya Afurika byari bikize cyane icyo gihe ni Misiri ku mwanya wa 38 na Ghana yari ku mwanya wa 39 u Bwongereza buri inyuma yabyo.

Dore uko ibihugu byarutanwaga mu bukungu mu 1900

aa-4.jpg
bb-4.jpg
cc-3.jpg
dd-4.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *