Medvedev yahishuye icyo u Burusiya buzihutira gukora mu gihe Sweden na Finland byajya muri NATO
Dmitry Medvedev wasimbuwe na Perezida Vladimir Putin ku butegetsi mu Burusiya ubu akaba ari umuyobozi wungirije wâakanama kâigihugu gashinzwe umutekano, yahishuye icyo igihugu cye kizihutira gukora mu gihe Sweden na Finland byakwinjira mu muryango NATO. Mu butumwa yatambukije ku muyoboro we wa Telegram kuri uyu wa 14 Mata 2022, Medvedev yavuze ko ibi bihugu byombi […]
Gasogi United yisasiye Kiyovu Sports, ihesha APR FC amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere
Ikipe ya Gasogi United kuri uyu wa Gatanu yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, ihesha APR FC amahirwe yo kongera gufata umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona. Iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yari yakiriye Kiyovu Sports mu mukino w’agapingane w’umunsi wa 23 wa shampiyona yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino […]
Ikiremwamuntu cyatangiye kwishyura gikoresheje microship iteye mu mubiri

Patrick Paumen, Umuholandi wimyaka 37, agira ububabare igihe cyose yishyuye ikintu mu iduka cyangwa muri resitora. Ntabwo akeneye gukoresha amafaranga, ikarita ya banki cyangwa terefone igendanwa kugirango yishyure. Ahubwo, ashyira ikiganza cye cy’ibumoso hafi y’akuma gasoma ikarita iri mu mubiri we ubwo akaba arishyuye. Uyu mukozi ushinzwe umutekano, Paumen, ashobora kwishyura akoresheje ukuboko kwe gusa […]
Wari uzi ko New Zealand ari cyo gihugu cyari gikize ku Isi mu 1900 Ghana ari iya 39? – Urutonde

Mu myaka isaga gato ijana ishize, igihugu cya New Zealand giherereye ku mugabane wa Oceania nicyo cyari icya mbere gikize ku Isi gikurikiwe nâumuturanyi wacyo, Australia, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari ku mwanya wa gatatu naho u Bushinwa buri ku mwanya wa 34. Ibihugu bya Afurika byari bikize cyane icyo gihe ni […]
Nyamasheke: Umukobwa wacuruzaga âMe2Youâ yishwe nâabajura bamuteze bakamutera icyuma bakanamwambura
Mu masaa mbiri nâigice zâumugoroba wo ku wa 13 Mata 2022 ni bwo hamenyekanye urupfu rwa Nyampinga EugĂ©nie wabanaga nâababyeyi be mu mudugudu wa Bihagije, akagari ka Cyimpindu, umurenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke, wishwe atewe icyuma mu muhogo nâabagizi ba nabi nâubu bataramenyekana, abantu 8 barimo umugore umwe bakaba batawe muri yombi mu […]
Rihanna yaba yatandukanye na A$AP Rocky biteguraga kwibarukana imfura?
Amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko umuhanzi Robyn Rihanna Fenty NH yamaze gutandukana na Rakim Mayers uzwi nka A$AP Rocky, umuraperi bakundanaga. Rihanna na A$AP Rocky bikomeje kuvugwa ko batandukanye, mu gihe bombi biteguraga kwibaruka imfura. Intandaro y’itandukana ry’uriya munya-Barbados n’umukunzi we bivugwa ko ari uko biheruka kumenyekana ko A$AP Rocky yamuciye inyuma. […]
Le calendrier de rĂ©ouverture de l’Ă©cole est dĂ©voilĂ©
L’AutoritĂ© nationale des examens et de l’inspection scolaire (NESA) a publiĂ© un calendrier national de transport «de retour Ă l’Ă©cole» pour les Ă©lĂšves en internat. Le troisiĂšme trimestre dĂ©butera le 18 avril et se terminera le 5 juillet. Les responsables de l’Ă©ducation aux niveaux du district et du secteur ont Ă©tĂ© chargĂ©s de superviser les […]
U Butaliyani bwatangaje umusimbura wa Ambasaderi wabwo muri RDC wiciwe i Kibumba

Guverinoma yâu Butaliyani yatangaje umusimbura wa Ambasaderi wayo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Luca Attanasio wiciwe muri gurupoma ya Kibumba muri Teritwari Nyiragongo mu mwaka ushize. Uyu musimbura, Alberto Petrangeli, atangajwe mu gihe hagikorwa iperereza rigamije gutahura abari inyuma yâurupfu rwa Attanasio, ryatangiye ubwo yari amaze kwicwa. Petrangeli ubwo yari amaze gutangazwa, yashimye […]
CD Trofense ya A. Mutsinzi imaze imikino 10 yikurikiranya idatsinda, ishobora kwisanga mu cyiciro cya 3
Ikipe ya CD Trofense ikinamo myugariro Mutsinzi Ange Jimmy w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, ishobora kwisanga mu cyiciro cya gatatu nyuma yo kuzuza umukino wa 10 wikurikiranya idatsinda. Trofense ubu iri kubarizwa ku mwanya wa 15 wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri muri Portugal n’amanota 28 yonyine. Muri iyi shampiyona y’amakipe 18 irarusha Academic Viseu iri mu murongo […]
Uganda: Gen. Bainababo, umugore wa mbere uyoboye Special Forces Command (SFC) ni muntu ki?

Ku itariki ya 12 Mata 2022 nibwo Umugaba wâIkirenga wâIngabo za Uganda ari nawe mukuru wâigihugu, Perezida Museveni, yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare bakuru barimo Brig. Gen. Charity Bainababo, ndetse anabohereza mu myanya bagomba gukoreramo. Charity Bainababo yakuwe ku ipeti rya Colonel agirwa Brig. General ndetse agirwa umuyobozi wungirije wa Special Forces Command (SFC), […]
Tshisekedi yaba yemeye ibiganiro na M23 ku nama za Kagame, Museveni na Kenyatta
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeye kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23 nk’uko ikinyamakuru Jeune Afrique giheruka kubitangaza. Perezida Tshisekedi yemeye ibiganiro n’uyu mutwe, nyuma y’inama aheruka guhuriramo na ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ku itariki ya 08 Mata ni […]
Cases of genocide ideology during commemoration decreases
Latest data from the Rwanda Investigation Bureau (RIB) on genocide ideology and related crimes committed during the week of the 28th commemoration of the 1994 Genocide against the Tutsi (April 7 to 13) shows there were 68 suspects, in 53 case registered. According to the bureau, 43 of these suspects have been detained while 13 […]
Nyaruguru: Bibutse abazize jenoside barenga ibihumbi 30 biciwe i Kibeho

Kuri uyu wa 14 Mata 2022, mu karere ka Nyaruguru bibutse ku nshuro ya 28 inzirakarengane z’Abatutsi basaga ibihumbi mirongo itatu (30,000) biciwe mu Kiliziya ya paruwasi gatolika ya Kibeho no mu nkengero zayo mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko Muhizi Bertin uhagarariye umuryango IBUKA mu karere ka Nyaruguru abivuga, Abatutsi basaga […]
Abantu 68 ni bo baketsweho ingengabitekerezo mu cyumweru cyo kwibuka – RIB
Amakuru aheruka yâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ku ngengabitekerezo ya jenoside nâibyaha bifitanye isano na byo byakozwe mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (kuva ku ya 7 kugeza ku ya 13 Mata) yerekana ko hari abantu 68 bakekwaho icyaha, muri dosiye 53. Nkâuko uru rwego rubitangaza, ngo 43 muri […]
U Rwanda rwavuze ko rudashaka kwakira abimukira bo muri Uganda, RDC, u Burundi na Tanzania
Guverinoma yâu Rwanda yatangaje ko mu bimukira iteganya kwakira hatarimo abaturuka mu bihugu by’ibituranyi ku bw’impamvu z’umutekano. Ku wa Kane tariki ya 14 Mata ni bwo Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza zashyize umukono ku masezerano y’imyaka itanu azatuma u Rwanda rwakira abimukira babarirwa mu bihumbi binjiye ku butaka bw’u Bwongereza mu buryo butemewe. Aya masezerano […]
Umunyamakuru Ntawuyirushamaboko wa BTN yatabarutse
Umunyamakuru CĂ©lestin Ntawuyirushamaboko wa BTN TV yaraye atabarukiye mu bitaro bya Kibagabaga, aho yari amaze igihe gito arwariye. BTN TV mu itangazo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yagize iti: âTuri n’umubabaro mwinshi wo kubamenyesha ko umunyamakuru wacu CĂ©lestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro ryo kuri uyu wa 14 Mata 2022 aguye mu Bitaro […]
Rwanda-UK migration deal under criticism
Critics slam the Rwanda-UK migration deal as unethical and unworkable but UK PM Johnson Boris says it will âsave livesâ and disrupt people-smuggling. âFrom today ⊠anyone entering the UK illegally as well as those who have arrived illegally since January 1 may now be relocated to Rwanda,â Johnson said in a speech on Thursday […]
Igitero cyâabapolisi ba Israel ku Musigiti wa Al Aqsa cyakomerekeyemo abagera ku 100

Abapolisi ba Israel bagabye igitero ku nyubako yâUmusigiti wa Al-Aqsa iherereye mu burasirazuba bwa Yeruzalemu, aho abaganga bavuga ko byibuze Abanyapalestine byibuze 100 bakomerekeye mu ihohoterwa ryakurikiye. Abayisilamu bita kuri uyu musigiti bavuga ko abapolisi ba Israel bahinjiye ku ngufu mbere yâuko bucya neza kuri uyu wa Gatanu (Ijumaa) ibihumbi n’ibihumbi byâabari bagiye gusenga bari […]
HCR yarwanyije amasezerano yo kohereza mu Rwanda abimukira bava mu Bwongereza
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR cyangwa HCR, ryarwanyije ryivuye inyuma umugambi wa guverinoma yâu Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda. Itangazo rya HCR ryamagana uyu mugambi ryasohotse kuri uyu wa 14 Mata 2022 rikurikiye irya guverinoma yâu Bwongereza yari imaze gutangaza ko yamaze kugirana nâu Rwanda amasezerano yo kohereza aba bimukira bagezeyo mu […]
Ukraine irigamba kurohamisha ubwato bwari ikimenyetso cyâimbaraga zâigisirikare cyâu Burusiya

Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yatangaje ko ubwato bwâintambara bwâu Burusiya bwitwa Moskva bwangijwe nâigiturika cyari kirimo ku wa Gatatu bwarohamye, mu gihe Ukraine yemeza ko ari missile zayo zabwangije. Ubutumwa bwa minisiteri buvuga ko Moskva, ubwato bwâintambara bwâAbarusiya bwari icyamamare mu Nyanja yâUmukara bwari burimo kujyanwa ku cyambu igihe “umuyaga ukabije wo mu nyanja waburohamishaga. […]
Ngororero: Bamwe mu bagizwe imfubyi na Jenoside bemeye gushyingiranwa nâabo mu miryango yabiciye
Mu karere ka Ngororero, hari abagizwe imfubyi na Jenoside yakorewe Abatutsi bemeye gushyingiranwa n’abo mu miryango yagize uruhare muri Jenoside, aba bakaba bemeza ko inyigisho za Ndi Umunyarwanda no kuba icyaha ari gatozi, aribyo byatumye bemera gushinga ingo n’abakomoka mu miryango yabahigaga ngo ibice. Mu Murenge wa Ngororero mu kagari ka Kazabe, RBA dukesha iyi […]
Jamaica: Perezida Kagame yaganiriye na opozisiyo yamusabiye umudali wâishimwe

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yaganiriye nâabayobozi bâishyaka PNP (Peopleâs National Party) ritavuga rumwe nâubutegetsi bwa Jamaica, riherutse kumusabira umudali wâishimwe. Umukuru wâIgihugu ubwo yari ategerejwe muri Jamaica, Umuvugizi wa PNP ku rwego rwâububanyi nâamahanga, Lisa Hanna, yagiranye ikiganiro nâigitangazamakuru Jamaica Gleaner, ashimira imiyoborere ye. Hanna yagize ati: âPolitiki ye yatumye ubukungu nâimibereho […]
Boris Johnson yiteguye urugamba rw’amategeko ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Boris Johnson, yatangaje ko icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira bageze mu gihugu cyabo mu buryo butemewe nâamategeko, gishobora kugezwa mu nkiko. Kuri uyu wa 14 Mata 2022, Boris yatangarije abanyamakuru isinywa ryâamasezerano ku bimukira nâiterambere ryâubukungu hagati ya guverinoma yâu Bwongereza nâiyâu Rwanda. Mu ijambo yabagejejeho, yabasobanuriye mu buryo burambuye […]