Medvedev yahishuye icyo u Burusiya buzihutira gukora mu gihe Sweden na Finland byajya muri NATO

Dmitry Medvedev wasimbuwe na Perezida Vladimir Putin ku butegetsi mu Burusiya ubu akaba ari umuyobozi wungirije w’akanama k’igihugu gashinzwe umutekano, yahishuye icyo igihugu cye kizihutira gukora mu gihe Sweden na Finland byakwinjira mu muryango NATO. Mu butumwa yatambukije ku muyoboro we wa Telegram kuri uyu wa 14 Mata 2022, Medvedev yavuze ko ibi bihugu byombi […]

Gasogi United yisasiye Kiyovu Sports, ihesha APR FC amahirwe yo kwisubiza umwanya wa mbere

Ikipe ya Gasogi United kuri uyu wa Gatanu yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, ihesha APR FC amahirwe yo kongera gufata umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona. Iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yari yakiriye Kiyovu Sports mu mukino w’agapingane w’umunsi wa 23 wa shampiyona yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino […]

Ikiremwamuntu cyatangiye kwishyura gikoresheje microship iteye mu mubiri

_124068728_patrick-xled.jpg

Patrick Paumen, Umuholandi wimyaka 37, agira ububabare igihe cyose yishyuye ikintu mu iduka cyangwa muri resitora. Ntabwo akeneye gukoresha amafaranga, ikarita ya banki cyangwa terefone igendanwa kugirango yishyure. Ahubwo, ashyira ikiganza cye cy’ibumoso hafi y’akuma gasoma ikarita iri mu mubiri we ubwo akaba arishyuye. Uyu mukozi ushinzwe umutekano, Paumen, ashobora kwishyura akoresheje ukuboko kwe gusa […]

Rihanna yaba yatandukanye na A$AP Rocky biteguraga kwibarukana imfura?

Amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko umuhanzi Robyn Rihanna Fenty NH yamaze gutandukana na Rakim Mayers uzwi nka A$AP Rocky, umuraperi bakundanaga. Rihanna na A$AP Rocky bikomeje kuvugwa ko batandukanye, mu gihe bombi biteguraga kwibaruka imfura. Intandaro y’itandukana ry’uriya munya-Barbados n’umukunzi we bivugwa ko ari uko biheruka kumenyekana ko A$AP Rocky yamuciye inyuma. […]

Le calendrier de rĂ©ouverture de l’Ă©cole est dĂ©voilĂ©

L’AutoritĂ© nationale des examens et de l’inspection scolaire (NESA) a publiĂ© un calendrier national de transport «de retour Ă  l’Ă©cole» pour les Ă©lĂšves en internat. Le troisiĂšme trimestre dĂ©butera le 18 avril et se terminera le 5 juillet. Les responsables de l’Ă©ducation aux niveaux du district et du secteur ont Ă©tĂ© chargĂ©s de superviser les […]

U Butaliyani bwatangaje umusimbura wa Ambasaderi wabwo muri RDC wiciwe i Kibumba

petr.jpg

Guverinoma y’u Butaliyani yatangaje umusimbura wa Ambasaderi wayo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Luca Attanasio wiciwe muri gurupoma ya Kibumba muri Teritwari Nyiragongo mu mwaka ushize. Uyu musimbura, Alberto Petrangeli, atangajwe mu gihe hagikorwa iperereza rigamije gutahura abari inyuma y’urupfu rwa Attanasio, ryatangiye ubwo yari amaze kwicwa. Petrangeli ubwo yari amaze gutangazwa, yashimye […]

Uganda: Gen. Bainababo, umugore wa mbere uyoboye Special Forces Command (SFC) ni muntu ki?

charity.jpg

Ku itariki ya 12 Mata 2022 nibwo Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda ari nawe mukuru w’igihugu, Perezida Museveni, yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare bakuru barimo Brig. Gen. Charity Bainababo, ndetse anabohereza mu myanya bagomba gukoreramo. Charity Bainababo yakuwe ku ipeti rya Colonel agirwa Brig. General ndetse agirwa umuyobozi wungirije wa Special Forces Command (SFC), […]

Tshisekedi yaba yemeye ibiganiro na M23 ku nama za Kagame, Museveni na Kenyatta

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeye kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23 nk’uko ikinyamakuru Jeune Afrique giheruka kubitangaza. Perezida Tshisekedi yemeye ibiganiro n’uyu mutwe, nyuma y’inama aheruka guhuriramo na ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ku itariki ya 08 Mata ni […]

Cases of genocide ideology during commemoration decreases

Latest data from the Rwanda Investigation Bureau (RIB) on genocide ideology and related crimes committed during the week of the 28th commemoration of the 1994 Genocide against the Tutsi (April 7 to 13) shows there were 68 suspects, in 53 case registered. According to the bureau, 43 of these suspects have been detained while 13 […]

Nyaruguru: Bibutse abazize jenoside barenga ibihumbi 30 biciwe i Kibeho

img-20220415-wa0016.jpg

Kuri uyu wa 14 Mata 2022, mu karere ka Nyaruguru bibutse ku nshuro ya 28 inzirakarengane z’Abatutsi basaga ibihumbi mirongo itatu (30,000) biciwe mu Kiliziya ya paruwasi gatolika ya Kibeho no mu nkengero zayo mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko Muhizi Bertin uhagarariye umuryango IBUKA mu karere ka Nyaruguru abivuga, Abatutsi basaga […]

Abantu 68 ni bo baketsweho ingengabitekerezo mu cyumweru cyo kwibuka – RIB

Amakuru aheruka y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku ngengabitekerezo ya jenoside n’ibyaha bifitanye isano na byo byakozwe mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (kuva ku ya 7 kugeza ku ya 13 Mata) yerekana ko hari abantu 68 bakekwaho icyaha, muri dosiye 53. Nk’uko uru rwego rubitangaza, ngo 43 muri […]

U Rwanda rwavuze ko rudashaka kwakira abimukira bo muri Uganda, RDC, u Burundi na Tanzania

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu bimukira iteganya kwakira hatarimo abaturuka mu bihugu by’ibituranyi ku bw’impamvu z’umutekano. Ku wa Kane tariki ya 14 Mata ni bwo Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza zashyize umukono ku masezerano y’imyaka itanu azatuma u Rwanda rwakira abimukira babarirwa mu bihumbi binjiye ku butaka bw’u Bwongereza mu buryo butemewe. Aya masezerano […]

Umunyamakuru Ntawuyirushamaboko wa BTN yatabarutse

Umunyamakuru CĂ©lestin Ntawuyirushamaboko wa BTN TV yaraye atabarukiye mu bitaro bya Kibagabaga, aho yari amaze igihe gito arwariye. BTN TV mu itangazo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yagize iti: “Turi n’umubabaro mwinshi wo kubamenyesha ko umunyamakuru wacu CĂ©lestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro ryo kuri uyu wa 14 Mata 2022 aguye mu Bitaro […]

Rwanda-UK migration deal under criticism

Critics slam the Rwanda-UK migration deal as unethical and unworkable but UK PM Johnson Boris says it will ‘save lives’ and disrupt people-smuggling. “From today 
 anyone entering the UK illegally as well as those who have arrived illegally since January 1 may now be relocated to Rwanda,” Johnson said in a speech on Thursday […]

Igitero cy’abapolisi ba Israel ku Musigiti wa Al Aqsa cyakomerekeyemo abagera ku 100

000_328d2fc.jpg

Abapolisi ba Israel bagabye igitero ku nyubako y’Umusigiti wa Al-Aqsa iherereye mu burasirazuba bwa Yeruzalemu, aho abaganga bavuga ko byibuze Abanyapalestine byibuze 100 bakomerekeye mu ihohoterwa ryakurikiye. Abayisilamu bita kuri uyu musigiti bavuga ko abapolisi ba Israel bahinjiye ku ngufu mbere y’uko bucya neza kuri uyu wa Gatanu (Ijumaa) ibihumbi n’ibihumbi by’abari bagiye gusenga bari […]

HCR yarwanyije amasezerano yo kohereza mu Rwanda abimukira bava mu Bwongereza

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR cyangwa HCR, ryarwanyije ryivuye inyuma umugambi wa guverinoma y’u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda. Itangazo rya HCR ryamagana uyu mugambi ryasohotse kuri uyu wa 14 Mata 2022 rikurikiye irya guverinoma y’u Bwongereza yari imaze gutangaza ko yamaze kugirana n’u Rwanda amasezerano yo kohereza aba bimukira bagezeyo mu […]

Ukraine irigamba kurohamisha ubwato bwari ikimenyetso cy’imbaraga z’igisirikare cy’u Burusiya

_124170663_7e5d019e-5439-4a90-858a-b2b658568c2c.jpg

Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko ubwato bw’intambara bw’u Burusiya bwitwa Moskva bwangijwe n’igiturika cyari kirimo ku wa Gatatu bwarohamye, mu gihe Ukraine yemeza ko ari missile zayo zabwangije. Ubutumwa bwa minisiteri buvuga ko Moskva, ubwato bw’intambara bw’Abarusiya bwari icyamamare mu Nyanja y’Umukara bwari burimo kujyanwa ku cyambu igihe “umuyaga ukabije wo mu nyanja waburohamishaga. […]

Jamaica: Perezida Kagame yaganiriye na opozisiyo yamusabiye umudali w’ishimwe

golding.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yaganiriye n’abayobozi b’ishyaka PNP (People’s National Party) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Jamaica, riherutse kumusabira umudali w’ishimwe. Umukuru w’Igihugu ubwo yari ategerejwe muri Jamaica, Umuvugizi wa PNP ku rwego rw’ububanyi n’amahanga, Lisa Hanna, yagiranye ikiganiro n’igitangazamakuru Jamaica Gleaner, ashimira imiyoborere ye. Hanna yagize ati: “Politiki ye yatumye ubukungu n’imibereho […]

Boris Johnson yiteguye urugamba rw’amategeko ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yatangaje ko icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira bageze mu gihugu cyabo mu buryo butemewe n’amategeko, gishobora kugezwa mu nkiko. Kuri uyu wa 14 Mata 2022, Boris yatangarije abanyamakuru isinywa ry’amasezerano ku bimukira n’iterambere ry’ubukungu hagati ya guverinoma y’u Bwongereza n’iy’u Rwanda. Mu ijambo yabagejejeho, yabasobanuriye mu buryo burambuye […]