Mu bihugu 2 by’ibihangange, njye nzi kimwe gusa, ni u Rwanda- Gen. Mubaraka
Gen Mubaraka Muganga avuga ko mu bihugu by’ibihangange azi, u Rwanda ruza ku isonga, umwanya wa kabiri ugahatanirwa n’ibindi bihugu bitandukanye. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagejeje ku rubyiruko, rwibumbiye muri AERG na GAERG, imiryango yombi ihuza urubyiruko rwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwo basozaga igikorwa bise AERG/GAERG week, mu karere ka Nyagatare. Avuga ubutwari bw’ingabo z’u […]
Kigali: Abasukuti baribuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Abasukuti bo mu karere ka Nyarugenge bateguye igikorwa cyo kwibuka abasukuti bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banazirikana uburyo abasukuti batigeze bijandika muri jenoside. Icyo gikorwa kiratangirwa n’urugendo rugana ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Komiseri w’Abasukuti mu karere ka Nyarugenge, Kwisanga Janvier yabwiye Bwiza.com, ko bateguye uwo munsi mu rwego rwo […]
Ibintu 10 abagore baba bifuza ku bagabo babo
Iyo umugore n’umugabo babana si ko bose baba bahuza ku byifuzo by’uko umwe yifuza ko undi yitwara, mu gihe abagabo mu mitwe yabo akenshi haba hibereyemo amafaranga n’iterambere, abagore bo usanga buri kantu kose bagatekerezaho, bakanagaha agaciro, dore ibintu umugore buri gihe aba yifuza ku mugabo we, umuntu ni mugari ariko hari bimwe mu bishoboka: […]
Rusizi: Inyubako yuzuye ku mupaka wa Rusizi ya mbere igiye guca akajagari
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi, abashoramari bishyize hamwe bakubaka inyubako igezweho y’ubucuruzi bwambukiranya imipaka ku mupaka wa Rusizi ya mbere kimwe n’abacuruzi b’Abanyarwanda n’abanyekongo bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, barahuriza ku cyizere cy’iterambere mu ishoramari ryambukiranya imipaka rigiye kuzanwa n’iyi nyubako, n’icibwa ry’akajagari mu bucuruzi. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umwe mu bashoramari bishyize hamwe bakubaka iyi gotofa igeretse […]
Uganda: Imodoka ikomoka mu Rwanda yateje impanuka yaguyemo barindwi
Imodoka ifite ibirango byo mu Rwanda[pulaki] RAC 374 T iravugwaho guteza impanuka yaguyemo abantu 7 i Masaka muri Uganda. Iyo mpanuka yabaye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Gicurasi 2017, igeze ahitwa i Mpugwe mu muhanda Kampala-Masaka nkuko Daily Monitor yabitangaje. Umuvugizi wa polisi mu gace ka Masaka, Lameck Kigozi yatangaje ko […]
EAC: Impungenge z’umutekano ntizibuza ibihugu bimwe kugabanya amafaranga bishora mu gisirikare
Raporo ngarukamwaka ya Loni n’iy’ikigo cy’abanyasuwede gikora ubushakashatsi ku mahoro, igaruka cyane ku mutekano mu bihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, kubera ikibazo cy’umutekano muke ukomeza kugaragara muri ibi bihugu byagiye byongera ku buryo bugaragara ingengo y’imari mu bikorwa bya gisirikare. Iyi raporo igaragaza uko ibihugu byagiye byongera ingengo y’imari ijya mu bikorwa bya gisirikare muri ubu […]
Abayoboke ba Agathon Rwasa babwiwe ko utazajya muri CNDD FDD azicwa
Abayoboke b’ishyaka FNL rya Agathon Rwasa, utavuga rumwe na Leta y’u Burundi akorera, batangaje ko bashyirwa ku iterabwoba ko utazemera kuva ku izima akajya mu ishyaka riri ku butegetsi (CNDD FDD) azicwa akajugunywa mu mugenzi. Abo ni abatuye muri segiteri ya Rubira, muri Musenyi ho muri komini Mpanda, Intara ya Bubanza. Ababashyiraho iterabwoba ni Imbonerakure […]
Umusirikare kabuhariwe wa Amerika yishwe na Al Shabaab muri Somalia
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kivuga ko umusirikare wacyo kabuhariwe (special forces) yishwe abandi babiri barakomereka mu mirwano n’umutwe wa Al Shabaab. Urwandiko rwasohowe n’igisirikare cya Amerika, ishami rishinzwe Afurika, rugaragaza ko iyo mirwano yabereye hafi ya Barii, nko ku birometero mirongo itandatu uvuye i Mogadishu, ubwo abo basirikare bafashaga ingabo za leta […]
Amabanki ntabwo ari imibare gusa, ni ugufasha abaturage bacu kugera ku ndoto zabo- Perezida Kagame
Hizihizagwa isabukuru y’imyaka 50, Banki ya Kigali imaze ishinzwe, umukuru w’igihugu ni we wari umushyitsi mukuru muri ibyo birori, yasabye amabanki gufasha abaturage kugera ku ndoto zabo. Iyi sabukuru y’imyaka 50, yizihijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Gicurasi 2017, umugoroba w’iyi tariki waranzwe n’ umuhango w’isangira ryo kwizihiza iyi imyaka 50. Mu ijambo […]
Kigali: Azaguma ku muhanda kugeza abonye umwomora igikomere yatewe na se
Mukwizera Janvier, umwana w’umuhugu w’imyaka 18 y’amavuko ni umwe mu barokotse urupfu rwahitanye bagenzi be batatu baherutse gupfa bakongowe n’umuriro polisi igishakisha inkomoko yawo, aho bari muri ruhurura imbere y’inyubako ya CHIC, mu Mujyi wa Kigali. Umwana w’umuhungu ubona yitaweho yavamo umugabo nyawe, yabwiye Bwiza.com ko bimwe mu byatumye arokoka iyo mpanuka, ari uko we […]
Kigali:Ibigo 4 byatangaga serivisi z'umutekano byahagaritswe
Polisi y’u Rwanda irasaba Ibigo by’abikorera bitanga serivisi z’umutekano gukora kinyamwuga, byubahiriza amategeko n’amabwiririza abigenga kugira ngo birusheho gutanga serivisi nziza; naho abashaka gukora iyo mirimo bagasaba impushya inzego zibishinzwe; kandi bagatangira kuyikora bamaze guhabwa ibyangombwa. Ubu butumwa butanzwe nyuma y’aho bigaragariye ko hari bimwe mu Bigo bitanga izi serivisi bikora nta byangombwa bifite. Iyo […]