Rubavu: Abagore mu matsinda 113 yo kuzigama bageze kuri miliyoni 100 mu gihembwe

Abagore bo mu karere ka Rubavu bahagurukiye kwibumbira mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya ngo biteze imbere. Nk’uko bitangazwa na Ndakengerwa Moise ushinzwe izamurabukungu mu kigo Vision Jeunesse Nouvelle cyatangije uwo mugambi, amatsinda amaze kuba 113 yiganjemo abagore, ngo muri iki gihembwe cya mbere bageze kun bwizigame bw’amafaranga 102,864,984. Buri tsinda riba rigizwe nibura n’abantu […]

Mu mafoto: Reba indege zabayeho n’izigihari zakozwe mu buryo bw’igitangaza

Uko imyaka ihita indi igataha niko inganda zikora indege zigenda zivugurura zirushaho gukomeza imikorere ari nako rimwe na rimwe zagiye zikora indege ureba ukabona ziratangaje bitewe n’ukuntu zubatswe. Ni muri urwo rwego twifashishije urubuga knowledgedish.com twifuje kubereka amafoto y’indege zabayeho n’izigihari zitangaje. Reba amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Ntabwo twari tuzi iby’igitero ku mpunzi y’Umunyarwanda — Igipolisi cya Uganda

Igipolisi cya Uganda cyahakanye ko hari impunzi z’Abanyarwanda ziherutse kurokoka gushimutwa muri iki cyumweru mu gace ka Ntinda muri Kampala. Umwe muri izi mpunzi z’Abanyarwanda utifuje ko imyirondoro ye ijya ahagaragara ku mpamvu z’umutekano we, yavuze ko yagabweho igitero ubwo biteguraga kugeza ubwishingane bwabo ku muyobozi w’inteko ishinga amategeko ku bikorwa byo kubashimuta ngo bamaze […]

Arusha: Amayobera ku cyizere kivugwa ku biganiro by’ amahoro ku Burundi

Nubwo ibiganiro by’ amahoro ku kibazo cy’ u Burundi bibera I Arusha muri Tanzania byakomeje guhura n’ ibibazo byinshi, kuri iyi nshuro ya 4 ibyari amata bishobora kuzabyara amavuta. Ibi biganiro bitangiye gutanga icyizere mu gihe opozisiyo itavuga rumwe na Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza itari yizeye ko ari ikintu kizima kizamo kuko Ihuriro CNARED […]

Mu mafoto: Reba indege zabayeho n’izigihari zakozwe mu buryo bw’igitangaza

Uko imyaka ihita indi igataha niko inganda zikora indege zigenda zivugurura zirushaho gukomeza imikorere ari nako rimwe na rimwe zagiye zikora indege ureba ukabona ziratangaje bitewe n’ukuntu zubatswe. Ni muri urwo rwego twifashishije urubuga knowledgedish.com twifuje kubereka amafoto y’indege zabayeho n’izigihari zitangaje. Reba amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”]   Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse […]

Kivuye na Rurembo: Kumenya itegeko rishya ry’umuryango byabateje imbere

Abatuye imirenge ya Kivuye mu karere ka Burera na Rurembo muri Nyabihu, bavuga ko basobanukiwe uburinganire, ngo kuba umugore n’umugabo bombi ari abayobozi b’umuryango byatumye ingo zabo zitera imbere. -Narikanze na bagenzi banjye, twumva abagore badufatanye igihugu -Urugo rw’iganzwa rutera imbere, kwa “mfite ijamboo” na “ndavuze ngo”, abana ntibiga, ntibarya, ntibakaraba, bariba,… -Itegeko ryaje rirengera […]

Ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize EAC n’ahandi hasigaye burarushaho kugenda buzamba

Raporo yo muri uku kwezi ku bucuruzi n’ishoramari mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) iravuga ko ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize uyu muryango n’ahandi hasigaye ku Isi bwagabanyutseho 19,5% mu myaka ibiri ikurikiranye mu 2016. Umwaka ushize, ubucuruzi rusange muri aka karere busanzwe bukomeye muri Afurika bwagabanutse bukagera kuri miliyari 44,6 z’Amadolari, mu gihe mu 2015 […]

Perezida Museveni ashinjwa kugurisha intwaro Sudani y’Epfo

Raporo y’ indorerezi za Loni iherutse gushyirwa ahabona, yemeje ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agurisha intwaro Leta ya Sudani y’ Epfo. Izi ndorerezi zatangaje ko ku itariki ya 29 Kanama 2017, hari indege nini cyane ipakira imizigo yo mu bwoko bwa Cargo yapakiye amatoni 31 y’ intwaro n’ amasasu yahagurutse Entebbe igwa i […]

Nigeria yatangiye gukura abaturage bayo muri Libya

Perezida wa Nigeria, kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye gucyura abaturage bacyo bari baraheze muri Libya nyuma y’aho isi yose ihagurukiye ikamagana icuruzwa ry’abimukira bajya gukoreshwa ubucakara. Ibi perezida Muhammadu Buhari yabitangaje nyuma y’iminsi mikeya televiziyo ya CNN igaragaje amashusho agaragaza abagabo b’abimukira bari kugurishwa muri Libya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverinoma yemewe na […]

Gucika intege kw'abatubuzi byatumye Ibirayi bihenda

Igiciro cy’ibirayi gikomeje guhora hejuru muri Kigali n’ahandi ku buryo biribwa n’uwifite. Zimwe mu mpamvu zivugwa n’abahinzi n’abafatanyabikorwa mu buhinzi, ni imbuto iboneka ihenze, kuko abatubuzi bacibwa intege n’inzira ndende ibaganisha mu gihombo bagahitamo ubuhinzi kurusha ubutubuzi. Ari kwa Mutangana, mu Kiyovu cy’abakene, ku Kinamba na Camp Ninja(Kacyiru) mu mujyiwa Kigali), nta kirayi kigura munsi […]

Koreya ya Ruguru yageze ku ntego yo gukora igisasu yatera aho ishaka hose muri Amerika

Koreya ya Ruguru itangaza ko yageze ku ntego yifuzaga yo gukora igisasu cya kirimbuzi gishobora kurasa aho ari ho hose ku butaka bwa Amerika. Televiziyo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru, yatangaje ko icyo gisasu cyitwa Hwasong-15, gifite ingufu nyinshi cyane, kikaba cyageragejwe mu gitondo cyo ku wa 29 Ugushyingo 2017. Iki gisasu cyarashwe mu mazi […]

Umugambi ubushinjacyaha bwatumwe ni uwo kuturimburira mu gihugu cya gereza — Ntirutwa

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusaba urukiko indi minsi 30 yo gukomeza gufunga by’agateganyo abayoboke ba FDU-Inkingi bakurikiranweho ibyaha birimo kurema no gukorana n’imitwe y’abagizi ba nabi. Abaregwa bo bakaba bashinja ubushinjacyaha gukorera ishyaka riri ku butegetsi. Abaregwa bose uko ari batatu;Theophile Ntirutwa, ukuriye FDU-Inkingi mu Mujyi wa Kigali, Venant Abayisenga ukuriye FDU muri Rubavu, na […]

Ibyo ushobora guhura nabyo mu gihe wakunda umuntu ukamwimariramo cyane

Burya ngo ijambo ry’uwo ukunda rishobora gutuma wirirwa neza iteka ibyo akubwiye usanga binyuze umutima, ariko iyo bibaye ikinyuranyo ijambo ry’uwo mwatandukanye rikuraza ijoro ukanuye, ibyo akubwiye bigushengura umutima rimwe na rimwe hakazamo no gukomeretswa bamwe bagashenguka imitima bagata ibiro abandi bigaramiye. Niyo mpamvu Bwiza.com yabakusanyirije ibibi ushobora guhura nabyo mu gihe wimariyemo umuntu ukamuha […]

Sudani: Al-Bashir yamaganye umugambi wa USA wo gucamo igihugu cye ibice bitanu

Nyuma yaho ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba (EAC) bitangarije ko bishyigikiye Perezida wa Sudani, Omar al-Bashir yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite intego yo kugabanyamo igihugu cye ibice 5. Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo y’ igihugu cye, Bashir yagize ati “Tumaze kumenya ko Leta ya Amerika yifuza kongera gucamo ibice bitanu […]

Ruhango: Guhezwa ku mitungo y’urugo ku bagore, ihohoterwa riza ku isonga

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buvuga ko aka karere kugarijwe n’ikibazo cy’ihohoterwa rigikorerwa abagore, bagahezwa ku mitungo y’urugo n’abagabo babo, ari naryo hohoterwa riza ku isonga mu yandi. Rugendo Byiringiro Jean, umukozi w’akarere ka Ruhango ushinzwe uburinganire n’iterambere ry’umuryango, avuga ko kimwe n’ahandi hirya no hino mu gihugu, no mu karere ka Ruhango hakigaragara ihohoterwa, ariko […]

RDC: Abasirikare n’abapolisi basubiranyemo bapfa imifuka 10 y’urumogi

Abashinzwe iperereza mu gisirikare cya FARDC muri weekend ishize ngo basubiranyemo na bagenzi babo b’abapolisi bakorera ahitwa Yamangomia, muri Teritwari ya Basoko bapfa imifuka y’urumogi yafashwe n’iki gipolisi. Amakuru yizewe agera kuri Radio Okapi dukesha iyi nkuru aravuga ko byose byatangiriye kuwa Gatandatu ushize kuri bariyeri ya polisi ya Yamongomia ubwo hafatwaga umuntu ufite imifuka […]