Inzobere zâabaganga bâAbanyamerika zigiye kumara iminsi 10 mu Rwanda zivura umwingo nâibibari
Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 12 Gicurasi 2018, nibwo inzobere zâabaganga bâAbanyamerika basesekaye ku kibuga cyâindege cya Kigali i Kanombe, bakaba bazamara iminsi 10 mu Rwanda bavura umwingo nâibibari. Aba baganga bazaba bavurira mu bitaro bya Gitwe biherereye mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bwabyo bukavuga ko bizeye ko hari umubare munini wâabarwayi […]
Nyamasheke: Mu mirenge ya Kanjongo na Bushekeri hatoraguwe imbunda abaturage bahinga
Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko mu mirenge ya Kanjongo na Bushekeri mu karere ka Nyamasheke gutoraguwe imbunda abaturage bahinga, ngo bikaba bigaragara ko aho zakuwe zahatabwe mu myaka ishize binagendanye nâibihe igihugu cyanyuzemo, zikaba zitoraguwe hashize iminsi mike cyane no mu murenge wa Bushenge muri aka karere hatoraguwe gerenade mu gitsinsi cyâinsina ubwo nanone […]
Bidasubirwaho, perezida Trump agiye guhura na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru
Perezida wâAmerika Donald Trump yatangaje ko bitarenze ukwezi kwa Kamena aba yabonanye na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un bakaganira amaso ku maso ibyerekeye ibitwaro bya kirimbuzi. Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, perezida Donald Trump yagize ati âNiduhura bizaba ari ibihe bidasanzwe kuko tuzaganira ibintu bifitiye isi umumaro bigamije kuyigarurira amahoro.â Perezida […]
Kanyinya: Bifuza kubona imibiri yâababo bishwe muri jenoside bakabashyingura mu cyubahiro
Ubwo abaturage bo mu murenge wa Kanyinya wo mu karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bibukaga ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, basabye ko bafashwa kubona imibiri y’ababo bishwe muri jenoside bagashyingura mu cyubahiro. Umuhango wo kwibuka wabaye mu mpera zâicyumweru gishize, utangizwa nâurugendo rwo kwibuka nyuma haba ibiganiro nâubuhamya bwatanzwe nâabaturage bari batuye […]
Umuhanzi Davido mu nzira zihagarika umuziki burundu
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido akomoka mu gihugu cya Nigeriya yatangaje ko agiye guhagarika umuziki akareba ibindi yerekezamo mu gihe cya vuba. Ubwo yaganiraga nâitangzamakuru umuhanzi Davido wavutse 21 Ugushyingo 1992 kuri ubu ufite imyaka 25 yatangaje ko niyuzuza imyaka 30 azahita ahagarika umuziki burundu bivuzeko  yihaye igihe kingana nâimyaka 5 akora umuziki Yagize […]
Rayon Sports yageze i Dar Es Salam yakirwa mu buryo bukomeye -Amafoto
Rayon Sports yahagurutse hano mu Rwanda i saa tanu n’igice z’igicuku yerekeza i Dar Es Salam ho muri Tanzaniya kuri uyu wa 14 Gicurasi 2018 aho yahagurukanye abakinnyi 18 bazakurwamo abazakina na Young Africans mu marushanwa ya CAF Confederation cup ndetse abakinnyi bose bakaba bamaze kuhagera Ni nyuma yaho ikipe ya Rayon Sports inganyirije i […]
Umugore wa perezida Trump, Melania ari mu bitaro
Umugore wa perezida wâAmerika, Melania Trump ari mu bitaro aho agomba kumara iminsi 7 akurikiranwa nâabaganga ku ndwara yâimpyiko. Melania wâimyaka 48 yoherejwe mu bitaro bya Walter Reed medical center biherereye mu mujyi wa Bethesda guhera kuwa mbere wâiki cyumweru, nyuma yo kubona ko impyiko ze zitameze neza, ubu akaba ari kugurikiranwa nâabaganga bâinzobere. Ikinyamakuru […]
Rubavu: Abayobozi bavuga ko hakiri aboshya abaturage kubyara bagamije kuzuza isi
Nyuma yâuko bigaragaye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bikirangwamo ibibazo byâimirire mibi, abayobozi batandukanye bahagurukiye iki kibazo ndetse banashakisha uburyo cyacika burundu. Ni muri urwo rwego mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe ubuzima bwâumubyeyi nâumwana mu Rwanda abaminisitiri barimo uwâubuzima, Diane Gashumba ndetse na Minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango Nyirasafari Esperance basuye abaturage ba […]
Yerusalemu: Abagera kuri 52 bamaze kugwa mu myigaragambyo yakuruwe na Amerika yimuye ambasade yayo
Abantu bagera kuri 52 ni bo bamaze kubarurwa ko baguye mu bikorwa byâimyivumbagatanyo hagati ya Israel na Parestine ubwo Amerika yari mu bikorwa byo gufungura ku mugaragaro ambasade yayo mu mujyi wa Yerusalemu. BBC dukesha iyi nkuru iravuga ko ingabo za Israel ari zo zamennye urufaya rwâamasasu ku baturage ba Palestine ubwo bari mu myigaragambyo, […]
Burundi: Loni ibabajwe nâubwicanyi bwahitanye abantu 26 mu Ntara ya Cibitoke
Intumwa idasanzwe mu Burundi yâUmunyamabanga mukuru wâumuryango wâAbibumbye, Michel Kafando, atangaza ko bababajwe kandi banenga ubwicanyi bwakorewe abaturage bo mu Ntara ya Cibitoke bugahitana abuzima bwâabantu 26. Ni ubwicanyi bwakozwe ku wa 11 Gicurasi 2018, abantu 26 bicishwa ibyuma nâamasasu, abandi benshi barakomereka. Mu itangazo iyi ntumwa ya Loni mu Burundi, yasohoye ku wa 12 […]
Nabyaranye na musaza wanjye, tubimenya nyuma ko tuva inda imwe kubera amakosa yakozwe nâababyeyi bacu
Muraho neza, dushimishwa nâinama mutugira umunsi ku munsi, ni nayo mpamvu na njye nifuza ko munsangiza kuri ibyo bitekerezo byâisanamitima dore ko abenshi tuba twarumiwe. Nitwa Nikuze, iwacu ni mu karere ka Kicukiro, nashatse umugabo mu mwaka wa 2016, tubana ariko tudasezeranye, ubu mfite umwana wâimyaka ibiri ariko naje gutungurwa nâuko nabyaranye na musaza wanjye. […]
Meya wa Rusizi yeguye âgisukutiâ, nyobozi yâudushya i Nyabihu irarembereye
Ku Cyumweru tariki ya 13 Gicurasi 2018, nibwo humvikanye iyegura rya Meya wa Rusizi, Harerimana Frederic, ariko yabyitwayemo gisukuti kuko atabihishe cyangwa ngo bimutere ipfunwe nkâabandi. Hari hashize kandi igihe gito, nyobozi yose ya Nyabihu na Gitifu wayo bakuyemo akabo karenge, nabo bakaba barakunze kurangwa nâudushya abâubu bita âkwinyuramoâ. Harerimana Frederic yakuriye mu gisukuti. Yawubereye […]
Polisi igiye guha abaturage amashanyarazi inubake ibiro byâimidugudu mu cyumweru cyayihariwe
Uyu mwaka, icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi kiratangira ku itariki ya 15 Gicurasi kizagere kuwa 16 Kamena, ubwo Polisi yâu Rwanda izizihiza isabukuru yâimyaka 18 imaze ishinzwe, uku kwezi kwahariwe ibikorwa byayo, guha abaturage amashanyari batishoboye kubaka ibiro byâimidugudu nibindi, kukaba gufite insanganyamatsiko igira itiâImyaka 18 yâubufatanye mu kubungabunga umutekano: Duture mu mudugudu utarangwamo icyaha.â […]