U Bufaransa: Intambara y’ igitangazamakuru n’ ubutabera k’ ubwicanyi bwo mu Bisesero
Abajenerari batatu b’ U Bufaransa baregwa kugira uruhare ubwicanyi bwakorewe mu Bisesero muri jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, bareze ikinyamakuru Mediartpart kwiba inyandiko zibashinja. Aba bajenerari Jean-Claude Lafourcade, Marin Gillier na Jacques Rosier bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi mu misozi ya Bisesero ku itariki 27 na 30 Kamena 1994 aho ingabo z’ […]
Bobi Wine yatangaje impamvu yatumye yinjira muri politiki
Nyuma yo gukubitwa na Polisi yo muri Uganda no kuva kwivuza muri Leta Zunze za Amerika, Depite Kyagulani Robert wamenyekanye cyane ku izina rya Bobi Wine yatangaje impamvu yatumye atangira urugamba rwo guharanira impinduka mu gihugu cye. Bobi Wine yasubije ibibazo bitandukanye mu kiganiro yagiranye na NTV yo muri Kenya iwe mu rugo I Kampala. […]
Bus zishaje zitwara abanyeshuri zigiye guhagurukirwa n’igipolisi
Igipolisi cy’U Rwanda gishinzwe umutekano wo mu mihanda kirahamagarira ba nyiri ibigo by’ubwikorezi n’abashinzwe kubicunga kugira uruhare mu gutuma imodoka zabo ziguma ku murongo w’izemerewe gutwara abantu, aho bivugwa ko bus zitwara abanyeshuri zishaje zigiye gukurwa mu muhanda. Umuvugizi w’igipolisi gishinzwe umutekano mu muhanda (Traffic Police), SSP Jean Marie Vianney Ndushabandi yavuze ko rimwe na […]
France: Hatangiye iperereza ku ibura ry’umuyobozi w'Igipolisi Mpuzamahanga
Umushinwa Meng Hongwei, ukuriye Igipolisi Mpuzamahanga (Interpol) amaze icyumweru aburiwe irengero, ibintu biri gufatwa n’ubugambanyi. Uyu akaba yarabuze ava mu Bufaransa ajya iwabo mu Bushinwa ku itariki 29 Nzeri nk’uko amakuru avuga. Abayobozi b’u Bufaransa batangiye iperereza ku ibura rya Meng Hongwei nyuma y’aho umugore we agannye ubuyobozi muri Lyon ku cyicaro cya Interpol akabamenyesha […]
Impamvu yatumye Justin Bieber ashaka byihuse
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu yatumye Justin Bieber ashakana byihuse  n’umunyamideri, Hailey Baldwin mu mpera z’ukwezi gushize. Umuntu wa hafi  ya Justin Bieber yabwiye ikinyamakuru Hollywoodlife dukesha iyi nkuru kivuga ko Justin Bieber yabikoze mu rwego rwo kugira ngo habeho igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina  hagati ye na Hailey kuko ngo imyemerere yabo bombi itabibemereraga mu gihe […]
Icyo Ingabire na Me Ntaganda bavuze nyuma y’irekurwa rya Diane Rwigara na nyina
Umunyapolitiki Ingabire Victoire uherutse gufungurwa ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma y’imyaka 8 ari muri gereza kuri uyu wa Gatanu, itariki 05 Ukwakira, nyuma y’ifungurwa ry’agateganyo rya Diane Rwigara na nyina, Mukangemanyi Adeline, yashimye iki cyemezo cy’urukiko avuga ko hari intambwe ubutegetsi bw’U Rwanda butangiye gutera kandi ishimishije yo gufungura urubuga rwa politiki. Ingabire […]
Diamond ni isukari y’abagore beza- Guverineri wa Dar Es- Salaam
Guverineri w’Intara ya Dar Es Salaam, Paul Makonda yatangaje ko Diamond Platnumz ari isukari  y’abagore beza kuko ngo uwo yifuje atarara atamubonye. Ibi Guverineri  Makonda  yabitangaje mu muhango Diamond yatangagamo inkunga ku bantu bafite ubumuga ku munsi we w’amavuko mu gace ka Tandale maze  anamusaba kutihutira gushaka umugore kuko ngo agifite akazi gakomeye ko kubaka […]
Lucky Fire afatanya ate ubupfumu n'ubuhanzi?
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima yabenshi bitewe n’uburyo aririmbamo budasanzwe mu Rwanda nyuma yo kuba umuhanzi akora n’akandi kazi katoroshye ko kuragura nk’umwuga yasigiye na se umubyara. Aka kazi Lucky Fire akora ngo kamuha amafaranga atari make gusa atifuje gutangaza, ubwo yaganiraga n’Umuseke dukesha iyi nkuru yawuhamirije ko aya mafaranga akura muri aka kazi ariyo ashora […]
 Itsinda ry’abaganga b’Abashinwa ryiyemeje kuvura Abanyarwanda
Itsinda rya 19 ry’Abaganga 200 bavuye mu Bushinwa riri mu Rwanda mu rwego rwo gutanga serivisi z’ubuvuzi. Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubuzima Ushinzwe Serivisi zUbuzima, Zuberi Muvunyi avuga ko aba baganga abari mu Rwanda mu rwego rwo kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ubuvuzi. Uyu muyobozi avuga ko uretse kuba U Rwanda rusanzwe rufitanye […]
Kivu, isibaniro ry’intambara ikomeye ya Afurika itaribagirana
Intara za Kivu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zimaze imyaka igera kuri 24 mu ntambara z’urudaca, aho usanga muri izi ntara iya Kivu y’Amajyepfo n’iya Kivu y’Amajyaruguru, buri munsi habera ubwicanyi, gufata ku ngufu n’ubundi bugizi bwa nabi bugirwamo uruhare n’imitwe y’inyeshyamba. Dusubire inyuma mu ntambara zabereye mu burasirazuba bwa Congo mu bice byegereye […]
Undi muntu wa hafi wa Gen Kayihura agiye gutabwa muri yombi
Urukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Uganda rwanzuye ko umwe mu bantu ba hafi b’uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen Kale Kayihura ariwe  ACP Silaje Bakaleke ashinjwa ruswa. Urukiko rwafashe uyu mwanzuro  nyuma yahoACP Bakaleke ananiwe  kwtitaba urukiko rwari rwamusbaye ko kuwa 17 Nzeri 2018 yazajya gutanga ibisobanuro ku byaha uruhuri bijyanye na ruswa […]
Burundi: CNDD igiye guhagurukira Imbonerakure n’Abarwanashyaka bayiteza urubwa
Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi riravuga ko rigiye guhagurukira abarwanashyaka baryo baritera urubwa, abarya ruswa, abanebwe n’ibisambo nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru w’iri shyaka. Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko bagiye guhagurukira abigira abarwanashyaka (Abagumyabanga) kandi atari bo, avuga ko bagiye gusezererwa. Abarwanashyaka ba CNDD bari mu mirimo ya leta […]
Kicukiro: Ku bufatanye n’abaturage Polisi yafashe abasore 2 bari bamaze kwiba mu nzu y’umuturage
Mu ntangiriro z’uku kwezi k’Ukwakira, Tariki 02, ku bufatanye n’abaturage bari mu irondo yafashe abagabo babiri bari bamaze gutobora inzu y’umuturage biba ibikoresho byo munzu. Abafashwe ni Nizeyimana Frederic w’imyaka 28 wafatanywe televiziyo nini yo mu bwoko bwa flat screen n’indangururamajwi y’umuziki (Amprificateur), Harorimana Martin we yari afite moto yo mu bwoko bwa Boxer itagira […]