Kizito Mihigo arasabira abo yasize mu buroko
Bamwe bahita muri Gereza, abandi mu Gihome, abandi mu Buroko, abandi mu nzu y’imbohe, abandi mu munyururu, n’andi mazina menshi, ariko icyo ahuriyeho yose ni uko ari ahantu hatisanzuye, aho uhafungiye aba adafite uburenganzira kuri byinshi mu mu buzima rusange bw’igihugu. Muri Gereza, biragoye kurya icyo wihitiyemo, biragoye gusurwa n’uwo ukumbuye, kumusura byo ntibishoboka kuko […]
Tanzania: Amakuru yatuma umuherwe Dewji atabarwa arishyurwa hafi 500,000$
Umuryango w’umuherwe wo muri Tanzania, bivugwa ko ari we wa mbere utunze kurusha abandi muri Afurika y’uburasirazuba, akaba aherutse gushimutwa mu cyumweru gishize, wiyemeje kwishyura akayabo k’amadolari 437,000$ ku muntu watanga amakuru yatuma atabarwa. Biravugwa ko imirongo itatu ya telephone itishyurwa yamaze gushyirwaho mu rwego rwo gukusanya amakuru ku ishimutwa rya nyiri MeTL Group, Mohammed […]
Rubavu: Kutagira mituweli bibaviramo kwimwa zimwe muri serivisi z’inzego z’ibanze
Bamwe mu baturage mu karere ka Rubavu baravuga ko hari serivisi bimwa ku mpamvu zo kuba ntabwisungane mu kwivuza barabona. Aba bavuga ko bibabaje kuba umuturage agana mu nzego z’ibanze ntacyemurirwe ikibazo ku mpamvu zo kutagira ubwisungane mu kwivuza nyamara serivisi baka ntaho ihuriye n’icyo kibazo. Bamwe mu baturage bakunze kuvuga ko hari ubwo bimwa […]
Nyamasheke/Mahembe: Bamwe mu banyeshuri ntibazi uko mudasobwa zisa
Abarezi n’abanyeshuri bo mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bakiri kure nk’ukwezi mu gukoresha  mudasobwa. Bamwe mu barezi bavuze ko ari ikibazo gikomeye cyane  giterwa no kuba igice kinini cy’umurenge wabo kitagira amashanyarazi, bakanibaza  niba na Minisiteri yabo ikizi, kuko mu bigo by’amashuri 9 byose biwurimo, birimo 3 by’ayisumbuye, ibirimo mudasobwa […]
Umugore yihereranye umugabo we amuta ku munigo
Umugore w’imyaka 38 y’amavuko witwa Blessings Igwe yahamijwe icyaha imbere y’urukiko rwa Gudu i Abuja, muri Nigeria , cyo guhohotera umugabo we ufite ubumuga. Uyu mugore wagejejwe imbere y’urukiko ku wa Kane w’icyumweru gishize, akaba yaragoranye gufatwa, iki cyaha kikiyongera kuri bibiri ashinjwa byo gukubita no gutoteza umugabo we. Umushinjacyaha M. Fidelix Ogbobe, avuga ko […]
Perezida Kagame niwe utavuga Igifaransa mu bagize urugo rwe
Perezida w’U Rwanda, Paul Kagame avuga ko abana be bane  n’umufasha we, Jeannette Kagame bazi kuvuga  Igifaransa mu gihe  we agihanganye no kwiga uru rurimi. Ibi Perezida Kagame yabitangaje  ku wa Gatanu tariki 12 Ukwakira, mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI hamwe na Televiziyo France 24. Kagame avuga ko abo mu rugo rwe […]
Amafoto: Kanye West yasuye Museveni mu ngoro ye amushyiriye impano y'inkweto
Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ukwakira 2018 perezida Yoweri Museveni wa Uganda yakiriye mu ngoro ye umuraperi w’Umunyamerika, Kanye West n’umugore we, Kim Kardashian bari muri iki gihugu kuva kuwa Gatanu ushize aho yaje gufatira amashusho y’imwe mu ndirimbo zizagaragara kuri album ye biteganyijwe ko izajya ahagaragara kuwa 13 Ugushyingo. Abinyujije ku rukuta rwe […]
Kigali: Amajosi y’abagabo agiye guhengamishwa no kureba amabuno y’abagore
Bamwe mu bantu biganjemo  ab’igitsina gabo mu mujyi wa Kigali bakomeje kugaragara kenshi barangariye umukobwa cyangwa umugore wifitiye ikibuno kinini bityo bamwe bikaba byarabakururiye impanuka. Mu kiganiro na Bwiza.com,umwe mu bakora umwuga wo gutwara no kwigisha ibinyabiziga mu Mujyi wa Kigali utarashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko aherutse gukora impanuka abitewe no kurangarira abakobwa […]
USA: Perezida Trump yaciye amarenga yo kwirukana minisitiri w’ingabo, Jim Mattis
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko minisitiri w’ingabo, Jim Mattis, ashobora kuba ari umwe mu bayobozi bashobora kuva muri leta ye yiyongera ku bandi bamaze kuyivamo barimo uwari ambasaderi w’iki gihugu mu Muryango w’Abibumbye uherutse gusezera. Ibi Donald Trump yabitangarije mu kiganiro yahaye televiziyo CBS kuri iki Cyumweru, itariki 14 […]
Burundi: Abahamijwe uruhare mu kwica Gen Nshimirimana baravugwaho kwigaragambya
Abahoze ari abasirikare bane n’abahoze ari abapolisi babiri bose bahoze mu gisirikare cya kera cy’u Burundi (Ex-FAB) bahamijwe uruhare mu kwica uwahoze akuriye urwego rw’ubutasi, Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana, bari kumwe n’abasivili 13 nabo bahamijwe ibyaha bazira kurwanya manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 12 Ukwakira bafungiwe ahantu h’umwihariko […]
Nifuzaga kugirana  umuryango na Rihanna- Drake
Umuraperi Drake yatangaje ko yumvaga yifuza kubana n’umuhanzi Rihanna n’ubwo bitamuhiriye. Mu kiganiro na Lebron James na mugenzi we, Maverick Carter mu mpera z’icyumweru gishize,  Drake yavuze ko byari kuba byiza ariko ntibikunde kubera zunguruka z’ubuzima bwo ku isi. Yagize ati” Uko iminsi ihita, iminsi ikwigisha ayawe masomo. Numvaga nko kumva ngo Drake yabanye na […]
Sudani y’Epfo: Urugo rwa visi perezida wa mbere rwagabweho igitero
Umwe mu bashinzwe kurinda umutekano w’urugo rwa visi perezida wa Sudani y’Epfo I Juba yiciwe mu gitero cyagabwe kuri uru rugo kuri iki Cyumweru nk’uko bitangazwa n’igipolisi cy’iki gihugu. Biravugwa ko Visi Perezida, Gen Taban Deng atari mu rugo ubwo icyo gitero cyagabwaga, naho umusirikare wishwe akaba ari L/Corporal Toang Jal Nyoak. Daniel Justin Boula, […]
Itorwa rya Mushikiwabo ni ikintu gikomeye cy’uko u Rwanda rufite Imana- Hon. Mukabalisa
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon Mukabalisa Donatille, avuga ko itorwa rya Min. Mushikiwabo Louise, nk’umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’Ibihugu Bihuriye ku Rurimi rw’Igifaransa OIF, ari ikigaragaza ko u Rwanda rufite Imana. Ibi yabitangaje mu masengesho yo gushima Imana ku bw’amatora y’Abadepite yagenze neza ndetse no gusengera Inteko Ishinga Amategeko. Ni amasengesho yitabiriwe n’Abagize […]
Ariana Grande Butera yatandukanye n’umukunzi we
Umuhanzikazi Arriana Grande Butera mu mpera z’icyumweru yatandukanye n’umukunzi we, Pete Davidson n’ibyo kwambikana impeta bikaba byamaze kugirwa imfabusa. Inshuti za hafi nk’uko TMZ dukesha iyi nkuru ibitangaza, zivuga ko aba bombi bemeza ko batandukanye gusa ngo umwe akaba agikunda undi n’ubwo ngo ibyo kongera gukundana ku mugaragaro byo byarangiye. Arianna Grande yambitswe impeta muri […]
Suwede: Impunzi zirasaba ko 'umwe mu bahagarariye U Rwanda muri Tanzaniya' yafatwa
Umuryango w’umunyamakuru, Jean Bosco Gasasira uri mu buhungiro mu gihugu cya Suwede urasaba ko umwe mu bo uvuga ko bahagarariye u Rwanda mu gihugu cya Tanzania, Evode Mudaheranwa yatabwa muri yombi umushinja kuba umwe mu bagambiriye kwivugana Gasasira. Mu itangazo uyu muryango washyize hanze, uvuga ko Jean Bosco Gasasira ubu adashobora kwivugira kubera impamvu z’umutekano […]
Rusizi: Uwabyariye rimwe abana batatu arasaba ubufasha
Mukankurunziza Vestine w’imyaka 33 y’amavuko, nyuma yo kubyarira batatu icyarimwe basanga abandi 2 yaranatawe n’umugabo we,ahangayikishijwe n’aho azaberekeza n’ikizabatunga nava mu bitaro, akaba asaba gufashwa. Yabyariye mu bitaro bya Gihundwe, yibarutse abakobwa 2 n’umuhungu, baje basanga abandi bakobwa  2 yari afite, umwe w’imyaka 6 n’undi w’imyaka 5 yasize acumbikishirije mu baturanyi kubera kutagira aho aba […]
Hamenyekanye igihe Ambasade ya Israel mu Rwanda izafungurira imiryango
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel niwe uzafungura ku mugaragaro bwa mbere ambasade y’iki gihugu I Kigali mu Rwanda biteganyijwe ko izafungura imiryango mu mwaka utaha wa 2019 nk’uko byatangajwe mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru na Israel Hayom. Nubwo u Rwanda na Israel byakomeje kugirana umubano ushingiye kuri dipolomasi igihe kirekire, minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya […]
Uganda: Abasirikare, umupolisi n’umusivili bakurikiranweho kwibisha intwaro
Inzego z’umutekano za Uganda kuri uyu wa Gatanu ushize zataye muri yombi batatu mu bakozi bazo n’umusivili umwe bari bakurikiranweho ibikorwa by’ubujura bwitwaje intwaro muri Makindye. Abatawe muri yombi bakuwe ahitwa Buziga igisirikare kivuga ko ari Lt Tobias Turyabaruhanga, wahoze muri UPDF akaba atuye Entebbe, Lance Corporal Muzoora Benjamin, wataye akazi muri UPDF, umupolisi ASP […]
Uburengerazuba: Polisi yafashe abacuruzi bari banyereje imisoro irenga miliyoni 3 kuri caguwa
Muri izi mpera z’icyumweru nibwo Polisi yakoze igikorwa cyo gufata abacuruzi babiri bakomoka mu turere twa Rubavu na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba. Ni nyuma y’amakuru yaturukaga mu baturage avuga ko aba bacuruzi bakura imyenda n’inkweto bya Caguwa mu gihugu cy’abaturanyi bakaza kubicuruza mu buryo bwa magendu. Abafashwe ni Murebwayire Centhia w’imyaka 39, mu nze ye […]