Burundi: Ishyaka CNDD-FDD rirasabira Pierre Buyoya ibihano bikakaye
Ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, rirasabira Pierre Buyoya wabaye Perezida wâu Burundi imyaka myinshi ibihano bikakaye kubera kudeta yakoze bita ko zabangamiye Demokarasi. Ibi ni ibyatangajwe nâUmunyamabanga mukuru wâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi i Burundi, Gen. Evaritse Ndayishimiye, ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2018, ubwo hibukwaga ku nshuro ya […]
Nigeria: 55 baguye mu mvururu zâamoko
Polisi yo muri Nigeriya iremeza ko abantu 55 Â bapfiriye mu mvururu zishingiye ku moko zabaye mu mpera zâiki cyumweru mu majyaruguru yâintara ya Kaduna mu gace ka Masuwan Magan. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Kaduna, Â Â Ahmad Abdur-Rahman avuga ko imvururu zabaye kuwa Kane wâicyumweru gishize hagati yâamaoko atashatse gutangaza. Atiâ Â Buri wese wagize uruhare […]
Tuba dufite ubwoba- Umuvugizi wa Leta ya Uganda avuga impamvu abayobozi batava ku butegetsi
Umuvugizi wa Leta ya Uganda, Ofonwo Opondo yatangaje ko abayobozi bo muri Leta ya Uganda batava ku myanya yabo kubera ubwoba. Uyu muyobozi yavuze ko abayobozi bagira ubwoba bwo gutakaza imyanya nâicyo itangazamakuru rivuga bituma banga kwegura nkâuko ikinyamakuru Chimpreports kibitangaza. Ibi Opondo yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu   ubwo yavugaga ku iyegura ryâUmuyobozi Nshingwabikorwa wâAkanama […]
Leta yâu Burundi irikanga igiti nâisazi, Ese ibitero biraturuka he?
-Mukaze umutekano ku mupaka wâu Rwanda na Congo -Umudepite arimo gucura umugambi wo kwica Nkurunziza n’abamwungirije -Nyamitwe ati âumutekano ni wose 100%â Mu gihe Leta yâu Burundi yari imaze iminsi itangariza abaturage bayo ko umutekano mu gihugu imbere umeze neza ku kigero cya 100%, ikigaragarira buri wese waba uzi gusesengura, ni uko iyi Leta ifite […]
Umugore wa Justin Bieber yibasiwe ku mbuga nkoranyambaga
Umugore wa Justin Bieber, Hailey Baldwin akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga bamushinja ko yafashe izina rya Justin Bieber mu rwego rwâubucuruzi aho kuba urukundo akunda umugabo we. Inshuti ya hafi yâuyu munyamideli yatangarije ikinyamakuru Hollywoodlife ko uyu mugore yavuze ko kwitwa izina ryâumugabo we ari ibintu byo mu muco yateganyaga kuzakora niyo yashakana nâundi muntu […]
Gasabo: Abavandimwe 2 baba mu Bubiligi barashinja mubyara wabo kwigarurira ibyabo
Urukiko Rukuru rwa Kigali ruri kumva ubujurire bwâabavandimwe babiri baba mu Bubiligi bashinja mubyara wabo kwigarurira ubutaka bwâumuryango wabo. Abajuriye batsinzwe mu Rukiko rwâIbanze rwa Gasabo mbere yo kujuririra Urukiko Rukuru, bavuga ko mubyara wabo yabeshye ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 akigira nkâaho ari we ukwiye gusigarana imitungo. Aya makimbirane ashingiye ku […]
Uko mbibona: Amatora yo muri DRC, Kabila arimo gukina ikarita ya nyuma
Kabila ari gukina ikarita ye ya nyuma mu gihe abatavuga rumwe nawe byabananiye gushyira hamwe no kumvikana. Iyo witegereje neza politiki ya Congo mu bibazo irimo ubu, wakuramo ibi bikurikira: Uruhande rumwe ruyobowe na Perezida Kabila ufashe akaboko Shadari yatanzeho umukandida w’ ihuriro FCC, avuga ko ariwe abona wazamusimbura, mu gihe kuri urundi ruhande hari […]
Nigeze kumva ko ntazongera gukora imibonano mpuzabitsina- Kim Kardashian
Umunyamideri Kim Kardashian yatangaje ko yigeze gutekereza ko atazongera gukora imibonano mpuzabitsina kubera ingorane yagize ubwo yari atwite umwana we, Northwest. Uyu mugore mu kiganiro na Richardson Magazine nomero 20 yavuze ko yumvaga atazongera gutwita kubera uburyo ibiro bye byiyongeraga umunsi ku munsi. Yagize atiâ Nari umuntu wiyongeragaho ibiro 27 ku kwezi (60 pounds). Numvaga […]
Ingabo zâu Rwanda ziri gusuzumwa uko umubiri wazo uhagaze
Igisirikare cyâu Rwanda cyatangiye gahunda ngarukamwaka yo gusuzuma uko umubiri uhagaze(imyitozo ngororamubiri) ku basirikare bose. Ku ikubitiro haherewe ku basirikare bari mu cyiciro cya ba ofisiye bato nâabakuru. Iyi gahunda izakomeza kugeza buri musirikare wese asuzumwe. Major Patrick Kayinamura, umuyobozi wâagateganyo wa siporo mu ngabo zâu Rwanda avuga ko abasirikare bâu Rwanda basabwa byibura gusuzumwa […]
Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye
Mu gihe hashize iminsi hagaragara ibikorwa bigaragaza ko Perezida Museveni afitanye umubano udasanzwe nâumuhanzi Bebe Cool, kimwe mu biwuhatse cyagaragaye, aho bitangarijwe ko uyu muhanzi agiye gukorana indirimbo nâicyamamare, Kanye West. Ku wa 15 Ukwakira 2018, nibwo Kanye West hamwe nâumugore we, Kim Kardashian basesekanye i Kampala, bakirwa na Perezida Museveni nâumuyango we, bahava umukuru […]
A.U irashima amavugurura Perezida Kagame aherutse gukora muri guverinoma
Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Ukwakira yashimye perezida Paul Kagame kubera kwita ku buringanire mu mavugurura yakoze muri guverinoma. Kuwa Kane ushize, itariki 18 Ukwakira nibwo habaye impinduka muri Guverinoma yâu Rwanda abagore baba 50% bangana nâabagabo. Izi mpinduka zikaba zaraje zikurikira itorwa rya […]
Kigali: Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day anyonga igare
Perezida Kagame yifatanyije nâimbaga yâabatuye Umujyi wa Kigali mu munsi wahariwe siporo âCar Free Dayâ, akaba yagaragaye anyonga igare rya siporo. Ni muri iki gitondo tariki ya 21 Ukwakira 2018, Perezida Kagame akaba yanyongaga igare, mu muhanda wagennwe nâUmujyi wa Kigali siporo yabereyemo, kuva Remera- Sitade Amahoro, Kimihurura- mu Mujyi wa Kigali. Uretse Perezida Kagame […]
Perezida Donald Trump na Kim Jong Un mu nzira zo kongera kubonana
Inama ya kabiri hagati ya Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika na Kim Jong Un wa Koreya ya ruguru ishobora kuzaba mu ntangiriro z’umwaka utaha. Ibyo byavuzwe n’umwe mu bayobozi bakuru ba Leta zunze ubumwe zâAmerika. Impande zombi zimaze igihe mu biganiro bigamije gutegura inama ya kabiri yâaba bakuru bâibihugu nyuma yâiyo baheruka […]
Uganda: Abaherutse guhohotera utavuga rumwe nâubutegetsi bagejejwe mu rukiko rwa gisirikare
Abagabo batanu baherutse kugaragara bata muri yombi umwe mu batavuga rumwe nâubutegetsi ariko mu buryo bwa kinyamanswa kuri uyu wa Gatandatu bagejejwe imbere yâurukiko rwa gisirikare muri Uganda. Abo bagabo kuri ubu bari muri gereza ya gisirikare, kuwa kane ushize, itariki 18 Ukwakira, bafashwe amashusho bakubitisha ibibuno byâimbunda uwitwa Yusuf Kawooya, mbere yo kumwinjiza mu […]
Niki Abanyarwanda biteze ku maraso mashya muri Guverinoma ?
Gusubiza iki kibazo abatari bake mu banyarwanda bagira icyo bakivugaho, gusa iyo witegereje neza wakeka ko icyifuzo cy â umukuru w â igihugu n â abanyarwanda muri rusange tuba twiteze ko icyizere abayobozi bakuru baba bagiriwe batugeza ku byiza aribyo iterambere mu by’ ubukungu n’ imibereho myiza y’ abaturage, kugira umwanya mwiza mu ruhando mpuzamahanga […]
Messi aramara ibyumweru bitatu adakina, dore urutonde rwâimikino azarata
Itangazo ryashyizwe hanze nâikipe ya FC Barcelona, rivuga ko rutahizamu wayo, Lionel Messi agiye kumara ibyumweru bitatu adakandagiza ikirenge cye mu kibuga, bityo akazarata imikino iyi kipe ifite mu minsiri iri imbere. Messi yavunikiye ukuboko kwâIburyo, mu mukino wahuje ikipe ya Barcelone na SĂ©ville, umukino wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2018, ukarangira […]
Rusizi: Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku buzima bwabo nâubwâabana
Ubuyobozi bwâibitaro bya Mibilizi nâibigo nderabuzima bikorana na byo mu karere ka Rusizi burasaba ababyeyi babigana kurushaho kwita ku buzima bwabo nâubwâabana babo bitabira ku gihe gahunda zose zâubuzima. Ni bimwe mu byatangajwe muri gahunda yâicyumweru cyahariwe umubyeyi nâumwana cyo kuva ku wa 8 kugeza ku wa 12 Werurwe uyu mwaka, aho ababyeyi baganirijwe kuri […]