Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 24 Kamena 2019
None kuwa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 7 Kamena 2019. 2. Inama y’Abaminisitiri yemeje politiki, ingamba n’amasezerano bikurikira: o Politiki yo kurinda umwana ingaruka zikomoka ku bwisanzure mu […]
Isabukuru: Amateka yimbitse ya Messi n'uduhigo kuva mu bwana kugeza ku myaka 32 yujuje
Tariki ya 24 Kamena, ni umunsi w’amavuko wa Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’iy’igihugu ya Argentine. Turavuga ku bigwi n’uduhingo twe, ku musozo w’inkuru, turavuga byimbitse ku mateka ye kuva i Rosario mu myaka 5 y’amavuko kugeza muri Barcelona. Amaze imyaka 15 akina umupira w’amaguru kuko yatangiye akinira ikipe ya FC Barcelona yamurereye […]
Nyamasheke: Abakobwa biga muri G.S FAK batagira icumbi ryo kuraramo baremwe agatima
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubw’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda buravuga ko bukomeje guhangayikishwa bikomeye n’uburyo abana biga muri GS Frank Adamson de Kibogora( GSFAK) bararamo kugeza ubu nyuma y’uko inyubako bararagamo ifatiwe n’inkongi y’umuriro. B ukizeza abana n’ababyeyi babo ko hari uburyo bumaze gukusanywa, imirimo yo kubaka inyubako nshya ikaba igiye gutangira mu gihembwe cya […]
Yifuje ko turyamana ndanga none ngo azandogera mu mafoto- Nkore iki?
Umusore twari tumaze umwaka dukundana twatandukanye kubera ingeso mbi nabonye atangiye kunzanaho, yifuje ko dusambana ndanga none ubu twarashwanye bityo ubu akaba arimo kunshyira ku iterabwoba ko azandogera mu mafoto. Hari amafoto yanjye afite nk’uko nanjye mfite aye, ubu buri munsi ambwira ko yiteguye kumpemukira ngo ku buryo nzifuza ko turyamana igihe kitagishoboka. Mungire inama […]
Musanze: Bavuga ko bubakiwe ubwiherero bwiza kurusha inzu babamo
Imiryango 10 yahoze ituye mu nzu za Nyakatsi ikaza kuzikurwamo igatuzwa mu Mudugudu wa Gakuku, mu Murenge wa Gataraga, mu karere ka Musanze, ivuga ko yubakiwe imisarani ikomeye kurusha inzu babamo bemeza ko zenda kubagwira. Iyi miryango yose ibarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe, zimwe mu nzu ibamo zagiye zisenyuka, bakagenda basesekamo ibitambaro n’imifuka byashaje […]
Ubutumwa bwa Museveni na Gen. Muhoozi ku isabukuru ya Janet Museveni
Tariki ya 24 Kamena buri mwaka, ni isabukuru y’umufasha wa Perezida wa Uganda, Janet Museveni, akaba n’umubyeyi wa Gen. Muhoozi. Perezida n’umuhungu, babicishije ku rubuga rwabo rwa Twitter bageneye ubutumwa uyu mubyeyi umaze kugira imyaka 71 y’amavuko. Museveni yagize ati: ” Isabukuru nziza kuri wowe Mama Janet Museveni. Uri inkingi y’umuryango wacu, ukaba n’umubyeyi nyakuri […]
Rwanda/DRC: Perezida Kagame asanga umubano w'ibihugu byombi utanga icyizere
Perezida Kagame yagaragaje ko aho mugenzi we, Felix Tshisekedi atorewe kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iki gihugu gifitanye umubano mwiza n’ U Rwanda ndetse unatanga icyizere. Ni amezi atandatu ashinze Perezida Tshisekedi atorewe kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri iki gihe gishize, Perezida Kagame avuga ko hari ibimaze gukorwa hagati y’ibihugu byombi bimwe […]
Yansambanyije tujyanye gushaka impano y’ umukunzi we
Nahuye n’ umugabo mu mujyi ansaba ko namufasha gutoranya impano yishakaga gushyira umugore we ndabyemera maze kuyimwereka ambwira kujya kuyipima birangira ansambanyije. Hari mu mwaka wa 2007, ahagana saa saba za manywa ubwo nari mvuye mu rugo ngiye guhaha mu mujyi nkihagera numva umuntu anturutse inyuma ambwira ati” wahagaze gato nkagira icyo nkusaba” n’ uko […]
Ishyaka rya Me Ntaganda ryiyemeje gusaba amahanga gushyira igitutu ku Rwanda
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda ‘Partie Social Imberakuri’ riyobowe na Me Bernard Ntaganda ryatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Kamena 2019, ritangiza icyumweru cy’imfungwa ryise iza politiki mu Rwanda, by’umwihariko ngo rikaba rigiye gusaba amahanga gushyira igitutu ku Rwanda zigafunurwa. Iri shyaka ririho kuva mu 2008 ariko rikaba ritemewe mu […]
Umumotari yashakaga kundeba ubwambure ubwo yari antwaye- umugore w’i Kigali
Umugore witwa Grace Mutoni (amazina yahinduwe) avuga ko yatunguwe n’uburyo umumotari yamutwaye ariko akagenda ahengura miruwari agamije kumureba ubwambure. Yanditse agira ati “ Basomyi ba Bwiza.com, maze iminsi mbona abandi bohereza ubuhamya bwabo, nanjye ndagira ngo mbabwire ibyambayeho ubwo nategaga moto mva mu Mujyi njya Nyabugogo.” Yakomeje agira ati “ Hari ku gicamunsi, nateze umumotari […]
RDC: Perezida Tshisekedi yasabye Imana imbabazi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yasabye Imana imbabazi ku bw’amaraso y’inzirakarengane z’abaye Congo yagiye amenwa mu bihe bitandukanye. Mu gikorwa cy’amasengesho cyabereye kuri sitade y’i Kinshasa (Stade des Martyrs de Kisnhasa), Perezida Tshisekedi, yasenze asaba Imana ngo ibonekera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bityo akayisaba imbabazi ku bw’amaraso ya benshi yamenwe. […]
“Ntawe utema ishami ry’ igiti yicayeho”-Ikiganiro na Prof. Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe
Igice cya kabiri Mu ikiganiro kihariye , Bwiza TV na Bwiza.com byagiranye na Prof.Dr Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’ Intebe wa Cyenda kuva u Rwanda rwabona ubwigenge. Avuga ku barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda barabaye abayobozi, nyuma bagahunga , banagera hanze bakavuga ibitagenda mbere batavugaga bakiri abayobozi. Nk’inararibonye muri politike, ku buzima bw’igihugu, avuga ko bibabaje […]
Haribazwa uri gutera inkunga inyeshyamba zikomeje kwica Abanyamulenge
Mu gihe imirwano irimbanyije muri Kivu y’Amajyepfo by’umwihariko mu gace gatuwemo n’Abanyamulenge, haribazwa aho izi nyeshyamba za Red- Tabara na Mai Mai zikomora amikoro y’intambara. Kuri ubu nk’uko Chimpreports ibitangaza, izi nyeshyamba ku Cyumweru  zagabye igitero mu duce twa Irumba na Kaseke ndetse zica abatari bacye. Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’Ishyaka IFUCD, Alex Byicaza wagize […]
Satani akubona nk’ikinnyabari cyangwa indwanyi?
 Kubara 13:33 “Kandi twabonye abantu barebare kandi banini, twibonaga tumeze nk’ inzige, nabo bakabona tumeze nkazo” Ni gute Satani akubona? Akubona ko uri irwanyi ikomeye y’ Imana cyangwa akubona nk’ ikinnyabari k’ urugamba cyangwa ingabo itagira umutware. Ibisubizo ntawundi wagitanga usibye wowe gusa. Ndibuka igihe narindi kwiga isomo ryitwa “amateka y’ Abisiraheli” nkitangira kwiga […]
Intambara y'ibitutsi by'urukozasoni hagati ya Trump na Kim yaba igana ku musozo
Nyuma y’igihe kitari gito mu bitangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga bitandukanye hagaragara ibitutsi n’uguhangana hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Kim Jon-un wa Koreya ya Ruguru, kuri ubu bitangazwa ko umwe yandikiye undi ibaruwa yiswe ishimishije. Igitangazamakuru cya leta ya Koreya ya Ruguru gitangaza ko Kim Jong-un, yabonye ibaruwa yandikiwe na […]