Uburusiya: Umugabo bamusanganye amaboko y’umugore we mu gikapu
Umwarimu w’amateka wa kaminuza uzwi cyane wo mu Burusiya yemeye ko yishe umukunzi we – wahoze ari umunyeshuri we – nkuko umwunganira mu mategeko abivuga, nyuma yo gusangwa ku ruzi afite igikapu cyo mu mugongo kirimo amaboko y’umugore. Oleg Sokolov w’imyaka 63 y’amavuko, yari yasinze yitura mu ruzi ubwo yageragezaga kujugunya ibyo bice by’umubiri mu […]
Gatsibo: Bamaze umwaka n’igice barabuze ubasezeranya mu mategeko
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu karere ka Gatsibo bavuga ko bamaze umwaka n’igice badasezeranywa mu mategeko, kubera kutagira umunyabanga nshingwabikorwa. Aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge, ari na we usezeranya abagiye kubana byemewe n’amategeko. Umwe yagize ati “ Tekereza kwambuka i Ngarama ugiye gusezeranayo, kandi ngo umurenge wanyu […]
Ibaruwa ifunguye yadikiwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), itabariza Abanyamulenge
Nyakubahwa Munyamabanga Mukuru Mbandikiye iyi barwa ifunguye ngamije kugira ngo mbatabaze, ku bwo ubushobozi bwanyu, kugira icyo mukora cyihutirwa mugatabara abaturage b’abanyamulenge muri Congo bugarijwe n’ubwicanyi n’ibindi bikorwa by’ubunyamaswa bibagirirwa muri iki gihe turimo. Ikinteye kubatabaza ni uko nzi kandi nizera ko mubifitiye ububasha n’ubushobozi cyane ko mufite ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, […]
Abagande babiri barasiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda

Polisi y’u Rwanda (RNP) ivuga ko abaturage babiri ba Uganda; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe barasiwe mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare, agace kari hafi y’ u Rwanda na Uganda. Bivugwa ko binjizaga magendu ku butaka bw’u Rwanda banyuze mu nzira zitemewe. Itangazo rya RNP ryo kuwa 10 Ugushyingo rivuga ko ibi […]
Urubanza rwa Neretse: Aravuga ko yakundanaga n’abatutsi, ubuterahamwe atari kubushobora

Ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Neretse Fabien rubera mu Bubiligi, uregwa yisobanuye ahakana ibyaha aregwa, avuga ko abatutsi bari incuti ze, kandi ko yari ashaje ku buryo atari kubasha ubuterahamwe. Neretse Fabien uburanira mu rukiko rwa rubanda (cour d’Assises) I Buruseli mu Bubiligi, ashinjwa ibyaha bya Genoside yakoreye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali […]
Internship opportunity – Save The Children
TITLE: Administrative Intern TEAM/PROGRAMME: Supply Chain LOCATION: Kigali Head Office GRADE: N/A CONTRACT LENGTH: 1 Year CHILD SAFEGUARDING: Level 3: the responsibility of this post may require the position holder to have regular contact with children and/or young people. Admin Assistant Intern About the Role: •Assist in general duties as assigned including office errands, photocopying, […]
8 Steps to Be More Loving Partne

1. Think before you speak Instead of your usual response, stop and think for a moment and respond kindly. We can often be too abrupt, short, or dismissive. Make sure your partner knows that what they’re asking/ telling is important to you. 2. Keep compassion at the forefront Consider what you have to say and […]
Holders Nigeria stunned by Ivory Coast in U-23 AFCON opener
Ivory Coast stunned defending champions Nigeria 1-0 at the Al Salam Stadium on Saturday in their Group B match of the Under-23 Africa Cup of Nations. Silas Gnaka’s penalty in the 71st minute was the only goal of the game.Nigerian defender Olisa Ndah was sent off in the 70th minute for a second bookable offence. […]
Ingabire Bounces Back With New Political Party
Victoire Ingabire Umuhoza is not about to let go of her dream of becoming president of Rwanda one day, she has resigned from the Political pressure group she formed about a decade ago and established a new one called Umurinzi. The party constitution and other relevant paperwork are complete but is only remaining to have […]
Ndashaka guhindura agace k’imirwano kabe ak’ubukungu-Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangaza ko yifuza guhindura uburasirazuba bw’iki gikugu bwibasiwe n’imirwano mo ahantu hakorerwa ibikorwa by’ubukungu. Mu ruzinduko yagiriye muri Uganda kuva kuwa Gatandatu tariki ya 9 kugeza ku wa 10 Ugushyingo 2019, Tshisekedi yabwiye mugenzi we wa Uganda, Yoweli Museveni ko yasuye Uganda kugira ngo bagire ibyo […]
Congo, Uganda presidents vow to boost trade
The Democratic Republic of Congo’s President Felix Tshisekedi is visiting Uganda to promote trade between the neighboring countries, after Rwanda closed its border with Uganda. After meeting with Congo’s leader in Uganda’s capital, Kampala, Uganda’s President Yoweri Museveni said the two countries will build stronger ties. “We shall build roads and bridges connecting the two […]
Hemejwe urupfu rwa Gen. Afrika na Col. Kagoma bayoboraga inyeshyamba ziheruka gutera u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, cyemeje urupfu rwa Gen. Afurika Jean Michel wayoboraga FDLR RUD Urunana kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2019. FARDC ibicishije kuri Twitter ivuga ko Gen. Musabimena Juvenal (amazina nyakuri ya Jean Michel) yishwe nyuma ya saa sita kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2019 mu gitero ingabo zagabye hagati […]
Eswatini: Ingoma zaba zigiye guhindura imirishyo?
Amakuru avuga ko mu bwami bwa Eswatini hari gutegurwa imyigaragambyo yo kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2019 ishobora kweguza Umwami Mswati wa III. Amakuru dukesha abari imbere muri iki gihugu cyahoze ari Swaziland avuga ko iyi myigaragambyo iri gutegurwa n’ishyaka rya Silungisa I Country mu rwego rwo kurwanya imiyoborere mibi iri mu gihugu. Yahwe izina […]
Rwamagana: Abaturage bavuga ko bajujubijwe n’imbwa zo mu gasozi
Abaturage bo mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana bavuga ko bajujubijwe n’imbwa z’agasozi, batazi ba nyirazo zibarira amatungo magufi arimo ihene, intama, inkoko. Aba baturage bavuga ko izi mbwa zishobora kuba ziza kujugunwa muri ako gace n’abatuye mu Mujyi wa Kigali, uretse kubarira amatungo nabo ubwabo ziba zishaka kubivugana. Umwe muri bo, Claudine […]
Hari abavuze ko ngiye gukorera mu kwaha kwa FPR- Ingabire Victoire

Uwari umuyobozi w’Ishyaka ritemewe mu Rwanda (FDU-Inkingi) avuga ko hari abavuze ko yashinze ishyaka rishya ryiswe iriharanira iterambere n’ubwisanzure kuri bose (Development and Liberty For All), DALFA – Umurinzi ariko ngo akazakorana bya hafi n’iriri ku butegsi, FPR-Inkotanyi. Yavuze ko n’ubwo hari ababibona batyo, we atari cyo agamije kuko ngo ishyaka DALFA-Umurinzi rigiye gukorera mu […]