Down Town: Akura amafaranga y’ishuri mu gucuruza umunzani upima ibiro

Umukobwa witwa Uwase Chance avuga ko umunzani upima biro n’uburebure umufasha kwishyura amafaranga y’ishuri ndetse no gushaka ibindi byangombwa nkenerwa. Bwiza.com mu mwanya wahariwe Business Today, yamusanze mu Murenge wa Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali ahitwa Down Town (muri gare). Uwase avuga ko iyi mashini yayiguriwe na Se umubyara kandi ko imwinjiriza amafaranga amufasha cyane. […]
Burundi: Abahagarariye Amerika babujijwe kunyura no kugera mu duce tuvugwamo umutekano muke

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu Burundi yasabye abakozi bayo kudakandagira mu duce dutandukanye turimo intara za Bubanza, Cibitoke na Pariki ya Kibira tumaze iminsi tuvugwamo umutekano muke. Aba bakozi kandi barimo na Ambasaderi w’Amerika barasabwa kutanyura umuhanda Nimero 10 (RN10) ugana mu ntara ya Kayanza uciye muri Pariki ya Kibira, mu gace k’Intara […]
Inzu y’umuryango wa Sugira Ernest igiye gutezwa cyamunara
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga yashyize hanze tariki ya 27 Ugushyingo 2019 itangazo rya cyamunara y’inzu ya Sebagande Theogene na Nyiraneza Blandine, ababyeyi ba rutahizamu wa APR FC n’Amavubi Sugira Ernest. Panorama dukesha aya makuru ivuga ko iki cyamunara kizaba tariki ya 3 Ukuboza 2019 mu mudugudu wa Kabeza, akagari ka Ruli, umurenge wa Shyogwe mu karere […]
Rusizi: Uruganda rw’icyayi ruritana ba mwana na SACCO, mu gihe abahinzi bakomeje kubigenderamo

Abahinzi b’icyayi barenga 4000, bibumbiye muri koperative The villageois UMACYAGI ikorera mu mirenge imwe y’akarere ka Rusizi n’iy’aka Nyamasheke, bakomeje kubigenderamo biturutse kukuba uruganda rwa Shagasha rwitana ba mwana na SACCO aba bahinzi bahemberwamo ,bikabashyira mu bukene kubera kudahemberwa igihe amafaranga yabo, bayoberwa aho bipfira. Mu nama y’inteko rusange y’iyi koperative The villageois UMACYAGI yateranye […]
Abantu 83 barimo Abanyarwanda n’Abanye-Congo bafatiwe muri Uganda
Abantu bagera kuri 83 barimo Abanyarwanda n’Abanye-Congo bafatiwe muri Uganda ubwo bari bageze mu karere ka Kabale. Aba bafashwe kuwa Kane tariki ya 28 Ugishyingo mu gitondo ahagana saa yine bari muri bisi ifite ibirango UAV 118U ya Kompanyi Bismarkan Coach. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kabale, Brian Ampeire yabwiye The Observer ko mu […]
Tender Notice for Restaurant Services
Abt Associates Inc. is a mission-driven, global leader in research and program implementation in the fields of health, social and environmental policy, and international development. In Rwanda, Abt Associates is implementing the USAID/ PMI funded VectorLink Project in collaboration with the Ministry of Health with the overall goal of reducing the burden of malaria in […]
TITLE: THE SUPPLY OF FABRIC FOR SCHOOL UNIFORMS
TENDER ANNOUNCEMENT TITLE: THE SUPPLY OF FABRIC FOR SCHOOL UNIFORMS TENDER NUMBER: WVR/SCM/SK/2019/11/027 CLIENT: WORLD VISION RWANDA World Vision is a Christian relief, development and advocacy organization whose purpose is to create lasting change in the lives of children, families, and communities living in poverty. World Vision is dedicated to working with the world’s most […]
Uburundi buvuga ko bumaze kugabwaho ibitero icyenda bivuye mu Rwanda kuva mu 2015
Uburundi butangaza ko bumaze kugabwaho ibitero n’abitwaje intwaro bavuye ku butaka bw’u Rwanda inshuro icyenda kuva habaho ipfuba ry’ihirikwa ry’Ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza kuwa 13 Gicurasi 2015. Iyi ni ingingo yagarutsweho mu butumwa bwari mu rurimi rw’Ikirundi bwasomwe n’Umuvugizi wa Leta y’Uburundi, Pierre Ntahorwamiye kuwa 28 Ugushyingo 2019. Muri iri tangazo Uburundi bwavuze ko […]
Abanyarwanda birukanwe muri Uganda bavuga ko baje amara masa
Abanyarwanda 33 birukanwe muri Uganda bavuga ko bacujwe ibyo bari bafite byose ku buryo bageze ku Mupaka wa Cyanika mu Karere ka Kisoro, bagashyikirizwa u Rwanda nta kintu bafite. Aba baturage bakiriwe n’u Rwanda mu ijoro ryo kuwa 27 Ugushyingo nta kintu na kimwe bafite. Bavuga ko bambuwe byose ku buryo nta n’umwe muri bo […]
Amagare:Abanyarwanda babiri mu bahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza muri Afurika
Abanyarwanda babiri bakina umukino w’amagare bari muri 15 bahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza muri Afurika mu 2019. Abo ni Areruya Joseph ndetse na Didier Munyaneza (Mbappe) uherutse kwegukana irushanwa ryo muri Senegal (Tour du Senegal 2019). Uru rutonde kandi ruzaho Merhawi Kudus, umunya-Erithrea wegukanye Tour du Rwanda 2019, ubwa mbere yari yashyizwe ku kiciro cya 2.1. […]
Issuer at CIMERWA Ltd
CIMERWA Ltd is the leading cement manufacturing company in Rwanda producing high quality cement for internal and external market. With its current manufacturing operations situated in South-Western Rwanda, the company has a capacity to produce over 600,000 tons of cement per annum. Website: Home LOCAL JOB ADVERT. CIMERWA Ltd is Rwanda’s largest cement manufacturer with […]
Uwari mushinjacyaha mukuru aravugwaho kuzambya urubanza ADEPR iburanamo Frw miliyari eshatu zanyerejwe
Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Kane tariki 28 Ugushyingo yemeje ko Umushinjacyaha Mukuru, Jean Bosco Mutangana asimbuzwa uwitwa Aimable Havugiyaremye, wari usanzwe ayobora Komisiyo y’amavugurura mu by’amategeko. Mutangana wasimbujwe bivugwa ko ari mu baza ku isonga mu kunaniza Itorero rya ADEPR mu rwego rw’amategeko mu rubanza riburanamo n’abantu 12, inyerezwa rya miliyari eshatu zari zigenewe kwishyura […]
Umukobwa yifotoje yambaye ubusa, imyanya y’ibanga ayikingago ibisate bya wotamiloni- REBA AMAFOTO

Umunyamideli Salma Mumin wo muri Ghana, ubwo yizihizaga isabukuru ye y’amavuko yasangije abakunzi be amafoto ye yifotoje yambaye ubusa, bimwe mu bice by’ibanga abikingaho ibisate bya wotamiloni (watermelon). Bamwe bagiye bamunenga gushyira ubwo bwambure bwe mu kiribwa gikundwa na benshi cya wotamiloni mu gihe abandi bamushimye ko ari agashya yazanye. Abicishije ku rukuta rwe rwa […]
Product Manager at Minexx Ltd
Whilst working for a solar company we found that one group of potential customers, the miners, were unable to access these solar solutions due to unreliable payments and contracts. The irony of this struck us: the very miners who dig up the minerals to make clean energy solutions possible are not able to access them. […]
Icyo Amb.Nduhungirehe abwira u Burundi buvuga ko butazongera kwihanganira ‘ubushotoranyi’ bw’u Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier avuga ko mbere y’uko u Burundi bushinja u Rwanda icyo yita ibinyoma bwakagombye kubanza gutekereza ku bitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda ngo biturutseyo. Ibi Amb.Nduhungirehe yabitangaje nyuma y’ itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi riburira, rikanihanangiriza […]
Rutsiro: Umuyobozi udakorana n’itangazamakuru ntaho aba agana – Meya Ayinkamiye
Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro Ayinkamiye Emérence avuga ko inzego zose mu karere ayoboye zashishikarijwe bihagije gukorana neza n’itangazamakuru, akavuga ko yishimira urwego iyi mikoranire iriho kuko ngo nta munyamakuru uramubwira ko yashatse amakuru muri aka karere akayabura, agasanga kwima umunyamakuru amakuru ari ukwihima kuko ngo n’ubundi nubwo ubuyobozi bwayamwima atabura kuyishakira. Mu kiganiro aheruka kugirana […]
Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
Mugire amahoro ya Nyagasani, nyuma yo gusoma ubuhamya bwa Alex, nanjye nifuje kubasangiza ubwanjye bw’uburyo mabuja yangushije mu gatego bikaza no kurangira muteye inda kandi umwana wanjye ntazamuhabwa. Rwose ubutumwa bwa Alex bwatumye numva ko atari njyewe njyenyine wagushijwe mu mutego na mabuja kuko ubu inda namuteye yavuyemo umwana umaze kugira amezi atandatu. Nahereye kera […]
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 28 Ugushyingo 2019
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu,Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 10 Ukwakira 2019. 2. Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe umushinga w’ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi mu Rwanda ugamije kugabanya imyuka ihumanya ikirere. […]
Ubwiza bw’Imana ni ubwawe-Niba ubushaka – Rev. Nibintije

Ibyiza by’Imana ni ibyawe niba ubishaka. Ese wabibona ute? Ese wakwemeza ute ko ushaka ibyiza byayo? Hari uburyo wakwereka Imana ko ushaka ibyiza byayo kandi ntabwo ari ukuvuga ngo ushaka inzira y’Imana. Kuvuga nk’uko mu mvugo byitwa biroroha. Niba ushaka uburyo bw’Imana n’ubwiza bwayo, ugomba kubuharanira. Ni ku bw’ubushake bw’Imana, ntabwo ari ku bwawe. Luka […]