Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda

Sangiza iyi nkuru

Mugire amahoro ya Nyagasani, nyuma yo gusoma ubuhamya bwa Alex, nanjye nifuje kubasangiza ubwanjye bw’uburyo mabuja yangushije mu gatego bikaza no kurangira muteye inda kandi umwana wanjye ntazamuhabwa.

Rwose ubutumwa bwa Alex bwatumye numva ko atari njyewe njyenyine wagushijwe mu mutego na mabuja kuko ubu inda namuteye yavuyemo umwana umaze kugira amezi atandatu.

Nahereye kera nshaka kwisiramuza ariko nkagira ubwoba, umwaka ushize nibwo nagezaho ubwoba burashira ndagenda ndisiramuza ariko mabuja arabimenya kuko akazi nkora turirirwana buri munsi aho acuruza kandi niyo afite isafari ni njyewe umutwara mu mudoka yabo.

Nasabye uruhushya rw’icyumweru mvuga ko ndembye, hashize iminsi ibiri arampamagara ambwira ngo erega namenye icyo urwaye ndamubwira ngo ni ka maralia araseka, mbese maze no kugaruka ku kazi yakomeje kunderanja ambwira ngo ko ndeba ngenda akaguru kadakora ku kandi, ngo azijijisha akomeho akaboko,…

Nagezaho mwemerera ko koko nisiramuje arambwira ngo ni byiza, ahubwo ngo naratize. Kuva uwo munsi yakomeje kumbaza ko ntarakira, hashize nk’amezi abiri arengaho gato nibwo twaryamanye mu buryo navuga ko ariwe wabishatse.

yaricaraga akambara ubusa imbere yanjye, ibiganiro bikaba iby’imibonano mpuzabitsina, ambaza impamvu ngo nisiramuje, ngo izisiramuye zikora akazi neza ngo ubwo nanjye nagiyeyo ngamije kuzajya nemeza abakobwa,….

Ndabyibuka, hari ku wa Gatandatu w’umuganda rusange, arambwira ngo nzinduke hari abakiriya twakira mbere y’uko utangira, ubwo narabyubahirije koko saa moya bari bamaze kugenda natwe dupanga ibyo gutaha.

Kubera ko njyewe ntuye hafi yo mu mujyi, yakomeje kuvuga ngo umuganda uramufatira mu nzira, ngo nafata moto ntibivamo kandi imodoka yari iri mu rugo. Yakomeje kubyibazaho arangije ati ‘ese ubundi iwawe ntujya wakira abashyitsi? Mana yanjye iryo jambo ryanteye ubwoba nibaza ukuntu yagera muri geto yanjye.

Naramubwiye nti ndabakira ariko batari ku rwego rwawe, aranseka ambwira ko nta kidasanzwe ubuzima abasore tuba tubayemo aba abuzi cyangwa akabukeka, ubwo yahise ampa amafaranga ngo ngure ibintu muri alimentation ndagenda mpakira za amvelopi, turamanuka n’amaguru kuko nta na moto twari kubona amasaha y’umuganda yageze.

Twageze mu rugo ndafungura mfite isoni nyinshi cyaneee bitewe n’uko iwe mpazi mu gisirimu bikomeye akaba agiye kubona uko iwanjye hameze, yego wenda iwanjye si habi ariko na none hari ibintu bitagereranywa.

Yarinjiye yicara ku gatabureti kari mu nzu ubwo nanjye ndiyeranja turicarana ahongaho, atangira kumbaza ko nta muntu tubana ndamuhakanira, ambaza amafaranga nyikodesha, akambaza uko ndya n’untekera, umfurira,… mbese uko mbayeho nyuma y’akazi kabo nkora.

Twaraganiriye biratinda ntangira kubona ko rwose nta bwirasi yagize nyuma yo kugera muri geto yanjye, agahaguruka akareba udusafuriya ntekamo, amasahane ndiraho, ka gaz ntekaho n’utundi dukoresha mfite. Umuziki ku musore wo murabizi ko utabura, …

Ubwo ndi mu cyumba yahise ahansanga ndatungurwa, ahita yirambika ku buriri araryama, ubwo nkomeza gukora utwo nari ndimo, agezaho arambaza ngo ko natinye kumwegera, ngezaho ndaza nirambika iruhande rwe.

Yagaruye za burage ze zo kuvuga ngo narisiramuje, akambaza ko nakize, mbese nabonye ko mabuja atari wawundi nzi ahubwo ko ashaka ko mwisanzuraho, ubwoba butangira gushira mba ntangiye kumukoraho, nahise mbona ko abyakiriye neza, buhorobuhoro birangira imibonano tuyikoze.

Aho twaraharyamye, umuganda urarangira bigeze nka saa munani nibwo twabyutse arakaraba, nanjye utuzi ndatwitera nzi ko tugiye mu kazi. Yahise ambwira ahantu tugiye gusohokera, tujyayo turanywa, turarya mbese yishimye.

Twavuyeyo mu ijoro aho gutaha iwe abanza guca iwanjye turongera dukora imibonano abona gutaha. Kuva uwo munsi byibura kabiri mu cyumweru yazaga iwanjye ariko icyo yankoreye kiza ni uko yahise angurira intebe nziza, matela yo yahise anyereka iyo ntahana ku kazi n’ibindi bikoresho, maze ndiyesitara haba heza cyane pe.

Mabuja n’umugabo we bamaranye imyaka igera mu 12 ariko bari bafite umwana umwe mukuru w’imyaka nka 11, yambwiraga ko bashatse kumukurikiza byanze.

Kera kabaye ambwira ko atwite kandi ko ari uwanjye, ariko ko ari ibanga ryanjye na we.

Umwana yaravutse umugabo arahemba n’abandi bakire baraza barahemba, gusa nasubiza amaso inyuma n’igihe yavukiye nkasanga bihura neza na ya minsi ya mbere yazaga iwanjye kenshi.

Naramubajije nti ese ni uwanjye cyangwa ni uwa chef, yambwije ukuri ati ‘Ni uwawe ariko humura, nta ndezo nzakwaka, kandi n’umwana azareranwa na mukuru we” yakomeje kumbwira ko se w’umwana amwenywa na nyina, rero ko nabyaranye na we abizi neza kandi ko nta kosa anshinza ahubwo azakomeza kumba hafi kugeza nshatse umugore.

Kuva yabyara yansuye rimwe nabwo turaryamana, akambaza ngo ese ubu uwaguha uriya mwana wabasha kumurera? namwe murabyumva sinabona icyo musubije ariko nyine ko mu bushobozi mfite yabaho. gusa akampumuriza, akanansaba imbabazi ambwira ko yankoresheje amakosa nkanamutera inda kandi umwana atazitwa uwanjye!! ngo nta buryo yabisobanuramo.

Mungire inama, rwose yaramfashije n’umushahara warazamutse anamfasha gutangiza agashinga gato ariko kampa udufaranga, akaba arimo kumbwira ngo nzasezere ku kazi ngo kuko boss yatangiye kundeba nabi ngo arabizi.

Ahubwo ngo nzajye gukora uwo mushinga ngo kandi azanamfasha ukomere, na none akambuza kuzajya mu bakobwa. Mungire inama, ese uyu mwana nzamukureho amaso, ni iki bebe cyiza cy’igikobwa, ifoto yanjye mu bwana ni we neza neza!! mungire inama nkore iki?

Ubuhamya bwa Alex: https://bwiza.com/?Narungurutse-mabuja-ari-muri-dushi-aramfata-anjyana-mu-cyumba-anyereka-n-ibyo

Niba nawe ufite ubuhamya ushaka kutugezaho twandikire kuri Email: itatheone08@gmail.com cga watsapp 0785058200

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Mungirinama bakunzi b’imana ese ko mabuja ashaka kunjwega ngo nimurongore nkaba navyanze akaca ambwira ngo nindavyanka arahita anyirukana none nabuze ico mfata nico ndeka

    1. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
      MURONGORESHA

    2. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
      MURONGORESHA

  2. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Mungirinama bakunzi b’imana ese ko mabuja ashaka kunjwega ngo nimurongore nkaba navyanze akaca ambwira ngo nindavyanka arahita anyirukana none nabuze ico mfata nico ndeka

  3. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Emer,akazi kareke kuko numugore wundi ntiwamenya kandi uzakune,uwowihebeye witereteye nubundi guhorawibukak,arinyokobuja nigikomere have uzabon,undi mukoresha,kandi ujyewibukako intameny,irirakumuziro.

  4. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Emer,akazi kareke kuko numugore wundi ntiwamenya kandi uzakune,uwowihebeye witereteye nubundi guhorawibukak,arinyokobuja nigikomere have uzabon,undi mukoresha,kandi ujyewibukako intameny,irirakumuziro.

  5. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Ndashaka uwo nanjya ndongora akarangiza ariko mu ibanga .0785246502

  6. Mabuja akimenya ko nisiramuje yatangiye kwambara ubusa imbere yanjye biratinda ananyisangira mu gitanda
    Ndashaka uwo nanjya ndongora akarangiza ariko mu ibanga .0785246502

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *