Bimwe mu bitero byaryoheye ingabo z’Inkotanyi
Niba hari ikintu gishimisha umusirikari ku rugamba ni ukubona umwanzi ( adui) ayabangiye ingata mu gihe wamugabyeho igitero. Biba akarusho iyo ubibonye uri umusirikari ukirangiza amafunzo ( amahugurwa) bakunze kwita ” ikurutu” cyangwa se ” recruited soldier”. Uyu musirikari mushya mu gitero cye cya mbere abonye adui yiruka, biramushimisha bikamujya mu maraso, akarinda apfa azi […]
Minisitiri abona Bobi Wine nk’umutungo w’igihugu ukwiriye kurindirwa umutekano

Minisitiri ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu, Obiga Kania yabwiye abadepite ko mugenzi wabo Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ari umutungo w’igihugu ukwiriye kurindirwa umutekano. Ni amagambo yatangaje tariki y a 15 Mutarama, imbere y’aba badepite bagize akanama k’umutekano n’ibibazo by’imbere mu gihugu, avuga ko leta yafashe ingamba zidasanzwe zo kurinda uyu munyapolitiki (Bobi […]
EU iramagana leta y’u Burundi ku bwo guhohotera no kunigana ijambo abaturage
Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi yunze mu ijambo indi miryango mpuzamahanga yavuze, ishinja leta y’u Burundi guhohotera abaturage no kubima uruvugiro. Ingingo zikubiye mu butumwa bw’iyi nteko ishinga amategeko, zigaragaza uburyo leta y’u Burundi itubahiriza uburenganzira bw’abaturage nk’ihoterwa ribakorerwa kwambura ububasha itangazamakuru n’uko Reuters yabitangaje uyu munsi tariki ya 16 Mutarama 2020. Iki kibazo […]
UEFA yakoze amanyanga kugira ngo Cristiano Ronaldo aboneke mu kipe y’abafana

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, UEFA, yahinduye uburyo bw’imikinishirize y’ikipe y’abakinnyi 11 beza b’umwaka wa 2019 batowe n’abafana kugira ngo Cristiano Ronaldo ayibonemo umwanya. Ku munsi w’ejo ku wa gatatu ni bwo yashyize ahagaragara iyi kipe. Icyakora cyo, uburyo bw’imikinishirize bwa 4-2-4 iyi kipe ipanzwemo ntabwo busanzwe ndetse bwanatangaje abenshi mu bakunzi ba […]
Ibyo wafataga nk’ibitakureba nibyo ukwiye kumenya mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Kuri ubu, kurangiza ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bisigaye ari ibintu bikunzwe cyane. Nubwo biri uku, siko byahoze mu myaka yashize kandi ntibyakunze kujya bibatera ipfunwe dore ko binashoboka ko benshi muri bo batari bazi ko bibaho. Bamwe mu baganga n’abahanga mu bijyanye n’ihuzabitsina bemeza ko kuba hari abagore batakunze kugira amahirwe yo kurangiza […]
Vatican: Papa yashyizeho umugore mu myanya ikomeye
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yagize umugore witwa Dr. Francesca Di Giovanni umunyamabanga mu by’ububanyi n’amahanga aho azaba ashinzwe guhuza ibikorwa by’imibanire n’ibindi bihugu. Dr. Di Giovanni wavukiye i Parelmo mu 1953 nk’uko Vatican News ibitangaza, yari amaze imyaka 27 akora mu bunyamabanga bw’ububanyi n’amahanga. Uyu watowe yatangarije Vatican News na L’Osservatore […]
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini bya Leta bavuga ko batarishyurwa
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini bisoza amashuri yisumbuye batangaza ko kugeza ubu batarishyurwa amafaranga bakoreye icyo gihe kandi barayabarirwaga ku munsi. Umwe muri bo utashatse ko amazina ye atangazwa, yabwiye Bwiza.com ko ubuyobozi bwabasabye gutaha badacyuye aya mafaranga bakoreye ubwo bari basoje gukosora, bubizeza ko bazayabona nyuma y’ibyumweru bibiri. Uyu avuga ko yarangije gukosora tariki […]
Yanyimye akazi kubera ko ntakomoka i Nyagatare
Umusore witwa (Kamali Justin) amazina yahinduwe nk’uko yabisabye atangaza ko yimwe akazi n’umuntu wakoraga muri Leta ariko akeneye uwamufasha mu iduka rye ry’ibikoresho by’ishuri n’ibiro. Uyu musore uri mu myaka 28 yabwiye Bwiza.com ko ubwo yari arangije amashuri yisumbuye yavuye iwabo mu cyaro anyarukira i Kigali gushaka imibereho ariko aho yari abonye ako gukora muri […]
Umuhanzi Big Eye arinubira guhura na Perezida Museveni
Umuhanzi Ibrahim Mayanza uzwi mu muziki nka ‘Big Eye’ yavanyeho igihuha cy’uko yaba yarahawe amafaranga menshi na Perezida Yoweri Museveni ubwo baherutse guhura. Yavuze ko bitagenze neza kuko nta n’igiceri yamuhaye. Ni mu butumwa uyu muhanzi yatangarije kuri televiziyo ya NBS yo muri Uganda ejo tariki ya 15 Mutarama 2020. Mu byo yaganiriye na Perezida […]
Abahinde bakoze umugati ureshya n’ibilometero 6.5

Abatetsi b’imigati 1,500 bo mu mujyi wa Kekala mu Buhinde n’abatware babo, bakoze umugati udasanzwe ufite uburebure bw’ibilometero 6.5 (6.5km), bagamije guca agahigo ko kuba aba mbere ku isi bakoze umuremure kurusha iyabayeho zose. Ufite ubugari bwa 10Cm n’uburemere bwa Toni 27. Aba batetsi bamaze amasaha arenga 4 y’umunsi w’ejo ku wa gatatu bakora iyi […]
Minisitiri Makelele avuga ko Congo itazakangwa n’uzagerageza kuyicamo ibice
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo akaba na minisitiri w’itangazamakuru, Jolino Makelele avuga ko igihugu cye cyiteguye guhangana n’uwo ari wese yaba ibihugu by’amahanga cyangwa umutwe witwaje intwaro wagambirira gucamo ibice iki gihugu. Minisitiri Makelele we yavuze ko ibi ari nk’inzozi ari ko haramutse hagize uhirahira akabigerageza, igihugu cye cyiteguye guhangana na […]
Tender for Audio-visual coverage, production and photography services providers
The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org The […]
Tender for Prequalification of IPAR-RWANDA’s Office Maintenance
The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org The […]
Laboratory Technician (On-call) International Organization for Migration (IOM)
Established in 1951, IOM is the leading inter-governmental organization in the field of migration and works closely with governmental, intergovernmental and non-governmental partners. With 165 member states, a further 8 states holding observer status and offices in over 100 countries, IOM is dedicated to promoting humane and orderly migration for the benefit of all. It […]
Research Analyst Laterite Ltd
Laterite is looking for three Research Analysts to join our offices in Ethiopia, Kenya, and Rwanda About Laterite Laterite is a data, research, and technical advisory firm that helps clients understand and analyze complex development challenges. We provide three types of services to clients: Data: comprehensive data collection and data processing solutions Research: from the […]
Procurement Assistant at Gesellschaft für Internationale Zusammenarbeit (GIZ)
The Deutsche Gesellschaft für Internationale Zusammenarbeit (GIZ) GmbH is a federally owned international cooperation enterprise for sustainable development with worldwide operations. GIZ has worked in Rwanda for over 30 years. The primary objectives between the Government of Rwanda and the Federal Republic of Germany are poverty reduction and promotion of sustainable development. To achieve these […]
Gicumbi: Hashize amezi asaga abiri umumotari aburiwe irengero
Umugore witwa Furaha Mukafaranga utuye mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Bukure avuga ko yabuze umugabo we, Issa Nyirinkindi kuwa 8 Ukwakira 2019 kugeza ubu kaba atazi aho aherereye. Uyu mugore avuga ko iby’uko umugabo we yaba yabuze yabibwiwe n’abaturanyi babivuze bakekeranya, babivugaga bagendeye kuri telefoni bumvise yitabwa n’Umunyambanaga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kigabiro, Beatrice […]