Umukobwa washakaga kuba Nyampinga w’u Rwanda yavuze ikintu gikomeye kuri Mwiseneza Josiane

Ishimwe Melissa ni umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko akaba ari umwe mu bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2020 ariko ntiyabasha gukomeza, avuga ko Miss Mwiseneza Josiane amukunda cyane ndetse ko yakoze ibintu bidasanzwe muri Miss Rwanda 2019. Bwiza TV yagiranye ikiganiro n’uyu mukobwa uvuga ko akijijwe ndetse anatubwira byinshi ku buzima […]

Akurikiranweho kuza mu Rwanda asize afungishije igitsina cy’umugore we Super Glue

Denis Mumo ukomoka mu gihugu cya Kenya, akurikiranweho kugerageza gufunga burundu igitsina cy’umugore we akoresheje Guper Glue nyuma yo kumushinja kumubangikanya n’abandi bagabo bane. Mumo w’imyaka 36 y’amavuko akomoka mu majyepfo y’ahitwa Kitui muri Kenya. Avuga ko yavumbuye ubutumwa umugore we yohererezanyaga n’abandi bagabo ku mbuga nkoranyambaga, burimo n’amafoto y’ubwambure bwabo. Avuga kandi ko iyo […]

Coronavirus ishobora kwica abarenga miliyoni 45, igafata 60% by’abatuye isi

Impuguke mu by’ubuzima mu Bushinwa zivuga ko icyorezo gishya cya Coronavirus gishobora kwica abantu barenga miliyoni 45, mu gihe 60% bya miliyari 7.5 z’abatuye isi, ngo bishoboka ko bayandura mu gihe kidafatiwe ingamba zikakaye. Ni mu gihe iki gihugu n’isi bihangayikishijwe n’iki cyorezo kimaze kugira ingaruka zikomeye mu buzima bwabyo. Nk’uko ikinyamakuru The Guardian dukesha […]

Mwalimu na afande: Ni nde ukwiriye kuzamurirwa umushahara mbere y’undi?

Abarimu cyangwa se abarezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye, abapolisi ndetse n’abasirikare bato (ba Afande) ndabasuhuje mu cyubahiro cyanyu mbagomba bitewe n’umurimo ukomeye mukora. Iyo mbatekereza ndeba no kuri ya mafaranga muhembwa ukwezi kurangiye (umushahara), bikaba n’ubwo nka bamwe muri mwe akererwa kubageraho. Aha ndavuga ku mushahara wa mwarimu wa Mutarama atarahabwa, ubu tukaba dukabakaba mu […]

Umwana wa Zari na Diamond arembeye mu bitaro

0a4576e8-a0c0-4a8a-bd1f-da74d8b7a7b7.jpg

Prince Nillan Dangote, umuhungu w’Umunya-Uganda, Zari Hassan n’Umuhanzi, Diamond Platnumz, arwariye muri bimwe mu Bitaro byo muri Afurika y’Epfo bitaramenyekana. Nillan w’imyaka itatu y’amavuko, akurikira Tiffah Dangote, imfura ya Zari na Diamond Platinumz batakibana nk’umugabo n’umugore. Uburwayi bwe bwemejwe na nyina umubyara, binyuze mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Snapchat. Zari yavuze ko umuhungu […]

Audio Visual Technician at Kigali Marriott Hotel

Marriott International, Inc. is a leading global lodging company with nearly 6,000 properties in 120 countries. Marriott International reported revenues of more than $14 billion in fiscal year 2015. Founded by J. Willard and Alice Marriott and guided by Marriott family leadership for nearly 90 years, the company is headquartered in Bethesda, Maryland, USA. A […]

Senior Software Architect at Ampersand Rwanda Ltd

Ampersand is an energy and mobility startup based in Kigali. We’re building electric taxi motorcycles that perform better, are easier to drive, cost less to buy and operate, and take less time to refuel. We want to achieve the world’s first true mass-market shift from petrol to electric power across a major vehicle fleet, achieving […]

St Valentin: Akanyafu ku basore bavuga ko ‘batarakura’

Harabura amasaha atangana umunsi kugira ngo twinjire mu munsi w’abakundana witiriwe Mutagatifu Valentin (Saint Valentin), byumvikane ko wizihizwa tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka. Uyu munsi ni uwa babiri, bahuje umutima kandi batifurizanya ikibi. Ni uw’umusore n’inkumi cyangwa se umugore n’umugabo. Umunsi nk’uyu ni uw’ibyishimo ku bemeye kubana mu nzira y’urukundo, bakishimira ko batigeze bakomanya […]

Igitero cy’inzige gishobora kugera mu Rwanda mu minsi mike

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) kiraburira Abanyarwanda ko bishoboka ko igitero cy’inzige gishobora kugera mu gihugu mu minsi iri hagati ya 10 na 14. Iki kigo kivuga ko igitero cya ziriya nzige kizaterwa n’uko ikirere gihagaze ndetse n’icyerekezo cy’umuyaga mu minsi iri imbere. Meteo iteganya ko inzige niziza mu Rwanda zizasohorera mu Ntara y’Iburasirazuba. Matthieu […]

Nyaruguru: Akarere kagiye gushyiraho imikino ijyanye n’ikirere cyaho

umuyobozi_w_akarere_ka_nyaruguru_bwana_habitegeko_francois_1_.jpg

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru butangaza ko bwafashe umwanzuro wo gushyiraho imikino yihariye ijyanye n’ikirere cy’aka karere mu rwego rwo guteza imbere siporo. Ubuyobozi butangaza ko bwafashe uyu mwanzuro nyuma y’aho busanze hari impano zitandukanye ziri mu rubyiruko rw’Akarere ka Nyaruguru. Ibi Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Francois Habitegeko yabivuze nyuma y’igikorwa cyo gukora siporo cyateguwe n’ubuyobozi […]

Nurongora umukobwa ufite izi ngeso uzaba urigushije

Waba ukuze ugeze mu gihe cyo gushinga urugo, hari ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ku mukobwa waba uri kurambagiza magingo aya, ni muri urwo rwego Bwiza.com twagerageje kubakusanyiriza zimwe mu ngeso zizakwereka umukobwa udashobora kubaka urugo ngo rugire aho rugera. 1. Ntahaga imibonano mpuzabitsina kandi ahorana udushya mu mibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo […]

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ( ICC) mu kwaha kw’ ibihangange ku Isi

Urukiko mpuzamahanga (ICC) rukiko rukorera i La Haye mu Buholandi, rufite intego yo kuburanisha no gushinja ibyaha abantu bakoze ibyaha mpuzamahanga nka Jenoside, ibyibasiye inyoko muntu, iby’intambara n’ibindi ndengakamere. Rushyirwaho n’ ibihugu binyamuryango mu masezerano y’itiriwe ay’ i Roma. Uru rukiko mu mikorere yarwo ntirwagiye ruvugwaho rumwe na za Leta zitandukanye ndetse n’imiryango mpuzamahanga, bitewe […]

Finance Officer at Save the Children

Save the Children believes every child deserves a future. Around the world, we give children a healthy start in life, the opportunity to learn and protection from harm. We do whatever it takes for children – every day and in times of crisis – transforming their lives and the future we share. Website: https://rwanda.savethechildren.net Finance […]

Perezida Kagame yemeye ubwegure bwa Me Uwizeyimana na Dr Munyakazi

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe (Primature) bitangaza ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yemeye ubwegure bwa Me Evode Uwizeyimana, wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ndetse n’ubwa Dr Isaac Munyakazi, wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi. Itangazo ibi biro byashyize ku rukuta rwa Twitter rivuga ko Perezida Kagame yemeye ubwegure bw’aba bombi […]

Request for proposal to supply smartphones at Education Development Trust

Education Development Trust, formerly CfBT Education Trust, is a not-for-for profit international education services company with over 40 years’ experience, working in more than 80 countries. Our vision is to provide outstanding, sustainable education solutions that transform and improve the school education and life chances of children and young people worldwide. We have specialist experience […]

Kizito Mihigo ngo yaba yafashwe agerageza gutoroka

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020, hazindutse amakuru avuga ko umuhanzi Kizito Mihigo ashobora kuba yafashwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda bikekwa ko yashakaga gutoroka. Urwego [cyangwa inzego z’umutekano] rwamufashe ntabwo rwigeze rutangazwa, cyane ko byavugwaga ko aya makuru ataremezwa. Kizito Mihigo ngo yafashwe ashaka gutorokera mu Burundi, impamvu yabyo na yo […]

Kalev Mutondo wayoboraga ubutasi bwa RDC mu gihe cya Kabila yatawe muri yombi

Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Kalev Mutondo wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare, ANR, yatawe muri yombi. Le Grand Congo dukesha iyi nkuru ivuga ko Mutondo yafatiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Njiri ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Gashyantare. Bivugwa ko yari mu rugendo avuye Addis Ababa […]