Young SC ya Haruna yakase myugariro wayo Tsh1,000,000 imuziza gukandagira umukinnyi wa JKT

Ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania ikinamo Abanyarwanda babiri, Haruna Niyonzima na Sibomana Patrick Papy, yamaze gufatira ibihano Lamine Moro ukina mu bwugarizi bwayo imuziza gukubita umugeri Mwinyi Kazimoto ukinira ikipe ya JKT Tanzania. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu Yanga na JKT zari zahuriye mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona ya […]

Rwanda: Hagaragaye abantu 3 banduye Covid-19

img-20200617-wa0026.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 17 Kamena 2020 yatangaje ko hagaragaye abandi bantu 3 banduye Covid-19 mu bipimo 2508 byafashwe. Abamaze gukira iki cyorezo bagumye kuri 347 barimo 9 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 638 abantu 290 ni bo bakirwaye. Abishwe nacyo ni babiri barimo umushoferi […]

Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi

Umukozi Ushinzwe Ubuzima mu biro by’Akarere ka Nyaruguru, Uzarazi Evode yatawe muri yombi kuri uyu wa 17 Kamena 2020 akurikiranweho ibyaha birimo kwakira ruswa no gutanga cyangwa kwakira indonke. Ni nyuma y’aho na bagenzi be babiri baherutse gutabwa muri yombi. Tariki ya 12 Kamena ni bwo Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga […]

Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe ya Afurika n’u Bushinwa

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu, yitabiriye inama idasanzwe y’umugabane wa Afurika n’u Bushinwa yari igamije kureba uko impande zombi zafatanya guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yari iyobowe na Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping, uwa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa unayobora Umuryango wa Afurika yunze ubumwe cyo kimwe […]

Amakipe atatu arimo Rayon Sports arashaka myugariro wahoze muri APR FC

Amakipe yo mu kiciro cya mbere hano mu Rwanda arimo AS Kigali, Kiyovu Sports na Rayon Sports, arashaka myugariro Rukundo Denis wanyuze muri APR FC nk’uko bitangazwa n’itangazamakuru ry’iwabo muri Uganda. Uyu musore ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo (ahazwi nko kuri kabiri), kuri ubu akinira ikipe ya Police FC yo mu kiciro cya mbere muri […]

Nyamasheke: Umugabo yapfuye yiyahuye kuko umugore yamwimye 500 RWF yo kujyana mu kabari

Nsanzimana Pascal wo mu Mudugudu wa Bururi, Akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke bamusanze mu cyumba araramo yiyahuje ikiziriko cy’ihene nyuma y’amakimbirane yari amaze kugirana n’umugore we, aho yamwatse amafaranga y’u Rwanda 500 yo kujyana mu kabari, ntayamuhe. Ngo Nsanzimana w’imyaka 35 y’amavuko yasabye umugore we aya mafaranga, amubwira ko ari […]

Uko inama ya Guverinoma ya Kambanda yabeshye ko mu Bisesero hari Inyenzi ikajya gutsemba Abatutsi baho bari bataricwa

Ubutwari bw’Abatutsi bo mu Bisesero bumaze kumenyekana mu mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri 1994, Abasesero bahanganye n’ibitero by’Interahamwe igihe kirenze amezi abiri kugeza ubwo Inama ya Guverinoma ya KAMBANDA ishyira icyo kibazo ku byagombaga kwigwaho mu nama yo ku wa 17 Kamena 1994. Hafashwe icyemezo cyo koherezayo abasirikare n’umubare munini w’Interahamwe kugira ngo bice […]

La responsabilité de l’Algérie dans les violations des droits de l’Homme dans les camps de Tindouf est imprescriptible

Kigali, 17 Juin (ARI) – Le militant associatif norvĂ©gien Eric Cameron, PrĂ©sident de l’ONG World Action for Refugees, a soulignĂ© la responsabilitĂ© imprescriptible de l’AlgĂ©rie dans la situation humanitaire dans les camps de Tindouf dans le cadre de sa participation au Sahara Debate, une Ă©mission citoyenne diffusĂ©e sur les rĂ©seaux sociaux. Dans un exposĂ© qui […]

ArrivĂ©e Ă  Brazzaville de l’aide mĂ©dicale Marrocaine

Kigali, 17 Juin (ARI) – L’aide mĂ©dicale marrocaine destinĂ©e Ă  la RĂ©publique du Congo, dans le cadre d’un ensemble d’aides accordĂ©es, sur Très Hautes Instructions de Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI, Ă  plusieurs pays africains frères pour les accompagner dans leurs efforts de lutte contre le coronavirus, est arrivĂ©e mardi Ă  l’aĂ©roport Maya-Maya de […]

Algeria’s Responsibility for Human Rights Violations in Tindouf camps is Imprescriptible

Kigali, 17 June (RNA) – Norwegian civil society activist Eric Cameron, President of the NGO World Action for Refugees, underlined the imprescriptible responsibility of Algeria for the humanitarian situation in the Tindouf camps in remarks he made for the Sahara Debate, a citizen-run show broadcast on social networks. In a presentation meant as factual and […]

L’aide médicale marocaine réceptionnée à Kinshasa

Kigali, 17 Juin (ARI) – L’aide mĂ©dicale marocaine envoyĂ©e Ă  la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC), dans le cadre d’un ensemble d’aides accordĂ©es sur Très Hautes Instructions de Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI Ă  plusieurs pays africains frères pour les accompagner dans leurs efforts de lutte contre la pandĂ©mie de coronavirus, est arrivĂ©e mardi […]

Moroccan medical Aid arrives in Brazzaville

Kigali, 17 June (RNA) – Moroccan medical assistance intended for the Republic of Congo, as part of a package of aid granted, on the very High Instructions of HM King Mohammed VI, to several brotherly African countries to support them in their efforts to fight coronavirus, arrived Tuesday at the Maya-Maya airport in Brazzaville. On […]

Mu bihe by’intambara, abana ni bo bapfa ari benshi kurusha abarwanyi

Muri ibi gihe, 90% y’abantu bahitanwa n’intambara zibera ku Isi ni abaturage b’abasivili. Abenshi muri abo ni abagore n’abana. Ibi bitandukanye n’intambara zo hambere (mu myaka 50 ishize), aho abahitanwaga nazo, abasaga 90% babaga ari abarwanyi cyangwa abafitanye isano nayo ku buryo butaziguye. Nk’uko icyegeranyo cy’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Bana (Save The Children) cyasohotse mu […]

Burundi: Hari abayobozi bafite ubwoba ko bazicwa n’abambari ba CNDD-FDD

Bamwe mu bayobozi bo ku rwego rw’umurenge wa Nyange-Bushaza uherereye muri Komini ya Kirundo mu Ntara ya Kirundo, bavuga ko bafite impungenge ku mutekano w’ubuzima bwabo, ngo kuko hari abayobozi bo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi bababwira ko bazabica. Abavuga ko bafite impungenge z’ubuzima bwabo barimo uwitwa Chantal Nahimana na Jean-Bosco Nahiyayezu. […]

Abasirikare 20 b’u Buhinde baguye mu ntambara y’amabuye n’inkoni yabasakiranyije n’ab’u Bushinwa

Leta y’u Buhinde yatangaje ko abasirikare 20 bayo bitabye Imana, nyuma y’intambara y’amabuye n’inkoni yabasakiranyije n’ab’u Bushinwa ahitwa Ladakh, agace gaherereye mu karere ka Kashmir ibihugu byombi bimaze igihe bipfa. Urupfu rwa bariya basirikare b’Abahinde rwaje rukurikira umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’iki gihugu n’Ubushinwa, by’umwihariko mu myaka 45 bikaba ari ubwa mbere ubushyamirane bw’ibihugu […]

Hakenewe abarimu bashya basaga 7200 mbere y’uko amashuri atangira muri Nzeri -REB

Mu gihe amashuri mu Rwanda yahagaze bitewe n’icyorezo cya Covid-19, Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda (REB) cyatangaje ko abarimu bashya basaga 7200 bazahabwa akazi mu mashuri abanza n’ayisumbuye ubwo umwaka w’amashuri uzaba utangiye mu kwezi kwa Cyenda. REB itangaza ko gushyira mu myanya abarimu benshi byatewe n’umubare w’abanyeshuri benshi bazatangira amashuri muri […]

Inama y’Abaminisitiri yorohereje ubukerarugendo, yemerera hoteli kwakira inama

eaq1ec-xyaa879v.jpg

Kuri uyu wa 16 Kamena 2020 muri Village Urugwiro hateranye inama y’Abaminisitiri idasanzwe yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ifatirwamo ibyemezo birimo korohereza ubukerarugendo n’inama zikorerwa mu mahoteli. Iyi nama yemeje ko ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu bwemewe ndetse na mpuzamahanga ku bashyitsi baje mu ndege zihariye; baba baje ku giti cyabo cyangwa mu […]