Ndayishimiye yizeye ko bidatinze umubano n’u Rwanda uzongera kuba mwiza

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa 24 Mutarama 2021 yatangaje ko afite icyizere ko umubano w’igihugu cyabo n’u Rwanda wongera kugenda neza mu gihe cya vuba, kuko impande zombo zifite ubushake. Yabitangarije mu nama idasanzwe yahuje abayobozi mu ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi, ati: “Nizeye ko mu gihe cya vuba, ibihugu bibiri […]

Corona ni nyinshi muri Tanzania_Hon. Mbowe

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko uba mu ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Freeman Mbowe yatangaje ko ubwandu bw’icyorezo cya Covid-19 ari bwinshi muri iki gihugu. Ni ubutumwa yatangiye ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 24 Mutarama 2021, avuguruza amakuru yatangajwe na Perezida Magufuli wemeza ko iki cyorezo kitakiri muri Tanzania. Hon. Mbowe […]

Hon. Ndikuriyo ni we muyobozi mushya w’ishyaka CNDD-FDD

Hon. RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo ni we watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, asimbuye Perezida Evariste Ndayishimiye. Ni itora ryabereye mu nama idasanzwe yahuje abayobozi muri iri shyaka, yebereye mu Ntara ya Gitega kuri uyu 24 Mutarama 2021. Amaze gutorwa, Ndikuriyo yashimiye Imana, Perezida Ndayishimiye n’abanyamuryango ba CNDD-FDD (Abagumyabanga), abizeza kutazabatenguha. Ati: […]

Maj. Zizinga wigeze gushinjwa kuroga Perezida Museveni, yapfuye

Umusirikare wa Uganda, Rtd. Maj. Oliver Zizinga wigeze gushinjwa kuroga uyu mukuru w’igihugu, yapfiriye mu bitaro bya Kololo muri Kampala kuri uyu wa 23 Mutarama 2021. Amakuru y’urupfu rw’uyu mukecuru warwanye urugamba rwagejeje Perezida Museveni ku butegetsi, yemejwe n’Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso. Gen. Byekwaso yagize ati: “Umuryango wa UPDF (ingabo za […]

USA irashinja u Bushinwa gukora jenoside

blinken.jpg

Mike Pompeo wari umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Antony Blinken uzamusimbura kuri izi nshingano, bashinja u Bushinwa gukorera jenoside ubwoko bwa Uyghurs butuye mu Karere ka Xinjiang. Pompeo habura umunsi umwe ngo inshingano ze zirangire (tariki ya 19 Mutarama 2021), yagize ati: “Ndizera ko hari kuba jenoside ndetse turabona Leta y’u Bushinwa […]

Umugaba w’Ingabo za Espagne ‘yeguye’ azira urukingo rwa Covid-19

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Espagne, Gen. Miguel Angel Villaroya, yeguye kuri izi nshingano kubera igitutu yashyizweho azira gufata urukingo rwa Covid-19 mbere y’abarukeneye byihutirwa. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) byabitangaje, Gen. Villaroya yakoze iri kosa tariki ya 22 Mutarama 2021, ubwo yageraga aho abandi barimo abakozi bo mu nzego z’ubuzima n’abasheshe akanguhe bategerereje guterwa urukingo, […]

U Bubiligi bwirinze kwemeranya n’abavuga ko Rusesabagina yashimuswe

sophie.jpg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Sophie Wilmès kuri uyu wa 19 Mutarama 2021 yirinze kwemeranya n’abavuga ko umuturage wabo Paul Rusesabagina yashimuswe na Leta y’u Rwanda. Nk’uko bigaragara mu nkuru ya Radiyo na Televiziyo RTBF, Minisitiri Wilmès wari imbere y’Abadepite batatu (Samuel Cogolati na Georges Dallemagne na Els Van Hoof), yavuze ko impamvu ituma yirinda […]

Centrafrica: Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro zirasaba ubundi bufasha

Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Repubulika ya Centrafrica, Mankeur Ndiaye, kuri uyu wa 21 Mutarama 2021 yatangaje ko ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu zikeneye ubundi bufasha. Nk’uko Ndiaye unayoboye izi ngabo (MINUSCA) yabisobanuye, bigaragara ko imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Centrafrica nk’ihuriro rya CPC, UPC, 3R, MPC, ihuriro […]

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda wateguye icyumweru cy’ubumwe bw’abakirisito

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uyobowe na Cardinal Antoine Kambanda

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Mutarama, watangaje ko hari icyumweru ngarukamwaka cyahariwe gusengera ubumwe bw’ Abakirisitu ngo babe umwe. Binyuze munsanganyamatsiko bahuriyeho n’indi miryango ya bililiya igira iti : “Mugume mu Rukundo nibwo muzera imbuto nyinshi” – Yohana 15:5-9 Pastor Nkuranga Aimable, Umubitsi (TrĂ©sorier) mu muryango wa bibiriya […]