Uko imbwa zitwa K-9 ziri guhangana n’abashimuta inyamaswa mu Kagera
Ibikorwa byo gucunga umutekano wa Pariki y’Igihugu y’Akagera hakoreshejwe imbwa zatojwe birimo gutanga umusaruro mu bijyanye no kurwanya ba rushimusi ku kigero cya 95%. RBA yasuye iyi parike maze bagenzura uko umutekano ucungwa amanywa n’ijoro. Kopa na Bones, ni amazina y’izi mbwa 2 zifite amakare zishaka gusimbukira umuntu zibona ko ari umwanzi w’urusobe rw’ibinyabuzima ruri […]
Umutoza wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda yamaze kwegura
Ikipe ya Etincelles FC yamaze gutandukana na Habimana Sosthène ’Lumumba’ wari umutoza wayo mukuru kubera umusaruro mubi. Amakuru avuga ko uyu mutoza yamaze gusezera ku mirimo, gusa nanone hakaba hariho gahunda yo kumwirukana. Amakuru yavugaga ko Habimana Sosthène yari busezererwe ku wa Kane w’iki cyumweru, nyuma y’inama ya Komite nyobozi ya Etincelles yateranye kuri uwo […]
U Burusiya bwamaganye Amerika ikomeje kubushinja kwitegura kurasa kuri Ukraine
Leta y’u Burusiya yatangaje ko abavuga ko buri gutegura ibitero karundura kuri Ukraine ari ababeshyi bakomeje kuyanduranyaho. Ni nyuma y’uko muri iki cyumweru iki gihugu cyarunze abasirikare babarirwa mu 175,000 ku mupaka wacyo na Ukraine ndetse n’ibimodoka by’intambara. Ibinyamakuru byo muri Amerika byanditse ko iki gihugu cyamaze kunoza neza umugambi wo gutera Ukraine, ku buryo […]
Urukiko rwa gisirikare rwakatiye S/Lt Seyoboka wigambye kurashisha Katyusha CND gufungwa burundu
Kuri uyu wa Gatanu, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwashimangiye ibihano urukiko rwa Gisirikare rwari rwarahaye Henry Jean Claude Seyoboka cyo gufungwa burundu, kubera uruhare ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yakoreye mu Murenge wa Rugenge mu Mujyi wa Kigali. Uyu mugabo wahoze muri FAR yari yavuze aseka ko ari we wabazwa imyobo iri ku nteko […]
Ethiopia yafunze amashuri mu gushyigikira intambara
Abategetsi ba Ethiopia babaye bafunze amashuri yo mu Ntara ya Tigray mu gihe cy’iminsi irindwi kugira ngo abanyeshuri nabo bajye gutanga uruhare rwabo mu biribwa byo gufata mu mugongo abasirikare bari ku rugamba muri icyo gihugu. Amakuru ava mu binyamakuru byegamiye Leta bivuga Minisitiri ushinzwe uburezi yatangaje ko uyu mukoro uzamara icyumweru kimwe. Leta ivuga […]
Imanza za Jenoside zibera hanze: Ibibazo bishingiye ku isemura bishobora kuyobya abacamanza
Mu rubanza rwa Claude Muhayimana rubera mu rukiko rwa rubanda I Paris mu Bufaransa, hongeye kugaragara ibibazo bishingiye ku guhindura mu ndimi z’ikinyarwanda n’igifaransa; nk’uko byanagaragaye mu rwa Neretse Fabien mu 2019. Haba mu rukiko imbere, haba mu gusemura ibyavuye mu iperereza; hari bamwe mu batangabuhamya bavugirwa ibyo batavuze. Kinyarwanda: “Njye nari mfunze we aba […]
Jimmy Gatete yahaye Abanyarwanda isezerano
Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Jimmy Gatete, yahaye Abanyarwanda isezerano ry’uko azagaruka mu mupira w’amaguru n’ubwo avuga ko atazi icyo azawukoramo. Gatete wakinnye umupira w’amaguru kugeza muri 2010, afatwa nk’uwa mbere mu bakinnyi bakunzwe n’ingeri zose z’Abanyarwanda kubera ibyishimo yabahaye mu gihe yamaze yambaye umwambaro w’Amavubi. Cyakora cyo kuva uyu mukinnyi yahagarika gukina ruhago […]
Uganda yemeje ko u Rwanda ruyishyigikiye mu rugamba irimo rwo gutsinsura ADF
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko ishyigikiwe n’u Rwanda mu bikorwa ingabo zayo zirimo byo guhiga abarwanyi bo mu mutwe wa ADF. Ni amakuru yemejwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda, Henry Oryem Okello, mu kiganiro na Televiziyo ya NTV. Minisitiri Oryem yavuze ko u Rwanda ruri mu bihugu basabye kubashyigikira. Ati: “Twabonye […]
Kigali: Nkundabanyanga bivugwa ko azira isambu ye ya Frw miliyari azakomeza gufungwa
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Eugenie Nkundabanyanga w’imyaka 80 y’amavuko akomeza gufungwa mu gihe agitegereje kuburana urubanza rwe mu bujurire. Uyu mwanzuro wafashwe kuri uyu wa 3 Ukuboza nyuma yo gusuzuma ubujurire bwa Nkundabanyanga wavugaga ko afunzwe binyuranyije n’amategeko. Abanyamategeko be bavuga ko uyu mukecuru yafunzwe nyuma y’ikirego cya Karangwa Charles bapfaga isambu, werekanye […]
Padiri Wenceslas Munyeshyaka yirukanwe muri Kiliziya
Padiri Wenceslas Munyeshyaka wahoze akuriye Paruwasi ya Sainte Famille mu mujyi wa Kigali, yirukanwe muri Kiliziya nyuma yo kwemera ko afite umwana w’umuhungu. Uyu mupadiri w’imyaka 63 y’amavuko yakoreraga ubutumwa muri Paruwasi ya Saint-Martin de la Risle y’i Brionne mu Bufaransa, nyuma yo guhungira muri iki gihugu mu myaka 27 ishize. Ku wa Gatanu tariki […]
Uwari intasi wigeze guha amakuru y’ingenzi Kayumba Nyamwasa yageze muri Uganda
Uwitwa Fred Asiimwe Kanamugire, bivugwa ko yigeze gukora muri National Intelligence Security Services (NISS) mu Rwanda, biravugwa ko kuwa 26 Ugushyingo 2021, yambutse akajya muri Uganda. Amakuru avugwa kuri uyu mugabo w’imyaka 43 ni uko yigeze gufungwa kugeza mu 2014 ubwo yatabwaga muri yombi ku birego by’uko ngo yari yahaye amakuru y’ingenzi abantu bo muri […]
Igisirikare cya Uganda kivuga ko cyishe ibihumbi by’abarwanyi ba ADF
Igisirikare cya Uganda, UPDF, kivuga ko ibitero by’indege ku barwanyi ba Allied Democratic Front, ADF, muri Repuburika Iharanira Demukarasi ya Congo byahitanye abarwanyi bo muri uyu mutwe babaribwa mu bihumbi. Ni ibitero byibasiye inkambi z’abarwanyi ba ADF ku ” buryo abagera mu bihumbi bishwe.” Ibi bitero byagabwe ku bufatanye bwa FARDC, UPDF bigamije gutsinsura ADF […]
APR FC yageze muri Maroc nyuma y’urugendo rutoroshye (Amafoto)

Ikipe ya APR FC yaraye igeze mu gihugu cya Maroc, aho yitabiriye umukino wo kwishyura wa kamarampaka wo gushaka itike y’amatsinda ya CAF Confederation Cup uzayihuza na RS Berkane. Saa mbiri n’igice z’ijoro ry’ejo ku wa Gatanu ni bwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Oudja muri Maroc, nyuma y’urugendo rw’amasaha […]