Kayonza: Hari abatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo basuhutse kubera inzara
Imiryango 13 yatujwe mu mudugudu w’icyitegererezo wa Muganza mu kagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu w’akarere ka Kayonza baratakamba basaba ubuyobozi gukemura uruhuri rw’ibibazo bibangamiye imibereho yabo. Abaganiriye na Bwiza.com bavuga ko abatujwe muri uwo mudugudu ari abaturage batishoboye kandi abenshi bari mu za bukuru abandi bakaba bafite uburwayi budakira. Bavuga ko ibibazo bafite […]
Kera kabaye Meschack Elia yemeye kongera gukinira RDC ku busabe bwa Perezida Tshisekedi
Rutahizamu Meschack Elia yongeye kwemera gukinira ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kubisabwa na Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Werurwe ni bwo uyu mukinnyi usanzwe ukinira Young Boys yageze i Kinshasa, mbere y’umukino w’ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya […]
Nshobozwabyosenumukiza uheruka guca ibintu muri Senegal agiye kuva mu ikipe ye
Umukinnyi w’ikipe ya REG Basketball Club, Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson yahishuye ko nyuma y’imikino ya BAL izabera mu Rwanda muri Gicurasi 2022 yifuza kuzajya gukina mu mahanga. Ibi yabitangarije mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nshobozwabyosenumukiza ni umukinnyi umaze kumenyekana cyane mu Rwanda ndetse no mu mahanga […]
RDB yakebuye abateza urusaku mu gihe cy’ibitaramo
Kuva icyorezo cya COVID19 cyagera mu Rwanda mu mwaka wa 2020 cyagize ingaruka nyinshi ku bukungu bw’igihugu ndetse no ku buzima busanzwe bw’Abanyarwanda, bitewe nuko byasabaga ingamba zikomeye zirimo no kwigomwa bimwe mu bisanzwe bishimisha abantu kugira ngo kibashe guhashywa. Muri ibi harimo kuba bimwe mu bikorwa by’imikino n’imyidagaduro byarahagaritswe nyamara byari isoko y’ibyishimo kuri […]
Komisiyo ya Duclert ntiyemera raporo ya Survie ku ruhare rw’Abacanshuro b’Abafaransa muri jenoside
Ishyirahamwe Survie ryahishuye ibintu bitamenyakanye byabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri raporo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 24 Werurwe 2022, Survie yahishuye inyandiko z’ubutasi bwo hanze bw’u Bufaransa, DGSE, avuga ko raporo zitandukanye zagiye zirengagiza, ibintu atavugaho rumwe na Komisiyo ya Duclert yakoze raporo iheruka ku ruhare rw’u Bufaransa mu byabaye. […]
Kagame, King Abdullah of Jordan meet
President Paul Kagame on Wednesday, March 23 arrived in Aqaba, Jordan where he was welcomed by His Majesty Abdullah II bin Al-Hussein. In Jordan, Kagame is expected to attend the Aqaba Process Meeting on East Africa slated for March 24. Prior to the meeting, the heads of state held a bilateral meeting, according to the […]
USA yashyizeho umutwe kabuhariwe ukurikiranira hafi ingabo z’u Burusiya
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zashyizeho umutwe kabuhariwe w’abasirikare witwa Tiger Team, uri gukurikiranira hafi ibitero by’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine. Nk’uko The New York Times ibivuga, uyu mutwe washinzwe n’umujyanama mu by’umutekano w’igihugu wa Perezida Joe Biden wa USA, Jake Sullivan tariki ya 28 Gashyantare 2022, ubwo ingabo z’u Burusiya zari zimaze iminsi […]
Basketball: Barame wamamaye mu amakipe arimo Espoir na APR yapfuye
Barame Aboubakar wamamaye hano mu Rwanda mu makipe atandukanye ya Basketball arimo n’iy’Igihugu, yitabye Imana kuri uyu wa Kane azize uburwayi. Barame yakiniye ikipe y’igihugu ya Basketball, gusa yamenyekanye mu makipe ya Cercle Sportive de Kigali (CSK), Espoir BBC, APR Basketball Club n’andi menshi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Werurwe […]
Umufaransa wiyamamaza yiyemeje gufatira imitungo y’abategetsi bo muri Afurika, naba Perezida
Umunyapolitiki Éric Justin LĂ©on Zemmour uri kwiyamamariza kuzaba Perezida w’u Bufaransa, yatangaje ko natsinda amatora, azafatira inzu abategetsi bo muri Afurika bafite mu gihugu cye, mu gihe baba banze gucyura abimukira b’Abanyafurika bariyo. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters byabitangaje kuri uyu wa 23 Werurwe 2022, Zemmour yavuze ko uyu mugambi uri muri politiki ye yo […]
Dore impamvu zishobora gutuma wemererwa guhindura ifoto yawe iri ku ndangamuntu
Bamwe mu baturage bavuga ko amafoto ari ku marangamuntu yabo ahabanye n’uko bagaragara ubu ku buryo hari aho bayerekana ntibemere ko ari bo, bagasaba ko ifoto zo ku marangamuntu zajya zihindurwa buri myaka 10. Mu biganiro hagati yabo, abaturage bumvikana bavuga ko kuba umuntu afata indangamuntu ku myaka 16 bituma agenda ahinduka ku buryo atagira […]
Sinumvaga ko ndi bugere muri top 5_Muheto uherutse kwegukana ikamba rya Miss Rwanda
Muheto Nshuti Divine uherutse kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2022, avuga ko atumvaga ko ari bugere mu bahatana batanu ba nyuma (top 5) muri iri rushanwa. Yabitangarije mu kiganiro yasubirijemo ibibazo by’amatsiko, cyatambutse ku rubuga rwa Miss Rwanda kuri uyu wa 23 Werurwe 2022. Miss Muheto yagize ati: “Top 10 naragiye ndabyakira, top 5 mu […]
Ubutasi bw’Ubwongereza buvuga ko Ingabo z’ Uburusiya zacitse intege zishobora kugotwa
Ingabo za Ukraine “zirimo kongera igitutu” ku ngabo z’Uburusiya ziri mu karere ko mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru Kyiv, nkuko bikubiye mu isesengura rishya ry’ubutasi rya minisiteri y’ingabo z’Ubwongereza. Ukraine ikomeje gukora “ibitero byo kwigaranzura” Abarusiya hanze y’umurwa mukuru, nkuko ayo makuru abivuga, kandi Abanya-Ukraine bashobora kuba bisubije imijyi ya Makariv na Moschun. Minisiteri […]
La zone humide de Masaka sera transformĂ©e en lac d’Ă©cotourisme
Des Ă©tudes de faisabilitĂ© sont en cours pour ouvrir la voie au dĂ©veloppement de la zone humide de Masaka en un lac d’Ă©cotourisme et aider Ă contenir ses inondations. SituĂ©e dans le district de Kicukiro, Ă Kigali, la zone humide est soumise Ă des inondations constantes pendant la saison des pluies, mettant en danger les […]
Abanyemari b’Abagande barasaba u Burundi gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda
Abanyemari b’Abarundi n’Abagande bahuriye i Bujumbura mu Burundi mu nama yari igamije kwagura isoko ry’ibicuruzwa muri ibi bihugu byombi byo muri EAC, impande zombi ziyemeza guorera hamwe ariko Abagande basaba u Burundi gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda. Ihuriro rihuza aba banyemari bo mu Burundi ryizeye ko inama yabahuje na bagenzi babo bo muri Uganda ari […]
Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immaculée yemeza ko yabeshye imyaka
Kabahizi Fridaus ushinja umukinnyi wa filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kumusambanya, akamutera inda, yamara kubyara abana b’impanga akamutererana, avuga ko yashenguwe no kumva umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie ImmaculĂ©e yemeza ko yabeshye imyaka y’amavuko. Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, yabwiye umunyamakuru ko mu 2019 ubwo yari […]
Gen Mupenzi yakiriye Gen William Zana wo mu ngabo za Amerika wari mu Rwanda (Amafoto)

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere, Lt Gen Jean Jacques Laurent Mupenzi, yakiriye Maj Gen William Zana wo mu ngabo za Amerika uherutse kugirira uruzinduko hano mu Rwanda. Maj Gen William asanzwe ari Umuyobozi wa Taskforce y’Ingabo za Amerika ziri mu ihembe rya Afurika. Ku wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe ni bwo yasuye […]
Urukiko rwa Uganda rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi wahungiye mu Budage
Urukiko rwo muri Uganda kuri uyu wa Gatatu rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi watsindiye igihembo mpuzamahanga wahungiye mu Budage, aho yagiye avuga ko agiye kwivuza iyicarubozo yakorewe ubwo yari afunzwe nk’uko byatangajwe n’umwunganizi we mu mategeko. Kakwenza Rukirabashaija yatawe muri yombi mu mpera z’Ukuboza, afungwa ukwezi ashinjwa kunenga Perezida Museveni n’umuhungu we, Lt […]
Undi Colonel yemeje ko yatorotse FARDC, yiyunga n’abarimo Makanika
Colonel Joseph Mitabu Rushimisha uri mu basirikare bakomeye bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge, yemeza ko yamaze gutoroka igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kizwi nka FARDC, yiyunga n’abo iwabo muri Minembwe barimo Colonel Michel Rukunda uzwi nka Makanika, bari mu mutwe wa Twirwaneho. Col. Rushimisha mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru wa Gakondo TV & […]