I Goma hashobora kugabwa igitero cy’iterabwoba
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaburiye abantu ko Umujyi wa Goma uri mu burasirazuba bw’iki gihugu ushobora kwibasirwa n’igitero cy’iterabwoba. Mu nyandiko ibuburira iyi Ambasade yanyujije ku rubuga rwa Internet ku wa Kane tariki ya 12 Gicurasi, yavuze ko iki gitero gishobora kugabwa ku bwato butavuzwe buzaba […]
Raheem Sterling wifuzwa n’amakipe arimo Arsenal azerekeza he?
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza ndetse akaba n’umukinnyi w’ikipe y’iki gihugu Raheem Sterling, kugeza ubu ahaza he ntiharamenyekana nyuma y’amakuru avuga ko agomba kuva muri iyi kipe akerekeza ahandi dore, ko hari amakipe menshi amushaka arimo Arsenal. Sterling biteganyijwe ko amasezerano ye muri Manchester City azarangira mu mpeshyi y’uyu mwaka, gusa kugeza […]
Yabaye Perezida afite imyaka 25, nyuma ahinduka inzererezi yirirwa ku muhanda

Yabaye Perezida wa mbere muto wafashe ubutegetsi afite myaka mike cyane mu mwaka w’1992 muri Sierra Leone, nyuma yo kuzuza isabukuru y’amavuko y’imyaka 25. Valentine Strasser yabaye umuyobozi w’itsinda rito ry’abasirikare batandatu bari incuti magara kuko bari urungano mu myaka yabo. Bafatanyije guhirika ubutegetsi bwa Joseph Saidu Momoh ku itariki ya 29 Mata 1992 muri […]
Umuhanzi Sheeba yashinje Andrew Mwenda kumufata ku ngufu, Gen Muhoozi aramuhakanira
Umunyamakuru Andrew Mwenda uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda, yibasiye umuhanzi Sheeba Karungi nyuma yo kumushinja kumufata ku ngufu. Sheeba na we uri mu bagore bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda ni we ubwe watangaje ko yafashwe ku ngufu. Mu mashusho uyu muririmbyi aheruka gushyira ku rubuga rwa YouTube, yavuze ko hari umugabo […]
Kagame sends message to Tanzanian counterpart
Tanzanian President, Samia Suluhu Hassan has announced to have received a message from her counterpart of Rwanda, Paul Kagame. Tanzania’s Presidency has revealed that the message was delivered by Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Dr. Vincent Biruta who was received by Suluhu at in Dar es Salaam on Friday 13th May 2022. Topics of discussion […]
Mu gihugu hose habaye inama yiga ku bibazo birimo ubushomeri bwiganje mu rubyiruko

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo (MIFOTRA) na Minisiteri y’urubyiruko n’umuco kuri uyu wa 13 Gicurasi 2022 byateguye inama nyunguranabitekerezo mu ntara zose zigize igihugu no mu mujyi wa Kigali, yize bibazo bigaragaza mu rwego rw’umurimo birimo ubushomeri bwiganje mu rubyiruko. Nk’uko Mwambari Faustin, Umuyobozi Mukuru ushinzwe umurimo muri MIFOTRA, yabitangarije Bwiza.com, iyi nama ni kimwe […]
Perezida wa UAE yapfuye, hashyirwaho iminsi 40 y’ikiriyo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) wari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo, Sheikh Khalifa bin Zayed al Nahyan yapfuye nyuma y’imyaka 17 agiye ku butegetsi, azize uburwayi yari amaranye igihe. Minisiteri ishinzwe ibikorwa byo mu biro bya Perezida, yemeje urupfu rw’uyu Mukuru w’Igihugu, igira iti: “Minisiteri ishinzwe ibikorwa bya Peezida irabika urupfu rwa Nyakubahwa Sheikh Khalifa […]
Gen. Kainerugaba na Gen. Mugisha Muntu bari mu ntambara y’amagambo
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo na Maj. Gen. (Rtd) Gregory Mugisha Muntu wigeze kuba Umugaba Mukuru w’izi ngabo. Muntu usigaye ari umunyapolitiki mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yari yitabiriye umuhango wo gufungura urusengero rw’Abadivantisiti b’Umunsi wa 7 n’ikigo nderabuzima mu karere ka Jinja, yavuze ku mugambi wa […]
U Bwongereza bwasabye ibihugu bikize gukomeza kotsa igitutu Putin
Guverinoma y’u Bwongereza, yasabye ibihugu byibumbiye mu muryango wa G7 gukomeza kotsa igitutu Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, kugeza ategetse ingabo z’igihugu cye kuva muri Ukraine. Nk’uko ibiro ntaramakuru Associated Press bibivuga, ibi byatangajwe kuri uyu wa 13 Gicurasi 2022 n’Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe ububanyi n’amahanga, Liz Truss ubwo yari amaze kugirana inama na bagenzi […]
Perezida Kagame yageneye ubutumwa bwihariye mugenzi we Samia Suluhu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yageneye ubutumwa bwihariye mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania. Perezida Samia yashyikirijwe ubu butumwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko rw’akazi i Dar Es Salaam muri Tanzania, nyuma yo kumwakira mu biro bye. Ubutumwa Umukuru w’igihugu yageneye mugenzi we […]
Rusizi: Ibitaro bya Mibilizi byakuriyeho ‘ticket modérateur’ abakozi babyo

Mu gihe umukozi wa Leta ugiye kwivuza cyangwa kuvuza umuryango we yitangira amafaranga 15% yitwa tike moderateri( ticket modérateur), Leta ikamutangira 85%, ubuyobozi bw’ibitaro bya Mibilizi, mu karere ka Rusizi, buravuga ko umukozi wabyo cyangwa uwo mu muryango we yishingira uje kubyivuzamo ayo 15% biyamutangira, agakorerwa byose ku buntu kugeza akize neza agataha nta faranga […]
Al Shabaab yongeye kugaba igitero ku ngabo z’u Burundi
Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab waraye wongeye kugaba igitero ku ngabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia (ATMIS). Amakuru avuga ko Al Shabaab yateye ibisasu birenga 20 ku birindiro by’Ingabo z’u Burundi biri ahitwa Biokadal, gusa ntibyagira icyo byangiza. Abarwanyi b’uyu mutwe muri iki gitero baranavugwaho […]
Hirwa Alain, Kakule, Sambao amwe mu mazina ya Mpiranya n’uko yiberaga mu bukire muri Zimbabwe
Protais Mpiranya, umwe mu bakekwagaho uruhare muri jenoside washakishwaga yarapfuye, nk’uko urwego rwasimbuye urukiko rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) rwabitangaje. Mpiranya wahoze akuriye ingabo zirinda perezida ni umwe mu bantu bakomeye bari bagishakishwa n’ubutabera ku byaha bya jenoside. Ruriya rwego rwavuze ko nyuma y’iperereza ‘rigoye kandi rikomeye’ ubugenzacyaha bwabonye ko Mpiranya yapfuye tariki 05 Ukwakira (10) […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa TUYISENGE OLEA
Gen Muhoozi yagiranye ibiganiro n’abasirikare bakuru muri RDF
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, ku wa Gatatu w’iki cyumweru yakiriye itsinda ry’abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda bagirana ibiganiro. Ni itsinda ryari riyobowe na Brig. Gen. Vincent Nyakarundi ukuriye ubutasi bwa Gisirikare mu ngabo z’u Rwanda. Gen Muhoozi yakiriye aba basirikare i Entebbe, mu nama yanitabiriwe na Maj. […]