2023: Umwe mu mijyi y’u Rwanda washyizwe muri 50 ku Isi ikurura ba mukerarugendo

Sangiza iyi nkuru

Ikinyamakuru Time Magazine cyasohoye urutonde rw’ahantu 50 hakurura ba mukerarugendo ku Isi muri 2023 harimo na Musanze. Ni ubushakashatsi bwagizwemo uruhare n’abanyamakuru n’abaterankunga bakomeye.

Urutonde rwakozwe bagendeye ku hantu haboneka ibintu bitari buri hantu hose kandi bishimishije.

Ku bantu bifuza gutembera mu bice bitandukanye, dore hamwe mu hantu h’ingenzi watemberera muri 2023, rwashyizwe hanze n’iki kinyamakuru:

Muri Afurika

.Musanze mu Rwanda.
.Giza na Saqqara zo mu Misi,
.Imisozi ya Chyulu muri Kenya
.Rabat muri Maroc
.Dakar umurwa mukuru wa Senegal
.Parike nkuru ya Loango yo muri Gabon
.Freetown Peninsula muri Sierra Leone

Ahandi

.Inyanja itukura muri Saudi Arabia
.Aqaba muri Jordan
.Yeruzaremu
.Sharjah muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
.Tuamotu Archipelago mu Bufaransa.
.Tampa muri Leta ya Florida
.Ibibaya bya Willamette muri Oregon
.RĂ­o Grande, mu birwa bya Puerto Rico
.Tucson muri Arizona
.Parike nkuru ya Yosemite yo muri California
.Bozeman muri Montana
.Washington DC
.Vancouver na Churchill muri Canada
.Dijon mu Bufaransa
.Pantelleria na Naples mu Butiliyani
.Aarhus muri Denmark
.St Moritz mu Busuwisi.

.Mexico City na Guadalajara muri Mexico
.Parike nkuru ya Torres del Paine muri Chile
.Pantanal muri Brazil
.MedellĂ­n muri Colombia
.Ollantaytambo muri Peru
.Roatán muri Honduras

.Kyoto na Nagoya mu Buyabani
.Isan na Phuket muri Thailand
.Jeju Island muri Korea y’Epfo
.Luang Prabang muri Laos
.Ladakh na Mayurbhanj mu Buhinde

Aho ni ho hantu ushobora gusura muri 2023, nk’uko Time Magazine yabitangaje.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *