Abarenga 20,000 bamaze gusinya ‘Petition’ isaba rutahizamu wa Argentine kwanga umukunzi we

Inyandiko [Petition] isaba ko rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Julian Arvalez gutandukana n’umukunzi we; yamaze gusinywaho n’abarenga 20,000. Alvarez yafashije Argentine kwegukana Igikombe cy’Isi cya 2022, nyuma yo kuyitsindira ibitego bine muri iri rushanwa ryaberaga muri Qatar. Mu gihe uyu mukinnyi akiri mu byishimo byo kwegukana Igikombe cy’Isi, bamwe mu banya-Argentine barifuza ko yatandukana n’umukunzi […]

Manchester United irifuza rutahizamu ukomeye w’umunyafurika

Ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yatangiye gutekereza uko yabona rutahizamu Vincent Aboubakar muri uku kwezi kwa Mutarama. Uyu munya-Caméroun w’imyaka 30 y’amavuko, Manchester United irifuza kumusinyisha nk’intizanyo. Vincent Aboubakar asanzwe akinira ikipe ya Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite iheruka gusinyisha Cristiano Ronaldo. Ikinyamakuru Daily Mail kivuga ko kuba iriya kipe iheruka […]

M23 yemeje ko RDC iheruka kuzana abacanshuro b’Abarusiya

Umutwe wa M23 wamaganye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwitabaza abacanshuro bo mu mutwe wa Wagner wo mu Burusiya ngo baze guhangana na wo. M23 yemeje ko Congo iri gukorana na Wagner binyuze mu itangazo rikubiyemo ubutumwa busoza umwaka wa 2022 Bertrand Bisimwa usanzwe ari Perezida wayo yageneye abanye-Congo. Ni Bisimwa […]

Rayon Sports yaba yemeye kugurisha APR FC myugariro wayo

Ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko yemeye kugurisha APR FC myugariro Hirwa Jean de Dieu, nyuma y’igihe yarabuze ibyangombwa byo kuyikinira. Muri Kamena umwaka ushize ni bwo Hirwa wahoze akinira Marines FC yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, ndetse mu birori bya ‘Rayon Sports Day’ byabaye ku wa 15 Kanama iyi kipe iza kumwerekana mu […]

Gen. Makenga yavuze impamvu RDC ishinja u Rwanda gufasha M23, ahishura ababaha inkunga

Umuyobozi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko ibirego bya RDC by’uko u Rwanda rwaba rubaha ubufasha ari ibinyoma Leta y’i Kinshasa yahisemo, mu rwego rwo kwirengera nyuma yo gutsindwa. Gen. Makenga yabitangarije mu kiganiro aheruka gukorera i Kishishe, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye. Makenga yakoze iki kiganiro, mu gihe inyeshyamba akuriye […]

Ingabo za EAC zahaye M23 igihe ntarengwa ngo ibe yavuye i Kishishe na Rumangabo

Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Ukuboza 2022, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zasabye umutwe wa M23 kuba wamaze kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo, bitarenze ku wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023. Ni ibikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe nyuma y’inama Ingabo za EAC n’urwego rwa EJVM bagiranye na M23. Iyo […]

Rurageretse hagati y’Umunyamerika n’Umunyarwanda bapfa ubutaka buri mu Kinigi

vlcsnap-2023-01-02-06h33m52s009.jpg

Umunyamerika witwa witwa Allen Michael Becky, arashinja Umunyarwanda witwa Iradukunda Gilbert kumuriganya ubutaka bwubatseho Hoteli iherereye mu Kinigi ho mu karere ka Musanze. Allen usanzwe ari umushoramari, afite Hoteli yitwa Villa Gorilla yubatse mu kagari ka Nyonirima ho mu Kinigi, ndetse imaze igihe ikora. Uyu munyamerika avuga ko yohererezaga Iradukunda amafaranga yo kumugurira ubutaka mu […]