Ba Musenyeri 5 bo mu Rwanda bagiye kwakira Papa Francis muri RDC
Abashumba ba Diyosezi Gatolika eshanu za hano mu Rwanda, berekeje i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bagiye kwakira Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis uhategerejwe. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 ni bwo Papa Francis azagera i Kinshasa, mu ruzinduko rw’iminsi ine azagirira muri Congo. Mu bepiskopi […]
Karongi: Barahamya ko iterambere ryabo ridindizwa n’imihanda mibi

Abaturage bâimwe mu irenge yâicyaro yâakarere ka Karongi baravuga ko imihanda mibi ari kimwe mu bibaheza mu bwigunge nâubukene bukabije, bagasaba akarere, abafatanyabikorwa bako nâikigo cyâigihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi (RTDA) kubatabara, kuko ngo hari nâabatabasha kugera ku bitaro bagombye kwivurizaho bitewe nâuko imihanda bakanyuzemo babigana yapfapfanye. Abaganiriye na Bwiza.com, batangaje ko, mu byâukuri abaturage bâaka […]
Kinshasa: Tshisekedi yasabiye abayobozi bo mu Rwanda nâaba M23 ibihano

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabye Umuryango wâAbibumbye gufatira abayobozi bo mu Rwanda, Leta muri rusange nâabâumutwe witwaje intwaro wa M23 ibihano bya ânyabyoâ. Kuri uyu wa 30 Mutarama 2023 ubwo yaganiraga nâabadipolomate bahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa, Tshisekedi yongeye gushimangira ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 […]
Abakinnyi bagize uburebure butangaje mu mateka ya NBA

Gusumba abandi mu gihagararo ni impano ikomeye ku mukinnyi w’umukino w’inkangara (Basketball). Muri rusange umukinnyi, muremure muri Basketball yoroherwa cyane no kuboneza mu nkangara, kwambura imipira, kugumana umupira aho biri ngombwa ndetse usanga akenshi arangwa n’intambwe ndende, bikabangamira abo bahanganye. N’ubwo bimeze bityo ariko, kuba muremure bikabije bigira ingaruka nyinshi ku buzima bwa buri munsi […]
Umugabo yajyanye umukobwa mu rukiko nyuma yo kumurihirira amashuri, akanga ko bashakana

Umugabo wâimyaka 40 yâamavuko witwa Richard Tumwine, uyuye mu gace ka Kanungu muri Uganda, yajyanye umukobwa bakundanaga mu rukiko nyuma yâaho amurihiye amashuri, yayarangiza akanga ko bashaka kandi yari yarabimusezeranyije. Tumwine yasobanuye ko yarihiriye uyu mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda mu ishuri ryâamategeko rya LDC, amutangaho igiteranyo cyâamashilingi ya Uganda miliyoni 9. Akirangiza amashuri, ngo yamubwiye […]
Papa Francis yasabye abatuye Isi gusengera urugendo rwe muri RDC
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye abatuye Isi guherekezanya isengesho urugendo agomba kugirira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Sudani y’Epfo. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama ni bwo Papa Francis azatangira uruzinduko rw’iminsi ine muri Congo Kinshasa, aho azava yerekeza muri Sudani y’Epfo. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter […]
Le célÚbre musicien congolais diffuse de fausses nouvelles sur les réseaux sociaux
Au milieu des relations tendues entre le Rwanda et la RD Congo, le cĂ©lĂšbre chanteur congolais Mohombi a Ă©tĂ© pris dans un scandale de fausses nouvelles, aprĂšs avoir partagĂ© sur son compte Twitter une fausse annonce . L’annonce non datĂ©e, prĂ©tendant provenir du bureau du Premier ministre rwandais, a Ă©tĂ© diffusĂ©e sur les rĂ©seaux sociaux […]
Ngororero: Ikibazo cy’agatsiko kâabagore bari barazengereje abaturage cyavugutiwe umuti

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba, CIP Mucyo Rukundo, aravuga ko ikibazo cyagaragajwe mu Karere ka Ngororero mu mpera zâumwaka ushize cyâagatsiko kâabagizi ba nabi byavuzwe ko kari kagizwe nâabagore gusa bari barajujubije abaturage bo mu Murenge wa Matyazo, babiba ndetse banabatega bakabambura, cyavugutiwe umuti ubu abo bagore baretse iyo ngeso mbi . Amakuru yavaga […]
Pakistan: Igisasu cyari giteze mu musigiti cyahitanye abantu hafi 20
Kuri uyu wa Mbere, igisasu cyaturikiye mu musigiti cyahitanye nibura abari barimo gusenga 19 abandi benshi barakomereka mu mujyi wa Peshawar uherereye mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Pakistan, kandi benshi mu bapfuye ni abapolisi bari bateraniye mu masengesho ya buri munsi . Polisi ivuga ko uyu musigiti wari hafi yâibiro byâabapolisi, kandi hari abantu bagera kuri […]
Kiyovu Sports yafatiwe ibihano izira abafana bayo batutse Mukansanga Salima
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze guhanishwa kuzakina umukino umwe wa shampiyona nta bafana, izira kuba abafana bayo baheruka gutuka umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ni icyemezo cyafashwe na Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA). Ku wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Salima yiswe n’abafana ba Kiyovu Sports ‘maraya ndetse […]
U Burusiya burashinja Ukraine gukora ibyaha byâintambara muri Donbass
Kuri iki Cyumweru, Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yatangaje ko Kiev nâabaterankunga bayo bo mu Burengerazuba bagomba kwemera uruhare rwabo mu gusenya ibitaro byâabasivili muri Donbass. Yongeyeho ko abakoze âicyaha cyâintambaraâ batazacika igihano . Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yavuze ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, Ingabo za Ukraine zarashe za roketi zikoresheje […]
Ambasaderi Busingye yasubije umudepite wasabye u Bwongereza kwemeza ko u Rwanda rufasha M23

Intumwa nkuru yâu Rwanda mu bwami bw’u Bwongereza, Ambasaderi Busingye Johnston, yasubije umudepite witwa Lyn Brown wasabye iki gihugu cyo ku mugabane wâUburayi kwifatanya nâibindi bikomeye kwemeza ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu mudepite uhagarariye akarere ka West Ham, ashingiye kuri raporo yashyizwe hanze nâimpuguke zâUmuryango wâAbibumbye, tariki ya 19 Mutarama […]
Boris Johnson yahishuye uko Putin yigeze kumukangisha kumurasisha misile
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Boris Johnson, yatangaje ko Perezida Vladimir Putin yamukangishije kuzamugabaho igitero cya misile mbere yo gutegeka Ingabo zâu Burusiya gutera Ukraine . Icyo gisa nkâiterabwoba ngo yakibwiwe kuri telephone mbere gato yâigitero cyo ku ya 24 Gashyantare, nkâuko filimi mberankuru nshya ya BBC iza gusohoka kuri uyu wa Mbere ivuga. […]
FERWAFA yakuriye inzira ku murima Kiyovu Sports yayisabye gutera APR FC mpaga
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryakuriye inzira ku murima ikipe ya Kiyovu Sports, nyuma y’uko iriregeye APR FC iyishinja gukinisha Lague Byiringiro nyamara atakiri umukinnyi wayo. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 3-2, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wabereye kuri Stade Regional ya Muhanga. Ni umukino […]
Museveni yagereranyije abayobozi basaba ruswa y’igitsina n’ingurube zikwiye icyokezo
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yibasiye abayobozi basaba ruswa yâigitsina kugira ngo batange akazi, abagereranya nâingurube zikwiye kujya ku cyokezo. Tariki ya 27 Mutarama 2023, ubwo yizihizaga imyaka 37 amaze ku butegetsi, Museveni yamenyesheje abo bireba ko aya makuru ayafite, kandi ngo abayobozi basaba iyi ruswa bagomba gukurikiranwa bagafungwa. Yagize ati: âNumvise abakobwa bakoreshwa […]
Afurika yâEpfo: Abantu 8 bishwe barasiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru yâamavuko
Abantu umunani barashwe baricwa abandi batatu barakomereka mu kurasa kwabereye mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko muri Afurika y’Epfo . Serivisi ishinzwe abapolisi bo muri Afurika yâEpfo (SAPS) mu itangazo ryayo yatangaje ko ibi byabereye i Kwazakele, Gqeberha, mu Ntara Cape yâIburasirazuba ku Cyumweru, ubwo abantu babiri bitwaje imbunda barasaga abashyitsi bari bateraniye aho. Polisi […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza avuga ko yafunzwe na Polisi arengana
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza umenyerewe mu nkuru zâubutabera, avuga ko yatawe muri yombi nâabapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bakorera mu karere ka Nyarugenge arengana. Nkundineza wari umaze iminsi atagaragara mu kazi, kuri uyu wa 29 Mutarama 2023 yatangarije Jalas Official ko yatawe muri yombi tariki ya 19 Mutarama 2023 ubwo yari yagiye gusura umuryango […]