ITANGAZO RYA CYAMUNARA YA ZA MOTO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 23 Kanama 2023 kugeza tariki ya 30 Kanama 2023 saa yine za mu gitondo (10:00h ) , kizagurisha mu cyamunara binyuze mu buryo bwâikoranabuhanga, ibinyabiziga (MOTO) byâabasora batandukanye nkuko bikubiye mu mbonerahamwe iri ku mugereka wiri tangazo.
Gitifu uvugwaho kwita abasezerana âibicucuâ yeguye ku bushake
Ingabire Claire wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza yeguye kuri iyi nshingano ku bushake nyuma yâaho avuzweho kwita abasezerana ibicucu, abahora ubukererwe. Amakuru aherutswe gutangazwa avuga ko ubwo Kwahamisi Donath n’umugore we Irakiza Marie JosĂ©e bari bageze ku mwanya wo gusezerana, uyu muyobozi yabahamagaye ati âBya bigoryi byâibicucu byanyirije hano ni […]
Ethiopia yikoze mu nda
Drone y’Igisirikare cya Ethiopia yarashe mu baturage b’iki gihugu bikagaragambyaga, yicamo ababarirwa muri za mirongo. Byabareye mu karere ka Amhara gaherereye mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Ethiopia, ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama. Itangazamakuru ryigenga muri kiriya gihugu rivuga ko ababarirwa muri 70 ari bo biciwe muri kiriya gitero. BBC Amhara cyakora ivuga ko umubare […]
Raia wawili wa Rwanda wamefariki na wengine 24 kujeruhiwa katika ajali ya basi la Jaguar
Raia wawili wa Rwanda walithibitishwa kufariki huku 24 wakijeruhiwa katika ajali ya basi la Jaguar nchini Uganda, Kamishna wa Polisi John Bosco Kabera, msemaji wa Polisi wa Kitaifa wa Rwanda aliambia The New Times. Tukio hilo limetokea katika barabara ya Kajumiro Maddu-Ssembabule wilayani Gomba. Wanyarwanda wawili walioaga dunia ni; Justine Nyinawumuntu, 29, mkazi wa Kasanda, […]
Kurya urubuto rw’icunga uba ufite amahirwe yo kwirinda asima n’igituntu
Icunga cyangwa ironji (Orange) ni rumwe mu mbuto zikunzwe cyane ku isi kandi rikungahaye cyane kuri vitamini nyinshi zitandukanye ariko cyane cyane vitamine C, ifite imbaraga zo gukingira umubiri indwara zâAsima, Inkorora yâigikatu, igituntu, umusonga, rubagimpande nk’uko bitangazwa na insanelygoodrecipes.com. Uru rubuga rutangaza ko vitamine ifasha abantu kwituma neza, gukumira indwara zâigisukari, umuvuduko udasanzwe wâamaraso […]
Abanyarwanda 2 ni bo baguye mu mpanuka ya bus ya Jaguar mu gihe 24 bakomeretse
Umuvugizi w’Igipolisi cy’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yemeje ko Abanyarwanda babiri byemejwe ko bapfuye mu gihe 24 bakomerekeye mu mpanuka ya bus ya Jaguar yerekezaga muri Uganda muri iyi weekend ishize. Ibi byabereye ku muhanda wa Kajumiro Maddu-Ssembabule mu Karere ka Gomba. Abanyarwanda bombi bapfuye ni; Justine Nyinawumuntu w’imyaka 29, utuye i Kasanda, Mubende […]
Nigeria: Boko Haram yishe abantu 13 barimo ingabo z’igihugu muri Leta ya Borno
Abagize umutwe wâiterabwoba wa Boko Haram bishe abantu 13 mu bitero bibiri bitandukanye mu majyaruguru yâamajyaruguru ya Nigeria nk’uko ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byatangaje ku Cyumweru. Ku wa Gatandatu, uyu mutwe wâiterabwoba wagabye igitero ku kigo cya gisirikare mu Mudugudu wa Wulari muri leta ya Borno, gihitana abasirikare batatu mu mirwano ikaze yahuje impande […]
Huye: Umusore yiyahuje ‘Roket’ yica Nkongwa
Umusore witwa Ntakiritimana Patrice wo mu kagari ka Mara ho mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti wa Roket wica Nkongwa. Ntakiritimana yitabye Imana ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama 2023, aguye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhashya, Mutabaruka Jean Baptiste, yabwiye BWIZA […]
Jose Chameleone yavuze uburyo Perezida Museveni aherutse kuramira ubuzima bwe
Umuhanzi Jose Chameleone yagize icyo avuga ku buvuzi aherutse kwivuriza muri Amerika,aho yashimiye Perezida Museveni ko aherutse kusigasira ubuzima bwe bwari busumbirijwe. Chameleone, ubusanzwe witwa Joseph Mayanja amazina ye nyakuri,aherutse kubagwa byihutirwa mu bitaro byâubuvuzi bya Aline i Minneapolis muri Kamena nyuma yo guhangana nâibibazo byo mu gifu. Igikorwa cyo kubagwa cyagenze neza, ariko bigaragara […]
Umupfumu yazinze Habumugisha James na Habumugisha Robert bari banze kwirega
Umupfumu utuye mu gace ka Nyakabande, akarere ka Kisoro muri Uganda, arigamba kuzinga Habumugisha James na Habumugisha Robert bakekwagaho kwiba ibiribwa mu bubiko bwâishuri rikuru rya tekiniki. Nkâuko radiyo Voice of Mubahura yabitangaje, iri shuri ryibwe tariki ya 10 Kanama 2023, abarinzi batatu bose basanzwe baririnda; ba Habumugisha nâundi witwa Tukamushaba Edson, batabwa muri yombi […]
Diamond Platnumz yongeye gucyeza u Rwanda nyuma yo kuhataramira

Umuhanzi Diamond Platnumz yacyeje u Rwanda nyuma yâamasaha macye ahataramiye mu gitaramo gufungura Iserukiramuco rya âGiants of Africaâ yataramiraga i Kigali kuri uyu wa 13 Kanama 2023 . Ni igitaramo cyabereye muri BK Arena cyitabiriwe nâumukuru wâIgihugu Perezida Paul Kagame nâabandi batandukanye barimo Intore Masamba, nâubyinnyi Shiri Sherrie Silver nâabandi baturutse mu bihugu bitandukanye. Akigera […]
Le ministre sud-corĂ©en des Affaires Ă©trangĂšres s’est entretenu avec de hauts responsables au Rwanda

Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres Park Jin s’est rendu au Rwanda et s’est entretenu avec de hauts responsables sur les moyens de renforcer la coopĂ©ration dans le domaine de la technologie et d’autres domaines d’avenir, a annoncĂ© dimanche son bureau. Park a eu des entretiens avec son homologue rwandais, Vincent Biruta, Ă Â Kigali, la capitale […]
âAramutse yaranyishyuye naba ndi MiliyoneriâMico The Best yatanze andi makuru ku bye na Diamond
Hagati mu cyumweru gishize, nibwo hatangajwe ko umuhanzi Diamond Platinumz agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cya African Giant ariko kandi hakaba hari n’amakuru yavugaga ko umuhanzi Mico The Best yaba aryamiye amajanja ngo amwishyuze amafaranga yamugombaga yari amurimo kuva mu mwaka wa 2013. Mu gihe abantu bari bakibaza ku byayo makuru , nibwo […]
Uruzinduko rwa Ruto muri Uganda nyuma yo kuhava kwa Kenyatta rwateje kwibaza byinshi

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 13 Kanama, Perezida William Ruto wa Kenya yakoreye uruzinduko muri Uganda kugira ngo agirane ibiganiro na mugenzi we, Yoweri Museveni, ariko igihe yahisemo cyateje kwibaza byinshi. Iyi nama yo ku rwego rwo hejuru yabaye nyuma y’icyumweru kimwe gusa Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya agiye muri Uganda ku itariki […]
Rutshuru: M23 yaba yafashe uduce twinshi nyuma y’imirwano yamaze akanya gato
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Kanama, muri Gurupoma ya Busanza, yo muri Teritwari ya Rutshuru humvikanye imirwano yamaze akanya gato hagati ya M23 n’inyeshyamba za Wazalendo. Amakuru agera ku rubuga TazamaRDC aturuka muri ako gace, aravuga ko inyeshyamba za M23 zikabakaba 400 “zivanze n’abasirikare ba Uganda” zambutse umupaka wa Kitagoma ubu […]
Ndayishimiye arabaza abacamanza icyo azasobanurira UN, nibakomeza kurenganya abaturage
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye arabaza abacamanza icyo azasobanurira Umuryango wâAbibumbye mu gihe baba bakomeje umuco wo kudahana, barenganya aba turage. Iki kibazo yakibajije tariki ya 11 Kanama 2023 ubwo yakiraga indahiro zâabacamanza bashya bo ku rwego rwâurukiko rwâikirenga. Yagize ati: âKo umuryango mpuzamahanga, ONU, usabwa kugenzura mu bihugu niba birwanya kudahana, mu Burundi nkaba […]
Perezida Kagame aremeza ko Afurika izagera aho yifuza mu gihe buri Munyafurika azumva ko ari nka mugenzi we
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, aremeza ko Afurika izagera ku cyerekezo yifuza mu gihe buri Munyafurika azumva ko ari nka mugenzi we. Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 13 Kanama 2023, mu birori bya Giants of Africa biri kubera muri B.K Arena kuva tariki ya 12 Kanama. Umukuru wâIgihugu yasobanuye ko Abanyafurika ari […]
Niger: Abahiritse ubutegetsi bagiye gukurikirana Perezida Bazoum mu nkiko
Abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum muri Niger bamushinja ubugambanyi no gushyira mu kaga umutekano w’igihugu, batangaje ko bazamukurikirana mu nkiko nyuma y’amasaha make batangaje ko biteguye ibiganiro n’ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba. Ibi byatangajwe kuri televiziyo ya Leta mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, nâumuvugizi Col. Maj. Amadou Abdramane, […]
Sherrie Silver yahuye na Perezida Kagame na Jeannette, ari kumwe nâabana bâimpanga arera

Umubyinnyi Sherrie Silver ukomoka mu Rwanda, yishimiye guhura na Perezida Paul Kagame hamwe na Jeannette Kagame, ari kumwe nâabana bâimpanga arera kuva bapfusha umubyeyi wabo ubwo bari bakiri impinja. Uyu mukobwa wâimyaka 29 yâamavuko uba mu Bwongereza yahuye nâUmukuru wâIgihugu hamwe nâumufasha we kuri uyu wa 13 Kanama 2023 ubwo bari mu iserukiramuco ryitwa Giants […]
Imirwano yibasiye Darfur y’Amajyepfo mu gihe hikangwa intambara nshya hagati y’abaturage
Kuri iki Cyumweru, itariki 13 Kanama, urugomo rwibasiye umujyi wa Nyala wo mu burengerazuba bwa Sudani ndetse n’ahandi muri leta ya Darfur y’Amajyepfo, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bituma hikangwa ko ako karere kajahajwe n’ntambara igihe kirekire muri Sudani kasubira mu bihe bibi. Amakimbirane yazanye intambara za buri munsi mu mihanda y’umurwa mukuru wa Khartoum, yibutsa intambara […]
Impanuka ya Bus ya Jaguar yari iturutse mu Rwanda yahitanye abantu 3 abandi barakomereka
Bus ya Jaguar, ifite pulaki UBF 736G Isuzu, yerekezaga muri Uganda iturutse mu Rwanda kuwa Gatandatu, itariki 12 Kanama, yakoze impanuka ihitana abantu batatu abandi umunani barakomereka. Ibi byabereye ku muhanda wa Kajumiro Maddu-Ssembabule mu Karere ka Gomba, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda. Mu bapfuye harimo umushoferi wa bus uzwi nka David Asiimwe. […]
Mu basirikare barinda Tshisekedi harimo FDLR: Corneille Nangaa
Corneille Nangaa wahoze akuriye Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR basigaye bari mu bagize umutwe ushinzwe kurinda Perezida wa RDC, agaragaza ko byabayeho bitewe n’umusaruro muke w’ibihe bidasanzwe byashyizwe mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Mu mpera za Mata 2021 ni bwo Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yshyizeho ibihe bidasanzwe mu ntara […]
Diamond Platnumz yahuye na Perezida Kagame witabiriye igitaramo cye
Perezida Paul Kagame yahuye n’umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania ndetse na Afurika muri rusange nka Diamond Platnumz waraye utaramiye Abanyarwanda. Mu ijoro ryakeye ni bwo Diamond yataramiye abanya-Kigali, mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyari mu rwego rwo gutangiza iserukiramuco rya “Giants of Africa” riri kubera mu Rwanda. Perezida Paul Kagame wari kumwe na […]