Iwacu na Muzika Festival yagarutse mu isura nshya

Nyuma y’Umwaka urenga hasubitswe ibitaramo bya Iwacu na Muzika Festival ahanini bikomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid19, kuri ubu bikaba bigiye kongera gukomeza, aho abahanzi bazazenguruka intara zose basusurutsa abakunzi babo nk’uko byari bisanzwe. Mu 2019, nibwo ibi bitaramo byatangiye ariko 2020 biza gukomwa mu nkokora na Covid ndetse na 2021 biza kugenda uko ariko […]
Gen Nduru yasuye FARDC ku irasaniro
Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa n’ubutasi, Général-Major Nduru Ychaligonza, kuri uyu wa Kane yasuye ingabo ku mirongo y’urugamba. Uyu mujenerali yasuye FARDC mu birindiro bitandukanye ifite mu duce imaze igihe irwaniramo n’inyeshyamba za M23. Ni uduce turimo Kibati, Trois antennes, Kanyamahoro, Kibumba, Rusayo na Mubambiro, ho muri Teritwari […]
RBA itewe ipfunwe n’uko idakorera abaturage uko bikwiye
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, bwagaragaje ko butewe ipfunwe n’uko cyibanda mu bucuruzi, aho kwiyegurira inshingano gihabwa n’amategeko, yo gukorera abaturage. Ibi byagaragajwe n’Umuyobozi Mukuru w’iki kigo, Arthur Asiimwe, kuri uyu wa 7 Nzeri 2023, ubwo we, hamwe n’abandi bayobozi bari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari by’igihugu mu mutwe w’abadepite, PAC. Kurikira ikiganiro […]
Ubwato bw’abo ku Nkombo bukomeje kubera RTDA umutwaro

Ubwato buri kubakirwa abatuye ku kirwa cya Nkombo mu burengerazuba bw’igihugu bukomeje kubera umuzigo ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubwikorezi mu Rwanda, RTDA. Umuyobozi Mukuru wa RTDA, Imena Munyampenda, tariki ya 8 Nzeri 2022 ubwo yari imbere ya komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yavuze ko ubu bwato bw’abantu […]
Munyankindi wari SG wa Ferwacy yisobanuye imbere y’Urukiko
Munyankindi Benoit wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umukino w’Amagare FERWACY yagejejwe imbere y’Urukiko arisobanura ku byaha aregwa birimo itonesha ,n’icyenewabo. Kuri uyu wa Kane taliki 7 Nzeri 2023, nibwo uyu Munyankindi yageze imbere y’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro aho akurikiranyweho gufata icyemezo gishingiye ku bushuti n’icyenewabo. Ibi bishingira ku bivugwa ko yohereje umugore we nk’uhagarariye u Rwanda mu […]
Dusanze perimi yawe ari impimbano, twakubikira ibanga: Iyahoze ari Laboratwari y’u Rwanda

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, RFI (Rwanda Forensic Institute), cyahoze ari Laboratwari y’igihugu (RFL), kiravuga ko kitaha Polisi amakuru ku mukiriya wakigannye bikagaragara ko afite perimi mpimbano. Ibi byavuzwe n’Umuyobozi Mukuru wa RFI, Colonel Dr Karangwa Charles, mu kiganiro iki kigo cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 7 Nzeri 2023. […]
Kazungu ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa ‘yari umupangayi uruhanyije’: Uwamukodeshaga inzu
Shyirambere Augustin wakodeshaga inzu Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yari atuyemo, avuga ko no mu busanzwe uri mugabo yari umupangayi ugoranye. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 5 Nzeri, ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kazungu. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko wari utuye mu kagari […]
Bemba, Nyamwisi, Gen Ndima na Chaligonza babaye inyeshyamba, ntibakwiye akazi muri Leta: Dr Mukwege

Umuganga uzwi nk’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Dr Denis Mukwege, abona kuba ababaye mu mitwe y’inyeshyamba nka Jean Pierre Bemba, Mbusa Nyamwisi, Lt Gen. Constant Ndima na Gen. Nduru Chaligonza barahawe akazi muri Leta ari amahitamo mabi yakozwe n’ubutegetsi. Bemba ni Minisitiri w’Ingabo, yamenyekanye cyane ubwo yari yarashinze umutwe witwaje intwaro […]
Nsanzimfura Keddy yasinye muri El-Qanah yo mu Misiri
Nyuma y’Igihe kirenga iminsi 30 Nsanzimfura Keddy ari mu igeragezwa,kuri ubu yamaze gusinya mu ikipe ya El-Qanah (Canal SC) ikina muri Shampiyona y’icyiciro cya Kabiri mu Misiri. Ni ikipe yagiyemo avuye muri shampiyona y’Urwanda nyuma yo kunyura mu makipe atandukanye arimo Lajeunness na APR FC.Gusinya muri iyi kipe ni nk’intsinzi kuri musore kuko yagiye abyifuza […]
General (Rtd) Kabarebe ni we wisabiye gusezererwa muri RDF

General (Rtd) James Kabarebe wakoze imirimo itandukanye mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF) yavuze ko ari we wisabiye Umugaba Mukuru (CDS), Lieutenant General Mubarakh Muganga, kumushyira ku rutonde rw’abasezererwa, bakajya mu kiruhuko cy’izabukuru. Tariki ya 30 Kanama 2023, Gen. Kabarebe, Fred Ibingira, Charles Kayonga n’abandi 9 bari ku rwego rwa ‘General’, abofisiye bakuru (Major-Colonel) 83, abofisiye […]
UMUYOBOZI WA WAZALENDO MURI RDC YAGEJEJWE MU RUKIKO||UKURI KU MURIRO UTEYE UBWOBA WADUTSE KACYIRU
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
Umusore ‘wambuwe’ hoteli na Colonel yayisubijwe
Umusore witwa Musinguzi Frank uherutse kubwira Perezida Paul Kagame ko yambuwe na Colonel (Rtd) Mabano Joseph hoteli ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 210, yatangaje ko yamaze kuyisubizwa. Tariki ya 23 Kanama 2023, ubwo urubyiruko rwizihizaga imyaka 10 hatangijwe ihuriro ‘Youth Connekt’, ni bwo Musinguzi yafashe ijambo, abwira Perezida Kagame ko yaguze hoteli ya Col. […]
RDC yashyize urwitwazo kuri RDF nyuma yo kwiyicira abaturage
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize urwitwazo ku ngabo z’u Rwanda, nyuma y’uko Ingabo zayo zishe abaturage benshi bari mu myigaragambyo. Ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama ni bwo Ingabo zo mu mutwe urinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi ziraye mu baturage bigaragambyaga basaba ko Ingabo za MONUSCO ziri muri RDC zataha iwabo. […]
Intebe za VVIP muri Stade ya Huye zatoye uruhumbu

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoresheje y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, ihangayikishijwe n’intebe zagenewe abanyacyubahiro muri Stade ya Huye ziri ahantu hadasakaye kandi zidafite ubudahangarwa bwo kutangizwa n’imvura. Izi mpungenge yazigejeje ku kigo cy’igihugu gishinzwe imiturire, RHA, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023 ubwo yabazaga abayobozi bacyo ku makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya […]
Dosiye ya Luis uherutse gusoma Jennifer yagejejwe mu rukiko
Perezida wa Federasiyo y’umupira w’amaguru ya Espagne akomeje kwitendekwaho na Jennifer Hermoso nyuma yo kumusomera mu ruhame. Uyu mukobwa ukinira ikipe y’Igihugu ya Espagne yamaze kugeza dosiye mu rukiko ashinja uyu mugabo kumuhohotera ubwo yamusomaga ku munwa bidaturutse ku bushake bwe. Luis yamusomye ubwo bishimiraga Igikombe cy’Isi begukanye ku nshuro ya mbere ubwo yatsindaga iy’Ubwongereza […]
APR BBC irakoza imitwe y’intoki ku Gikombe cya shampiyona iheruka mu myaka 14
Ikipe ya APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 80-75, biyongerera amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona iheruka mu myaka 14 ishize. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa nyuma wa gatatu, nyuma y’uko ibiri yari yabanje iriya kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yayitsinze yombi. Uwa mbere wakinwe ku itariki ya 01 Nzeri yawutsinze ku manota […]
Nigeria: Urukiko rwateraniye gusuzuma niba intsinzi ya Perezida Tinubu yemewe
Urukiko rw’ubujurire muri Nigeria rwateranye kuri uyu wa Gatatu kugira ngo rwemeze niba intsinzi mu matora yo muri Gashyantare ya Perezida Bola yari yemewe. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barwanyije ibyavuye mu matora, bavuga ko Tinubu atari yujuje ibisabwa kugira ngo yiyamarimaze kuba perezida kubera ko afite ubwenegihugu bwa Guinea kandi bivugwa ko atari afite ibyangombwa bisabwa […]