Minisitiri w’Intebe wa RDC yeguye

Jean Michel Sama Lukonde wari umaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye. Perezidansi ya RDC ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare ari bwo Sama Lukonde yashyikirije ubwegure bwe Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi. Ntabwo higezwe […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yasuye icyicaro gikuru cya RDF

2-28.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, General SaĂ ÂŻd Chanegriha, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Algeria, hamwe n’intumwa ayoboye basuye Icyicaro gikuru cya RDF kandi yakirwa na Gen. MK Mubarakh, Umugaba mukuru wa RDF. Yasuye kandi Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda, mbere yo guhabwa ikiganiro ku rugendo rw’impinduka muri RDF no ku mutekano mu karere. Gen. Chanegriha aganira n’itangazamakuru […]

CYAMUNARA Y’IBIKORESHO BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa 14 Werurwe 2024 buzagurisha muri cyamunara ibikoresho byiganjemo imodoka n’ibindi byinshi. Abashaka gusura ibyo bikoresho babisanga ku i Gikondo-Magerwa imbere y’ububiko rusange bwa EDA mu masaha y’akazi guhera tariki ya 09-13 Werurwe 2024. Ku bifuza ibindi bisobanuro mushobora kubisoma kuri iyo foto ikurikira naho […]

U Bufaransa bwongeye gusaba FARDC guca umubano na FDLR

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yongeye gusaba Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhagarika imikoranire zifitanye n’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. FDLR igizwe ahanini n’Interahamwe zagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, iri mu bafasha Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu ntambara zirimo n’umutwe wa M23. U Rwanda kandi […]

Tour du Rwanda:Umunya Colombia Restrepo Valencia yatwaye agace ka gatatu

Nyuma y’uko ku munsi w’ejo umunya Israel Premier Tech yatwaye agace ka Kabiri ka tour du Rwanda,kuri ubu umunya colombia niwe wegukanye ahgace ka gatatu. Jhonatan Restrepo Valencia umunya colombia, usanzwe uzwi muri Tour du Rwanda, niwe wegukanye agace ka gatatu, ahita anaba umukinnyi umaze kwegukana uduce twinshi mu mateka y’iri siganwa turimo n’akaherukaga kwerecyeza […]

Imodoka zifite ibirahure byijimye zaciwe i Goma

Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, zakumiriye mu mujyi wa Goma imodoka zifite ibirahure byijimye. Ni icyemezo cyafashwe na Guverineri w’iyo ntara, GĂ©nĂ©ral-Major Peter Cirimwami Nkuba. Izo modoka zishinjwa kuba “isoko y’umutekano muke” muri uriya mujyi utuwe n’ababarirwa muri miliyoni ebyiri. Abafite imodoka zifite ibirahure byijimye i Goma bahawe amasaha 72 ngo babe bamaze kubihindura. Kuva […]

Umupilote w’Umurusiya wari warahungiye muri Ukraine yiciwe muri Espagne

ac4b25a-kuzminov3.jpg

Umurambo w’umugabo warasiwe muri Espagne biravugwa ko ari uw’umuderevu wa kajugujugu y’u Burusiya wahungiye muri Ukraine umwaka ushize. Muri Kanama, nibwo Maxim Kuzminov yafashe kajugujugu ayijyana muri Ukraine yishyikiriza ubuyobozi. Polisi ya Espagne ntabwo yemeje ku mugaragaro umwirondoro w’uyu mugabo wiciwe hafi ya Alicante mu cyumweru gishize. Icyakora, ubutasi bwa Ukraine bwemeje urupfu rwa Kuzminov […]

Ruhango:Abanyerondo batemaguwe hakoreshejwe imihoro

Abantu bataramenyekana bivugwa ko bari abajura , bitwikiriye ijoro batemagura abanyerondo bane bacungaga umutekano .Byabereye mu Mudugudu wa Bunyankungu, Akagari ka Mutara, Umurenge wa Mwendo ho mu Karere ka Ruhango. Abaturage babwiye itangazamakuru ko aba banyerondo baguye mu gico cy’abo bagizi ba nabi ahagana mu gicuku gishyira igitondo cyo kuri uyu wa kabiri,hanyuma bane muri […]

Intambara yeruye hagati y’u Rwanda na RDC irashoboka?

Imyaka ibaye igiye kuba ibiri umutwe wa M23, igihugu cya Kongo Kinshasa kivuga ko ufatashwa n’u Rwanda wongeye kubura imirwano n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni imirwano yatangiriye mu gace ka Bunagana gahana imbibi n’igihugu cya Uganda. Ubu kamaze imyaka ibiri katazi ubutegetsi bwa Kinshasa. Kayoborwa n’inyeshyamba. Ndetse n’icyicaro cyazo niho giherereye. Uretse […]

Israel yateguje kugaba ibitero kuri Hamas no mu gihe cya Ramadan

Leta ya Israel itangaza ko no mu gihe cy’igifungo cya abayisilamu (Ramadan) giteganyijwe mu kwezi gutaha kwa Werurwe,izakomeza kugaba ibitero ku mutwe wa Hamas mu gihe utazaba wafunguye imbohe zayo. Benny Gantz,umusirikare wabaye minisitiri w’Ingabo wa Israel, yihanangirije ko ingabo zabo ziteguye kurushaho kwinjira mu bice byose bya Gaza no mu gihe cya Ramazani.Avuga ko […]

Masisi: Imirwano yubuye hagati ya FARDC na M23 ku dusozi twa Ndumba na Kashungamutwe

Kuri uyu wa Kabiri, haravugwa imirwano mishya hagati y’inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo hafi ya Bweremana, umurwa mukuru wa Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace atangazwa n’uruhande rwa leta abitangaza, imirwano yatangijwe saa moya za mugitondo na M23 yibanze ku misozi ya […]

Leta y’u Burusiya yanze guha umuryango wa Navalny umurambo we

Umuryango wa Alexei Navalny, utaravugaga rumwe na Putin uherutse gupfira muri Gereza y’u Burusiya, uravuga ko babwiwe ko umurambo we utazarekurwa nyuma y’ibyumweru bibiri. Uhagarariye Navalny yavuze ko nyina yamenyeshejwe ko umurambo ugikorerwa ibizamini. Nta makuru y’aho umurambo uherereye atangwa n’abayobozi b’u Burusiya, mu gihe imbaraga zishyirwa mu kumenya aho uherereye zitambitswe inshuro nyinshi nkuko […]

Héritier Luvumbu yakiriwe kwa Jean Pierre Bemba

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yakiriye HĂ©ritier Luvumbu uheruka gusubira muri RDC avuye mu Rwanda. Luvumbu yahoze akinira Rayon Sports mbere y’uko iyi kipe isesa amasezerano bari bafitanye. Byari nyuma y’ibihano yari yafatiwe na FERWAFA yari yamuhagaritse amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru, kubera igikorwa cya politiki yari […]

Igitutu kuri Macky Sall kirimo kugabanuka

Abakandida 15 kugeza ubu bamaze kwemererwa kwitabira amatora y’umukuru w’igihugu muri Senegal nyuma y’icyemezo cy’urukiko rurinda iremezo ry’itegeko nshinga rya Senegal cyanze iyimurwa ry’amatora Uru rukiko rwangiye Macky Sall kwigiza inyuma amatora , rwanzura ko agomba kuba muri uyu mwaka aho kuba mu mwaka utaha. Ni nyuma y’uko uyu muyobozi kuri uyu wa Mbere yatangaje […]

Rurangiranwa muri filime z’urukozasoni yapfuye yiyahuye

Umunyamerikakazi Kagney Linn Karter uzwi muri filime z’urukozasoni, yapfuye yiyahuye nk’uko Polisi yabyemeje. TMZ yatangaje ko uyu mugore wari ufite imyaka 36 y’amavuko yapfuye ku wa Kane w’icyumweru gishize aguye muri leta ya Ohio. Umuyobozi wa Polisi ya Amerika mu mujyi wa Parma Karter yapfiriyemo yabwiye kiriya gitangazamakuru ko yiyahuriye iwe mu rugo. Amakuru yatanzwe […]

Kamonyi: Yatonganye n’umubyeyi we umujinya awutura urutoki

img-20240219-wa0065-1-1.jpg

Mu Murenge wa Nyarubaka mu Kagari Gitare mu Mudugudu wa Remera mu Karere ka Kamonyi, uwitwa Ntakirutimana Emmanuel w’imyaka 28 yatemye insina 60, ibisheke 10 n’ingemwe z’amacunga 3 biturutse ku mujinya waturutse ku makimbirane yagiranye n’umubyeyi we. Ibi byamenyekanye ahagana saa tatu za mugitondo (9:00 am) kuri uyu wa 19 Gashyantare 2024. Providence Mbonigaba Mpozenzi […]

Amafoto: SADC na MONUSCO bikomeje gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije Goma na Sake

ggtzcf9wsaafrxn.jpg

Ingabo za SADC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije umujyi wa Goma n’umujyi wa Sake kugirango bahangane n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi w’ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye i Goma, Lt Col. Kedagni Mensah, avuga ko ihungabana ry’umutekano ku Muhanda wa 2 muri Kivu y’Amajyaruguru ryatumye MONUSCO […]

Nangaa yemeza ko AFC igiye kujya i Kinshasa gukuraho Tshisekedi

Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, avuga ko urugendo rwo kubohora Congo rugikomeje kuko ngo Perezida Tshisekedi yamaze kurenga umurongo utukura ndetse ku buryo akwiye gufungwa . Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Libre, yavuze ko bitewe n’ubwicanyi,kuvangura amoko,kugoreka inzego z’ubutabera byaranze Perezida Tshisekedi,ari bimwe mu byagaragaje ko yamaze kurengera ku buryo AFC yiteguye kumukura […]

Avdiivka: U Burusiya burashinjwa kwica imbohe z’intambara

Mu cyumweru gishize, ingabo za Ukraine zarekuye Umujyi wa Avdiivka mu burasirazuba, zari zimaze amezi zirwanira n’Ingabo z’u Burusiya. Kwigarurira Avdiivka byerekana intsinzi y’ingenzi ku Burusiya, gushimangira umutekano w’umurwa mukuru w’akarere, Donetsk, ndetse bikaba byanakingura inzira z’ibindi bitero mu turere tukigenzurwa na Ukraine. Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Oleksandr Syrskyi, avuga ko yategetse kuva muri […]

Guinea: Perezida Doumbouya yasheshe Guverinoma

Perezida wa Guinea, Mamady Doumbouya yasheshe guverinoma avuga ko aza gushyiraho indi nshyashya nkuko byatangajwe n’umunyamabanga mukuru muri perezidansi y’icyo gihugu. Iki gihugu kimaze igihe gitegetswe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwari busanzweho kuva mu kwezi kwa cyenda 2021. Umuryango w’ubukungu wo mu karere k’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO), umaze igihe wotsa igitutu ubu butegetsi bwa gisirikare usaba ko […]

Huye: Munyenyezi yabwiye urukiko ko atari kwiga muri Kaminuza nta mpamyabumenyi y’amashuri yisumbuye

Beatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya jenoside yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko abatanze ubuhamya bumushinja bavuze ibinyoma kandi ko ubuhamya bwabo bwaranzwe no kwivuguruza. Mu rubanza bamwe mu batangabuhamya bavuze ko Beatrice Munyenyezi yigaga muri Kaminuza y’u Rwanda i Butare, ngo agatoranya abakobwa b’Abatutsi akabaha abasirikare ngo babasambanye. Yavuze ko jenoside yabaye yiga mu ishuri […]