Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga
Bwana Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubuteererane asimbuye Dr Vincent Biruta kuri uwo mwanya. Dr Vincent Biruta we yagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Ni impinduka zakozwe na Perezida Kagame muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu taliki 12 Kamena 2024, aho yashyize abayobozi batandukanye mu myanya itandukanye. Ku wa 30 Kanama 2017 nibwo Nduhungirehe yagizwe […]
RDC: Depite Bitakwira yabajije impamvu batarafunga imipaka n’u Rwanda yita EU umurozi
Depite Justin Bitakwira umaze kumenyekanaho kwanga u Rwanda ntiyigeze arya iminwa kuri uyu wa Kabiri ubwo hatangizwaga Guverinoma ya Judith Suminwa, aho yongeye kwibasira u Rwanda abaza impamvu Repubulika ya Demokarasi ya Congo itarasesa umubano wa dipolomasi n’u Rwanda ndetse n’impamvu idafunga imipaka na rwo. Bitakwira kandi yibasiye EU na Kenya. “Abari Rutshuru, Masisi na […]
Amatora 2024: Mu minsi itarenze itatu, umutwe w’Abadepite uraba usheshwe
Ingingo ya 79 y’itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda uko ryavuguruwe kugeza ubu riteganya uko Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abatepite useswa. Igira iti “Ku mpamvu z’amatora, Perezida wa Repubulika asesa Umutwe w’Abadepite hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga iminsi mirongo itandatu (60) ngo manda y’abawugize irangire.” Mu gihe biteganijwe ko amatora y’abadepite azaba […]
Dr. Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon Ami mu Rwanda yapfuye

Umuganga w’Umudage Dr. Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon Ami hano mu Rwanda kubera ibikorwa by’ubugiraneza yagiye akora mu bihe bitandukanye harimo nko gufasha bana bo ku muhanda mu bice byinshi byo mu Rwanda, gusubira mu buzima busanze, yapfuye. Iyi nkuru y’inshamugongo yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kamena 2024 binyuze mu itangazo […]
Gakenke: Babangamiwe n’abagabo babo bigira abasore bakabacura ku mitungo
Bamwe mu bagore batuye mu Karere ka Gakenke, umurenge wa Kamubuga , baratabaza ubuyobozi ngo bubafashe gushakira umuti ikibazo cy’abagabo babo bigira ingaragu kugirango bikubire imitungo bonyine. Bavuga ko uretse no kubaheza ku mitungo usanga banabakubita iyo bagizengo baravuga. Hari umwe mu bagore , uvuga ko impamvu bigira abo bagabo bigira ngaragu, baba bashaka kutandika […]
Amatora 2024: Menya Iteka rya Perezida ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite
Iteka rya Perezida n° 077/01 ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa 11/12/2023 nyuma yo gushyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Mu ngingo yaryo ya kabiri iri teka ryemeje umunsi w’itora rya Perezida n’abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku […]
RDC: Inteko ishinga amategeko yemeje Guverinoma ya Suminwa
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 12 Kamena 2024, Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeje guverinoma iyobowe na Minisitiri w’intebe Judith Suminwa Tuluka . Nyuma yo kwerekana gahunda yayo, abadepite nyuma yo gutangiza ibiganiro mpaka mu nteko rusange, batanze ibyifuzo ku mukuru wa guverinoma bifuza ko bizagenderwaho muri gahunda ya guverinoma. […]
Musenyeri Linguyeneza wabaye umuyobozi wa mbere wa Seminari Nkuru ya Kabgayi yapfuye

Musenyeri Linguyeneza VĂ©nuste wabaye umuyobozi wa mbere wa Seminari Nkuru ya Kabgayi yapfuye mu ijoro ryo ku itariki 09 kamena 2024. Amakuru y’urupfu rwe yemezwa na Kinyamateka, aho ivuga ko Musenyeri yaguye mu Bubiligi yakoreraga inshingano zo kuyobora Paruwasi yo mu Bubiligi ahitwa i Waterloo/Brabant Wallon yo muri Archidiocèse ya Bruxelles-Malines. Musenyeri Linguyeneza yakoze inshingano […]
Umukinnyi wa filime z’urukozasoni yapfuye ku myaka 26

Umukinnyi wa filime z’urukozasoni akaba n’muraperikazi ukomoka muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Enchanting yapfuye ku myaka 26 nyuma yo kuzahazwa n’ibiyobyabwenge yafashe ari byinshi. Uyu muraperikazi wari ufite aho ahuriye na Gucci Mane kuko bakoranye yapfuye nyuma y’igihe mu bitaro ari kwitabwaho kubera gufata ibiyobyabwenge birengeje urugero rw’ibyo umubiri we wakiraga. Urupfu rw’uyu mukobwa […]
Yemen: Abimukira 49 barohamye abandi 150 baburirwa irengero
Nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bimukira (IOM) ribitangaza ngo byibuze abantu 49 barapfuye abandi 140 baburirwa irengero nyuma y’ubwato bwari butwaye impunzi n’abimukira bava mu ihembe rya Afurika bwerekeza muri Yemeni. Ubu bwato bwarohamye ku wa mbere bwari butwaye abantu bagera kuri 260, cyane cyane baturutse muri Etiyopiya na Somaliya, bari bahagurutse ku nkombe […]
Burna Boy yishyuriye abarwayi bose amafaranga y’ibitaro
Umuhanzi Burna Boy wo muri Nigeriya wamenyekanye mu njyana ya Afrobeat yigaruriye imitima ya benshi kubera ibikorwa by’impuhwe yagaragaje mu bitaro bya kaminuza bya Port Harcourt (UPTH). Uyu muhanzi wegukanye ibihembo bya Grammy yasuye ibi bitaro maze yiyemeza kwishyurira abarwayi bose amafaranga y’ibitaro. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyamba yerekana uyu muhanzi ari gusohoka muri […]
Abashinzwe umutekano b’u Rwanda bashyikirije ishuri basannye abatuye Mocimboa da Praia

Kuwa Kabiri, itariki 11 Kamena, ku ishuri Escola Primaria de Ntotwe, mu birometero 25 uvuye mu Karere ka Mocimboa da Praia, Komanda wa Task Force ihuriweho y’abashinzwe umutekano b’u Rwanda (RSF) muri Mozambique, Maj Gen Alex Kagame, yayoboye umuhango wo gutanga ishuri ribanza rya Ntotwe ryavuguruwe na RSF. Iri shuri ryari ryatwitse n’abaterabwoba ubwo bateraga […]
Rayon Sports irashaka gukubitisha APR FC abayihozemo
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kamena 2024 kuri sitade Amahoro hateganyijwe umukino w’ishiraniro ugomba guhuza APR FC na Rayon Sports mu kiswe ‘Umuhuro w’Amahoro’ utegura itahwa ry’iyi sitade riteganyijwe mu Nyakanga uyu mwaka. Kuri uyu mukino amakipe yombi yemerewe gukinisha abakinnyi bose bashaka baba abafite ibyangombwa ndetse n’abatabifite kuko ntabwo bazabisabwa, aha ni […]
Uburusiya na Biyelarusi byatangije icyiciro cya kabiri cy’imyitozo y’intwaro za kirimbuzi
Mu bikorwa by’Uburusiya byo guca intege ibihugu byo mu burengerazuba kongera inkunga yo gushyigikira Ukraine, kuri uyu wa kabiri, Uburusiya na Biyelarusi batangije icyiciro cya kabiri cy’imyitozo igamije gutoza ingabo zabo gukoresha intwaro za kirimbuzi. Mu gutangaza ibikorwa bya kirimbuzi mu kwezi gushize, Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko “basubije amagambo y’ubushotoranyi n’iterabwoba bya bamwe mu […]
Amerika yemeye guha intwaro brigade ya Azov ya Ukraine ivugwaho kugirana isano n’Abanazi
Amerika yakuyeho itegeko ryari rimaze igihe kinini ribuza guha intwaro n’amahugurwa brigade ya Azov yo muri Ukraine, inkomoko yayo yateje impaka zishingiye ku bivugwa ko yaba ifitanye isano n’imitwe y’abahezanguni b’Abazungu. Umuvugizi w’ishami rya Leta yabwiye BBC ko gahunda yo gusuzuma “yasanze nta kimenyetso cyerekana ko hari ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwa muntu” ryakozwe n’iyi brigade. […]
Kenya: Ruto na Kenyatta bongeye kurebana ay’ingwe
Perezida William Ruto wa Kenya, na Kenyatta wigeze kuba Perezida w’iki gihugu bongeye kurebana ayingwe. Intandaro y’uku guhangana ishingiye ku kuba Kenyatta avuga ko Leta ikwiye kujya ishyira amafaranga kuri konti ye akajya yiyishyurira ibiro byo gukoreramo. Avuga ko Ubusanzwe Leta itegetswe kwishyurira uwabaye Perezida ibiro byo gukoreramo. Agasaba ko aho kugirango bamwishyurire ibyo biro […]
Imbamutima za Kwizera Jojea watsindiye Amavubi
Nyuma y’uko atsinze igitego cyahesheje intsinzi Amavubi, Kwizera Jojea yatangaje ko yishimiye kuba yatsinze igitego anashimira Abanyarwanda bamwoherereje ubutumwa nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu y’u Rwanda gutsinda Lesotho. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Kamena 2024 nibwo habaga umukino w’umunsi wa 4 mu itsinda C hagati y’ikipe y’igihugu y’u Rwanda na Lesotho kuri Moses […]
Umuhungu wa Biden yanditse amateka yo kuba umuhungu wa perezida uburanishijwe
Muri Leta ya Delaware mu burasirazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika urukiko rwa rubanda rwahamije Hunter Biden umuhungu wa perezida w’Amerika Joe Biden ibyaha byo kugura no gutunga imbunda binyuranyije n’amategeko. Iyi ni inshuro ya mbere mu mateka ya Amerika umwana wa perezida uriho aburanishijwe. Uru rukiko rwahamije Hunter Biden w’imyaka 54 y’amavuko ibyaha bitatu […]
Bukavu- Minembwe: Ingendo z’indege zari zarasubitswe zasubukuwe
Abatuye mu minembwe barishimira ko ingendo z’indege zerekeza Bukavu nyuma y’uko zari zarafunzwe n’ubutegetsi. Izi ngendo zari zimaze ukwezi hafi n’igice zarasibitswe kuko zahagaritswe taliki 16 Mata 2024 . Inzego z’umutekano zari zafashe icyo cyemezo zitwaje ko ngo zijyana ibitemewe. Inzira z’amaguru Ubusanzwe zari zarapfuye kera kubera zinyura aho umutwe wa MaĂŻ Mai ukunda kuba […]
Zambia: Umugabo yicishije ishoka umugore we bapfa gusenga
Umugore w’imyaka 22 yishwe akubiswe ishoka n’umugabo we bapfa ko yamusabaga ngo bajyane kureba umunyamasengesho. Ni nyuma y’uko bari bamaze kubyemeranya umugabo akaza kubyanga umugore akamuhatiriza. Ibi byabereye mu karere ka Mwinilunga aho umuryango wabo wari utuye mu mudugudu wa Nyaluhana. Nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ryo muri Zambia, biravugwa ko ku cyumweru tariki 9 Kamena 2024 […]
Zabyaye amahari hagati y’u Rwanda na UNHCR
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) riheruka kuyishinja gufata nabi abimukira n’abasaba ubuhungiro, ivuga ko bidafite ishingiro. Guverinoma yamaganye ibirego bya UNHCR biciye mu itangazo Ibiro by’Umuvugizi wayo ryasohoye mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 11 Kamena 2024. Iri shami rya Loni ryita ku mpunzi, riheruka kugaragaza […]