Ni iyihe nkomoko ya Noheli

Noheli ni umunsi mukuru wizihizwa ku isi yose buri mwaka ku itariki ya 25 Ukuboza, aho abemera gikirisitu bibuka ivuka rya Yesu Kristo, Umucunguzi w’abantu. Ariko se, uyu munsi ukomoka he? Mu mateka, kwizihiza Noheli byatangiye mu kinyejana cya gatatu nyuma ya Yesu aho Kiliziya Gatolika yashyize uyu munsi ku itariki ya 25 Ukuboza kugira […]
Miss Uwicyeza Pamella aritegura kubyara

Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella batangaje ko bitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’umwaka umwe bakoze ubukwe. Aya makuru yamenyekanye binyuze mu gace gato k’amashusho Uwicyeza Pamella yashyize hanze ubwo hakorwaga amashusho y’indirimbo nshya ya The Ben yise “True Love,” ateganya gusohora vuba. The Ben na […]
Umwarimu yiyahuye,harakekwa itinzwa ry’umushahara

Polisi yo mu Karere ka Ibanda mu gihugu cya Uganda itangaza ko yatangije iperereza ku mpamvu zateye urupfu rw’umwalimu Emmanuel Turyahebwa. Uyu mwarimu yari asanzwe yigishaga ku ishuri rya Oxford Secondary School, aho bikekwa ko yiyahuriye kuberako yatinze guhembwa. Umurambo wa nyakwigendera wabonetse umanitse mu giti kiri mu kibuga cya Oxford Secondary School ku wa […]
Umunsi wa Noheli hari abawizihiriza mu nsengero

Kuri Noheli, bamwe mu Bakirisitu bahitamo guteranira hamwe mu nsengero zitandukanye mu rwego rwo gushima Imana ku bw’imigisha yabahaye muri uyu mwaka ndetse no kongera kuzirikana ugucungurwa kwabo binyuze muri Yezu/Yesu Kirisitu. Ibiterane byinshi mu nsengero zinyuranye mu Mujyi wa Kigali kuri uyu munsi wa Noheli, byaranzwe ahanini n’indirimo zumvikanishaga ivuka rya Yesu cyangwa Yezu. […]
LIVE: Amb. Nduhungirehe na mushiki we bitabiriye igitaramo cya Israel Mbonyi

Ikinyamakuru Bwiza.com kibahaye ikaze mu gitaramo ICYAMBU cy’umuramyi Israel Mbonyi cyiri kuba ku nshuro ya 3. Ni igitaramo cyari giteganyijwe gutangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba gusa cyaje gutindaho isaha yose aho isengesho rifungura iki gitaramo ryazamuwe saa moya zuzuye. Ni igitaramo cyitabiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe na mushiki we […]
Zelensky aravuga ko u Burusiya bwagabye kuri Ukraine ‘igitero cy’ubunyamaswa’

Perezida Volodymuyuyr Zelensky wa Ukraine, yatangaje ko kuri wa Gatatu Isi yizihirijeho umunsi mukuru wa Noheli u Burusiya bwagabye ku gihugu cye ibitero bya missile bya kinyamaswa. Mu ijambo Zelensky yagejeje ku baturage b’igihugu cye, yasabye ko hagabanywa ikoreshwa ry’umuriro w’amashanyarazi. Ni nyuma y’uko u Burusiya bwari bwamaze kugaba igitero ku bikorwa-remezo by’ingufu z’amashanyarazi bukoresheje […]
Indege irimo abantu 68 yavaga Azerbaijan ijya mu Burusiya yakoze impanuka ikomeye

Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza n’ubutabazi bwihutirwa yatangaje mu itangazo ryayo ko indege itwara abagenzi yavaga muri Azerbaijan yerekeza mu Burusiya yakoze impanuka hafi y’Umujyi wa Aktau muri Kazakhstan ubwo yageragezaga kururuka mu buryo bwihutirwa. Indege ifite numero J2-8243, ya Embraer 190 ifite abagenzi 62 ​​hamwe n’abakozi batanu bayo, byabaye ngombwa ko igwa byihutirwa nko mu […]
Mozambike: Nibura abantu 21 bamaze gupfira mu myigaragambyo yoingeye kwaduka

Nibura abantu 21 baguye mu mvururu nyuma y’uko Urukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwa Mozambike ku wa Mbere rwemeje ko ishyaka rimaze igihe kirekire riri ku butegetsi Frelimo ryatsinze amatora ya perezida, nk’uko minisitiri w’umutekano mu gihugu yabitangaje ku wa Kabiri. Icyemezo cyafashwe n’Urukiko rushinzwe Kurinda k’Itegeko Nshinga rwa Mozambique cyateje imyigaragambyo mishya mu gihugu […]
Col Willy Ngoma yemeje ko M23 yongeye kwirukana FARDC muri Mambasa

Umutwe wa M23 wisubije agace ka Mambasa ko muri Teritwari ya Lubero, nyuma yo kukirukanama ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe wemeje ayo makuru biciye muri Lt. Col Willy Ngoma uvugira igisirikare cyawo. Uyu musirikare mu butumwa buherekeje amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa X yagize ati: “Intare ubwo […]