Mugisha Mo茂se yahanwe muri Tour du Rwanda 2025

Umukinnyi w鈥橴munyarwanda Mugisha Mo茂se yahanwe n鈥檜buyobozi bwa Tour du Rwanda 2025 nyuma yo kunyura ahatemewe mu gace ka Gatandatu (Nyanza – Kigali Canal Olympia). Nk鈥檜ko byatangajwe n鈥檃bategura irushanwa, Mugisha yaciwe amande y鈥檃ma-CHF 200 (angana n鈥檌bihumbi 315 by鈥檃mafaranga y鈥檜 Rwanda) ndetse anakurwaho amasegonda 20 ku bihe yakoresheje muri iri siganwa. Uretse ibyo bihano, Mugisha Mo茂se yanakuweho […]
M23 Yakabidhi Jenerali wa FDLR na Wenzake kwa Rwanda

Jumamosi, Machi 1, 2025, kundi la waasi la M23 limekabidhi kwa Rwanda Brigedia Jenerali Gakwerere Ez茅chiel wa FDLR pamoja na wenzake waliokamatwa vitani. Gakwerere, anayejulikana pia kwa majina mengine kama Sibomana Stany, Julius Mokoko au Sibo Stanys, alikuwa mkuu wa ofisi ya kijeshi ndani ya FDLR. M23 ilimkamata pamoja na Meja Ndayambaje Gilbert na wapiganaji […]
Le M23 remet au Rwanda un g茅n茅ral des FDLR et ses compagnons captur茅s au combat

Ce samedi 1er mars 2025, le groupe rebelle M23 a remis au Rwanda le G茅n茅ral de Brigade Gakwerere Ez茅chiel des FDLR ainsi que ses compagnons captur茅s sur le champ de bataille. Gakwerere, 茅galement connu sous les noms de Sibomana Stany, Julius Mokoko ou Sibo Stanys, 茅tait le chef du bureau militaire au sein des FDLR. […]
M23 Hands Over FDLR General and His Companions to Rwanda.

On Saturday, March 1, 2025, the M23 rebel group handed over Brigadier General Gakwerere Ez茅chiel of the FDLR and his companions, who had been captured in battle, to Rwanda. Gakwerere, also known by other names such as Sibomana Stany, Julius Mokoko, or Sibo Stanys, was the head of the military office within the FDLR. M23 […]
M23 yashyikirije u Rwanda Jenerali wa FDLR na bagenzi be yafatiye ku rugamba

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Werurwe 2025, yashyikirije u Rwanda G茅n茅ral de Brigade Gakwerere Ez茅chiel wo mu mutwe wa FDLR na bagenzi be wafatiye ku rugamba. Gakwerere uzwi ku yandi mazina arimo Sibomana Stany, Julius Mokoko cyangwa Sibo Stanys, yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ibiro bya gisirikare muri FDLR. M23 yamufatiye […]
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza

Hari imyumvire ivuga ko abagabo b’abana beza (nice guys) bakunze kugira ibibazo mu rukundo kuko hari imyitwarire ibatandukanya n鈥檃bagabo bifitiye icyizere cyangwa badatinya gufata ibyemezo bamwe bazwi nka bad boys. Abagore ntibishimira abagabo bagaragara nk’abana beza kubera izi mpamvu zikurikira tugiye kukurondorera muri iyi nkuru. 1. Ntibagaragaza intego zabo nyakuri Aba bagabo bakunda guhisha ibyo […]
Yasanzwe ari gusambanya inka ihaka

Abaturage bo mu mujyi wa Kalamega, mu Majyepfo ya Kenya, baguye mu kantu nyuma yo gufata umugabo asambanya inka ihaka mu masaha y鈥檌joro. Uyu mugabo bivugwa ko yitwikiriye ijoro, akinjira mu rugo rw鈥檜muturanyi maze agahohotera inka ye. Umuturage witwa Agrrey Imbumi ni we wamufatiye mu cyuho, avuga ko yumvise urusaku rutangaje ruvuye mu kiraro, akibwira […]
Mwarimu yateye inda abanyeshuri 4 yigisha

Kaminuza ya Nigeria i Nsukka (UNN) yahagaritse by鈥檃gateganyo umwarimu wayo, Chigozie Odum nyuma y鈥檌perereza ryagaragaje ko yateye inda abanyeshuri bane mu gihe cy鈥檌myaka ine. Ibi birego byatangiye kumenyekana mu mwaka w鈥檃mashuri wa 2019/2020, aho bivugwa ko Odum yakoresheje ububasha bwe nk鈥檜mwarimu agasaba abanyeshuri imibonano mpuzabitsina. Nyuma y鈥檌fatwa rye na polisi, ubuyobozi bwa kaminuza bwafashe icyemezo […]
Morocco, Kazakhstan Seal Stronger Cooperation Ties

The Kingdom of Morocco and the Republic of Kazakhstan sealed, on Friday in Rabat, an ambitious and multidimensional roadmap to enhance their bilateral cooperation. In a Joint Statement signed by Deputy Prime Minister, Minister of Foreign Affairs of the Republic of Kazakhstan, Murat Nurtleu, during his first official visit to the Kingdom, and Minister of […]
CPS de l’UA : La pr茅sidence du Maroc pour le mois de mars s鈥檌nscrit dans la continuit茅 des engagements du Royaume pour une Afrique pacifique, stable et prosp猫re

Addis-Abeba – Le Maroc assure 脿 partir de samedi la Pr茅sidence du Conseil de Paix et de S茅curit茅 (CPS) de l鈥橴nion Africaine (UA) pour le mois de mars, une pr茅sidence qui s鈥檌nscrit dans la continuit茅 des engagements du Royaume pour une Afrique pacifique, stable et prosp猫re. En effet, il s’agit de la quatri猫me fois que […]
Visa Exemption Agreement Between Morocco & Kazakhstan Takes Effect

Morocco and Kazakhstan announced on Friday in Rabat the upcoming coming into effect of the Visa Exemption Agreement for holders of ordinary passports. During the visit of the Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs of the Republic of Kazakhstan, Murat Nurtleu, at the invitation of the Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and […]
Bebe Cool yaciye Alex Muhangi miliyoni 570 y’indishyi

Umuhanzi Bebe Cool yandikiye umunyarwenya Alex Muhangi amumenyesha ko azamurega mu nkiko kubera gukoresha ibihangano bye mu nyungu ze bwite atabiherewe uburenganzira. Abinyujije ku munyamategeko we, Me Timothy Sentongo wa RSK Associates, Bebe Cool yamushinje kwerekana no gukwirakwiza ibitaramo bye kuri YouTube no kuri televiziyo NTV Uganda hagati ya Ukwakira 2017 na Ugushyingo 2024 nta […]
Uwahawe imbabazi na Perezida yishwe arashwe

Umugabo witwa Matthew Huttle, wababaririwe na Donald Trump ku byaha bya January 6 byibasiye inyubako ya capitale, yarashwe n鈥檜mupolisi wa Jasper County muri Leta ya Indiana ku itariki ya 26 Mutarama 2025, nyuma yo kugirana amakimbirane n鈥檜yu mupolisi mu muhanda. Nk鈥檜ko amashusho ya bodycam abigaragaza, Huttle yari atwaye imodoka ku muvuduko wa 70 mph mu […]
Ndayishimiye yatangiye gusaba ibiganiro n’u Rwanda聽

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi. Ingingo yerekeye ibiganiro n’u Rwanda Perezida w’u Burundi yayizamuye ku wa Kane tariki ya 27 Gashyantare, ubwo yari yakiriye mu biro bye abadipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga itandukanye mu Burundi. Mu minsi […]
Zelensky yashwaniye na Trump mu biro bye

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuye imburagihe muri Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo guterana amagambo na Perezida Donald Trump. Ishwana ry’aba bombi ryanatumye ikiganiro bagombaga kugirana n’itangazamakuru nyuma yo guhura kitaba. Trump abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Truth Social, yashinje Zelensky wari wamugendereye kutubaha Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse […]
M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Gashyantare, washyizeho Manu Birato Rwihimba nka Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Birato yahoze ari umurwanashyaka ukomeye w’Ishyaka Parti du peuple pour la reconstruction et la d茅mocratie (PPRD) rya Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu kandi ubwo umunyapolitiki Vital […]