Kwa nini Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) inabaki maskini licha ya utajiri wake mkubwa wa rasilimali asilia

Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) ni moja ya nchi tajiri zaidi duniani kwa rasilimali asilia, hasa madini kama vile cobalt, shaba, almasi, dhahabu, coltan, na bati. Hata hivyo, inasalia kuwa miongoni mwa nchi maskini zaidi katika viwango vya maendeleo ya binadamu, miundombinu, na hali ya maisha ya wananchi wake. Hali hii mara nyingi huitwa […]
Pourquoi la RDC reste pauvre malgré ses vastes ressources naturelles

La RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC) est l’un des pays les plus riches en ressources naturelles, notamment en cobalt, cuivre, diamants, or, coltan et Ă©tain. Pourtant, elle demeure parmi les plus pauvres en termes de dĂ©veloppement humain, d’infrastructures et de conditions de vie. Cette “malĂ©diction des ressources” trouve ses racines dans l’histoire, la politique et […]
Why the DRC Remains Poor Despite Its Vast Natural Resources

The Democratic Republic of Congo (DRC) is among the world’s richest countries in terms of natural resources, especially minerals like cobalt, copper, diamonds, gold, coltan, and tin. However, it remains one of the poorest in terms of human development, infrastructure, and living standards. This “resource curse” stems from historical, political, and economic factors. Why the […]
Mshauri Maalum wa Trump aliyekuwa Kigali amtaja Rwanda na RDF

Marekani imelitaja tena Rwanda, ikilitaka kuondoa wanajeshi wake wanaodaiwa kuwepo kwenye ardhi ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC). Kauli hiyo imetolewa na Massad Boulos, mshauri maalum wa aliyekuwa Rais Donald Trump kuhusu masuala ya Afrika. Akiwahutubia wanahabari siku ya Alhamisi, Boulos alisema: “Tunasimamia msimamo wetu thabiti: Rwanda inapaswa kusitisha msaada wowote wa kijeshi kwa […]
Le conseiller spécial de Trump récemment à Kigali met en cause le Rwanda et les RDF

Les États-Unis ont une nouvelle fois interpellĂ© le Rwanda, lui demandant de retirer ses troupes supposĂ©es prĂ©sentes sur le territoire de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo (RDC). La critique est venue de Massad Boulos, conseiller spĂ©cial de l’ancien prĂ©sident Donald Trump pour les affaires africaines. Lors d’un point de presse tenu ce jeudi, Boulos a […]
Trump’s Special Advisor recently in Kigali singles out Rwanda and RDF

The United States has once again called out Rwanda, urging it to withdraw troops allegedly present in the Democratic Republic of the Congo (DRC). This criticism was voiced by Massad Boulos, the Special Advisor to former President Donald Trump on African Affairs. In a press briefing held on Thursday, Boulos said: “We reaffirm our firm […]
Rayon Sports yakataa kurudia mechi dhidi ya Mukura VS

Shirikisho la Soka la Rwanda (FERWAFA) limetangaza kuwa mechi ya nusu fainali ya Kombe la Amani, iliyositishwa katika dakika ya 27 kati ya Mukura Victory Sports na Rayon Sports kutokana na kukatika kwa umeme, itaendelea tarehe 22 Aprili 2025 saa tisa alasiri (15:00) kwenye Uwanja wa Huye, kuanzia pale ilipoishia. Uamuzi huu ulifikiwa baada ya […]
Rayon Sports refuse de rejouer le match contre Mukura VS

La FĂ©dĂ©ration rwandaise de football (FERWAFA) a annoncĂ© que le match de demi-finale de la Coupe de la Paix, interrompu Ă la 27e minute entre Mukura Victory Sports et Rayon Sports en raison d’une panne d’Ă©lectricitĂ©, reprendra le 22 avril 2025 Ă 15h00 au Stade de Huye, Ă partir de la minute oĂą il s’était […]
Rayon Sports refuses to replay match against Mukura VS

The Rwandan Football Federation (FERWAFA) has announced that the semi-final match of the Peace Cup, which was stopped in the 27th minute between Mukura Victory Sports and Rayon Sports due to a power outage, will resume on April 22, 2025, at 3:00 PM at Huye Stadium, continuing from where it was stopped. This decision was […]
Rais Kagame ampokea Field Marshal Birhanu Jula, Mkuu wa Majeshi ya Ulinzi ya Ethiopia (ENDF)

Jumanne, tarehe 15 Aprili, Rais Paul Kagame alipokea na kufanya mazungumzo na Mkuu wa Majeshi ya Ulinzi ya Ethiopia, Field Marshal Birhanu Jula. Afisa huyo wa kijeshi pamoja na ujumbe wake wako Rwanda kwa ziara ya kikazi ya siku tatu. Ofisi ya Rais ilitangaza kwenye mtandao wa X kwamba: “Rais Kagame pia alikutana na Mkuu […]
Le Président Kagame reçoit le Maréchal Birhanu Jula, Chef d’État-Major des Forces de Défense Nationale Éthiopiennes (ENDF)

Ce mardi 15 avril, le PrĂ©sident Paul Kagame a reçu et s’est entretenu avec le Chef d’État-Major des Forces de DĂ©fense Nationale Éthiopiennes, le MarĂ©chal Birhanu Jula. Ce haut gradĂ© militaire et sa dĂ©lĂ©gation effectuent une visite officielle de trois jours au Rwanda. La PrĂ©sidence rwandaise a dĂ©clarĂ© sur X (anciennement Twitter) : « Le […]
President Kagame receives Field Marshal Birhanu Jula, Chief of Staff of the Ethiopian National Defense Forces (ENDF)

On Tuesday, April 15, President Paul Kagame received and held discussions with the Chief of Staff of the Ethiopian National Defense Forces, Field Marshal Birhanu Jula. The military official and his delegation are in Rwanda for a three-day official visit. The Office of the President shared on X (formerly Twitter) that: “President Kagame also met […]
Rayon Sports ntikozwa ibyo kongera gukina na Mukura VS

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza (½) w’igikombe cy’Amahoro, wahagaritswe ku munota wa 27 hagati ya Mukura Victory Sports na Rayon Sports kubera ikibazo cy’amashanyarazi, uzasubukurwa ku wa 22 Mata 2025, saa Cyenda (15h00’) kuri Stade ya Huye, uhereye aho wari ugeze. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’inama […]
Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yashyize mu majwi u Rwanda na RDF

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirusaba kuvana ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zivuga ko ruhafite. Amerika yarwikomye biciye mu mujyama wihariye wa Perezida Donald ku bijyanye na Afurika, Massad Boulos. Uyu mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Kane, yagize ati: “Turashimangira icyemezo duhagazeho: U […]
Bull Dog yasabye Perezida Kagame kuzamugurira itike yo kureba umukino wa Arsenal

Umuraperi w’Umunyarwanda Bull Dog yasabye Perezida wa Repubulika Paul Kagame kumugurira itike imujyana i Munich, mu gihe Arsenal yaramuka igeze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League. Ni ubutumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, nyuma y’umukino Arsenal yasezereyeho Real Madrid. Bull Dog yavuze ko icyizere cye kuri Arsenal cyiyongereye cyane, ndetse yemeza ko […]
Minisiteri y’Abakozi yatangaje ikiruhuko cy’uwa Gatanu Mutagatifu

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Mata 2025 ni umunsi w’ikiruhuko, ubwo hazaba hizihizwa uwa Gatanu Mutagatifu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu itangazo ryayo. Itangazo rya Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo Kandi rikomeza rivuga ko no kuwa Mbere, itariki 21 Mata 2025 uzaba ari umunsi w’ikiruhuko wo kwizihiza uwa Mbere wa […]
Nyarugenge: Akurikiranweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore w’imyaka 38, utuye mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge wakomerekeje umugabo we w’imyaka 40 amusutseho isombe ishushye. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku wa 31 Werurwe 2025 ubwo yatetse isombe, imaze kubira ahengera umugabo babanaga asinziriye ayimumenaho, ashya mu mugongo no mu […]
Umwe mu bajenerali bakurikiranweho guhunga M23 yapfuye

General Major Nyitetessya Nzambe Dieu Gentil Alengbia, wari Komanda w’Akarere ka 34 ka Gisirikare ka FARDC, yapfuye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025 apfiriye muri Camp Tshatshi, i Kinshasa. Bivugwa ko yaba yishwe n’indwara nyuma yo kwimurirwa mu bitaro bitinze, nk’uko umwunganizi we, MaĂ®tre Tshitsha Bokolombe, yabitangarije Actu30.cd. Yari afunzwe kimwe n’abandi […]
Aba FDLR bagomba gutaha mu Rwanda – Minisitiri Kayikwamba

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ko FDLR idafite umugambi wo kuguma mu burasirazuba bw’igihugu kandi ko bagomba gusubira mu Rwanda. “Ni muri urwo rwego twemeza ko FDLR idafite umugambi wo kuguma muri Repubulika ya Demokarasi ya […]
Umugabo wo mu Buyapani uhemberwa gukora ubusa akomeje gutangaza benshi

Shoji Morimoto, umugabo w’imyaka 38 utuye i Tokyo mu Buyapani, afite akazi abantu benshi bashobora gufata nk’inzozi: yishyurwa amafaranga kugira ngo agumane n’abantu nta kindi akora. Morimoto yishyurwa 10,000 yen (100,000 Frw) buri gihe umuntu amukeneye. Ntiyigora, yicara cyangwa agendana n’umukiliya, icyo akora ni ukuba aho umukiliya amukeneye, atamutegeka kuvuga cyangwa gukora ikindi kidasanzwe. Ati: […]
Uganda: Yemeye ko yashatse kugaba igitero kuri Museveni

Umugabo waciye mu rihumye abashinzwe kurinda Perezida Museveni ashaka kumugabaho igitero ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu matora yo muri Kawempe y’Amajyaruguru yemeye icyaha. Yoramu Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yashinjwe ibyaha bitatu byo gutera, kutumvira amategeko , no gushaka gutera ubwoba, kubabaza, cyangwa kugirira nabi Perezida. Ibyo byaha ashinjwa byakorewe ku itariki ya 11 […]
Uganda: Gen. Muhoozi yashyizeho intasi nkuru nshya

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa Gatatu yashyizeho umukuru w’ubutasi bwa gisirikare mushya. Uwahawe izi nshingano nk’uko umuvugizi w’agateganyo w’ingabo za Uganda, Major Chris Magezi yabitangaje, ni Maj Gen Richard Otto. Uyu Jenerali yasimbuye kuri izi nshingano Maj Gen James Birungi wari umaze igihe akuriye ubutasi bwa gisirikare muri Uganda. […]
Teta Sandra yagabiwe imodoka na Weasel

Umugore w’umunyarwandakazi Teta Sandra usanzwe abana n’umuhanzi wo muri Uganda, Weasel yahawe impano y’imodoka nshya n’uyu mugabo bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Teta Sandra yashimiye Weasel amubwira ko ari we wakoze icyo gikorwa, ati: “Imodoka nshya, umugabo wanjye ni we wabikoze!” Iyi mpano ije mu gihe uyu muryango uri mu myiteguro y’ubukwe. […]
Ibitero bya Israel kuri Gaza bizahagarara Hamas nirekura imbohe zose – USA

Ibitero bya Israel kuri Gaza bizarangira niba Hamas irekuye imbohe zose zisigaye, nk’uko intumwa nkuru ya Perezida wa Amerika, Donald Trump yabitangaje mu kiganiro na Al Jazeera. Intumwa idasanzwe ya Amerika ishinzwe gukurikirana isubizwa ry’imbohe, Adam Boehler yagize ati: “Nshobora kukubwira ko imirwano yahita irangira, ako kanya baramutse barekuwe.” “Umunsi izo mbohe zarekuwe, imirwano izarangira.” […]
Munyenyezi ntiyigaga muri kaminuza, gusa yitwaraga nk’uwiga muri kaminuza – Umushinjacyaha

Kuri uyu wa Gatatu gushize i Nyanza mu rugereko rw’urukiko rukuru rukurikirana imanza z’ibyaha byambukirana imipaka, umushinjacyaha yemeje ko Beatrice Munyenyezi, uri kuburana mu bujurire ku ruhare yahamijwe muri jenoside, atigeze yiga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda. Munyenyezi yashinjwe ibyaha bya jenoside no gufata abagore ku ngufu akatirwa igihano cy’igifungo cya burundu ari cyo yajuririye. […]
Umusaserdoti Vincent Barugahare yashyinguwe

Kiliziya Gatolika mu Rwanda by’umwihariko Diyosezi ya Ruhengeri, yabuze umwe mu basaserdoti b’inararibonye, Myr Vincent Barugahare witabye Imana ku wa Kane tariki ya 10 Mata 2025, afite imyaka 77 y’amavuko. Yari amaze imyaka 50 ari umusaserdoti. Nyuma y’igitambo cya misa yo kumusabira cyabereye muri Paruwasi Katedrali ya Ruhengeri, ahari hateraniye imbaga y’abakirisitu, abepiskopi n’abihayimana, Myr […]
Taliki 17 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 17  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 17 Mata mu 1994. 1.      Leta y’abicanyi yashyizeho ba perefe bashya bagombaga kwihutisha Jenoside muri za Perefegitura Tariki ya 17/4/1994, Leta y’abicanyi yakoze […]
Abatwara ibinyabiziga basabwe kwitwararika muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iributsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya 2 cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50 […]
Umuhuza mushya w’u Rwanda na RDC kwa TshisekediÂ

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu yahuye anagirana ibiganiro byabereye mu muhezo na Perezida wa Togo, Faure GnassingbĂ©. GnassingbĂ© ni we uheruka kugenwa n’umuryango wa Afurika yunze Ubumwe nk’umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda. Perezidansi ya RDC yatangaje ko Tshisekedi na Perezida wa […]