Inyeshyamba za M23 zafashe agace ka Lunyasenge

Abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC kuri iki Cyumweru. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, ubuyobozi bw’Ibikorwa bya Gisirikare bya Sukola I muri Grand Nord buvuga ko ari ukurenga nkana ku ihagarikwa ry’imirwano ndetse n’ingamba zose zafashwe mu biganiro bya Doha. Igitero kivugwa […]

Kenya: Polisi Wakamatwa Watu Wanne Kwa Mauaji ya Mbunge Charles Ong’ondo Were

Jeshi la Polisi la Kitaifa la Kenya (NPS) limetangaza kukamatwa kwa watu wanne wanaoshukiwa kuhusika na mauaji ya Mbunge wa Kasipul, Charles Ong’ondo Were. Katika taarifa za hivi punde, polisi wamesema kwamba wachunguzi walibaini kuwapo kwa watu hao wanne katika eneo la tukio na pia walikusanya ushahidi muhimu wa kuwahusisha na mauaji hayo. “Baada ya […]

Kenya : Quatre personnes arrĂŞtĂ©es pour le meurtre du dĂ©putĂ© Charles Ong’ondo Were

La Police nationale du Kenya (NPS) a annoncĂ© l’arrestation de quatre individus soupçonnĂ©s d’être impliquĂ©s dans l’assassinat du dĂ©putĂ© de Kasipul, Charles Ong’ondo Were. Dans les dernières informations communiquĂ©es, la police a indiquĂ© que les enquĂŞteurs avaient localisĂ© les quatre suspects sur les lieux du crime et qu’ils y avaient Ă©galement recueilli des preuves matĂ©rielles […]

Kenyan Police Arrest Four Suspects Linked to the Murder of MP Charles Ong’ondo Were

The Kenya National Police Service (NPS) has announced the arrest of four individuals suspected of being involved in the murder of Kasipul Member of Parliament, Charles Ong’ondo Were. In the latest reports, police confirmed that investigators tracked down the four suspects at the crime scene, where crucial evidence was also recovered. “Following an analysis of […]

Escalade des tensions : les Houthis tirent un missile balistique sur l’Aéroport International Ben Gurion en Israël

Un missile balistique tirĂ© depuis le YĂ©men a frappĂ© l’AĂ©roport International Ben Gurion en IsraĂ«l, endommageant une route et plusieurs vĂ©hicules, et provoquant la suspension du trafic aĂ©rien, selon des photos et vidĂ©os authentifiĂ©es par Al Jazeera. L’armĂ©e israĂ©lienne a confirmĂ© que ses systèmes de dĂ©fense n’avaient pas rĂ©ussi Ă  intercepter le missile dans la […]

Taharuki Yazidi: Pakistan Yajaribu Kombora la Masafa Marefu Wakati Mgogoro na India Ukipamba Moto

Jeshi la Pakistan limetangaza kuwa limefanya jaribio la kombora la masafa marefu, likisema kuwa jaribio hilo lililenga kuangalia uwezo wa majeshi yake kujibu tishio lolote na kuhakikisha viwango muhimu vya kiufundi vinatimia. Jaribio hili lilifanyika Jumamosi iliyopita, wakati mvutano kati ya Pakistan na India ukizidi kuongezeka kufuatia shambulio la kikatili dhidi ya watalii katika eneo […]

Tensions Rise as Pakistan Test-Fires Ballistic Missile Amid Growing Hostilities with India

The Pakistani military has announced the successful test of a ballistic missile, stating the launch was aimed at assessing the army’s readiness to respond to any threat and to validate critical technical parameters. This test took place last Saturday as tensions between Pakistan and India continue to escalate following a deadly attack that targeted tourists […]

Zelenskyy Akataa Ombi la Urusi la Kusitisha Vita kwa Siku 3, Alitaja kuwa Mchezo na Kutaka Mwezi Mzima wa Usitishwaji Mapigano

Vyombo vya habari vya Ukraine vimeripoti kuwa Rais wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, amekataa ombi la Urusi la kusitisha mapigano kwa siku tatu, akilitaja kuwa ni mchezo wa kuigiza, na badala yake akapendekeza kuwepo usitishwaji mapigano wa mwezi mzima. Akizungumza na waandishi wa habari siku ya Jumamosi, Zelenskyy alisema: “Usitishwaji mapigano usio na masharti ndiyo mfano […]

Zelensky rejette la trêve de 3 jours proposée par la Russie, la qualifie de “mise en scène” et réclame un cessez-le-feu d’un mois

Les mĂ©dias ukrainiens ont rapportĂ© que le prĂ©sident de l’Ukraine, Volodymyr Zelensky, a refusĂ© la proposition de la Russie pour un cessez-le-feu de trois jours, qualifiant cette offre de simple mise en scène, et a demandĂ© Ă  la place une trĂŞve d’un mois entier. S’adressant aux journalistes ce samedi, Zelensky a dĂ©clarĂ© : « Un […]

Polisi wa Rwanda Yawaaga Kwa Heshima Maafisa 150 Waliostaafu

Jumamosi hii tarehe 3 Mei, Jeshi la Polisi la Rwanda limewaaga rasmi kwa heshima maafisa 150 wa polisi waliostaafu hivi karibuni. Kati ya hao, walikuwemo maafisa wadogo 45 na sajini 105. Wakati wa hafla hiyo iliyofanyika katika makao makuu ya Polisi ya Rwanda huko Kacyiru, Naibu Mkuu wa Jeshi la Polisi la Rwanda (DIGP), DCG […]

La Police Nationale du Rwanda Rend Hommage Ă  150 Officiers Partis Ă  la Retraite

Ce samedi 3 mai, la Police Nationale du Rwanda a honorĂ© et saluĂ© officiellement 150 policiers rĂ©cemment admis Ă  faire valoir leurs droits Ă  la retraite. Parmi eux se trouvaient 45 officiers subalternes et 105 sous-officiers. Lors de la cĂ©rĂ©monie organisĂ©e au siège de la Police Nationale du Rwanda Ă  Kacyiru, la Commissaire GĂ©nĂ©rale Adjointe […]

Rwanda National Police Honors 150 Retiring Officers in Farewell Ceremony

This past Saturday, May 3rd, the Rwanda National Police officially bid farewell to 150 police officers who were recently retired from active service. The group of retirees includes 45 junior officers and 105 non-commissioned officers. Presiding over the ceremony at the Rwanda National Police Headquarters in Kacyiru, Deputy Inspector General of Police (DIGP) Jeanne Chantal […]

Kenya: Igipolisi cyafashe abantu 4 bakekwaho kwica umudepite

Igipolisi cy’igihugu cya Kenya (NPS) ubu kivuga ko abantu bane bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umudepite uhagarariye Kasipul, Charles Ong’ondo Were, batawe muri yombi. Mu makuru aheruka, abapolisi bavuze ko abashinzwe iperereza basanze aba bantu bane ahakorewe icyaha kandi bakaba bahakuye ibimenyetso bifatika. “Nyuma yo gusesengura ibindi bimenyetso ubuyobozi bwabonye mbere, abapolisi bo mu biro […]

Aba-Houthi barashe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Ben Gurion

Misile ya ballistique yarasiwe muri Yemen yaguye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Ben Gurion, muri Israel, cyangiza umuhanda n’imodoka ndetse bituma ingendo zo mu kirere zihagarara nk’uko amafoto n’amashusho byagenzuwe na Al Jazeera abigaragaza. Igisirikare cya Israel cyemeje ko uburyo bwo kwirwanaho bwananiwe kurasa icyo gisasu mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nubwo bagerageje kubihagarika, […]

Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe intambara n’u Buhinde ikomeje gututumba

Igisirikare cya Pakistan cyavuze ko iryo gerageza ryari rigamije kureba niba “ingabo ziteguye gusubiza ikibazo cyose no kwemeza ibipimo by’ingenzi bya tekiniki.” Kuri uyu wa Gatandatu ushize, nibwo Pakistan yagerageje missile ballistique mu gihe amakimbirane n’u Buhinde akomeje kwiyongera nyuma y’igitero simusiga cyibasiye ba mukerarugendo mu karere ka Kashmir katavugwaho rumwe hagati y’ ibihugu byombi. […]

Waziri wa Mambo ya Nje wa Rwanda abatilisha tetesi za mazungumzo ya siri Washington

Waziri wa Mambo ya Nje wa Rwanda, Olivier Nduhungirehe, amekanusha vikali taarifa zilizoenezwa na TV5 Monde ya Ufaransa, zilizodai kuwa yeye pamoja na mwenzake wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, Therese Kayikwamba, walikuwa Washington tarehe 2 Mei kwa mazungumzo kuhusu rasimu ya makubaliano ya amani — wakati ambapo hakuna hata mmoja wao aliyekuwa Marekani. Kupitia […]

Le Ministre rwandais des Affaires étrangères dément des rumeurs de pourparlers secrets à Washington

Le Ministre des Affaires Ă©trangères du Rwanda, Olivier Nduhungirehe, a fermement dĂ©menti des informations relayĂ©es par la chaĂ®ne TV5 Monde en France, qui affirmait que, le 2 mai, lui et son homologue de la RDC, Therese Kayikwamba, se trouvaient Ă  Washington pour des discussions autour d’un projet prĂ©liminaire d’accord de paix — alors qu’aucun des […]

Nduhungirehe yateye utwatsi amakuru yavugaga ko ari i Washington mu biganiro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatunguwe n’amakuru yatangaje na TV5 Monde yo mu Bufaransa, yatangaje ko ku itariki 2 Gicurasi, we na mugenzi we wa Congo, Therese Kayikwamba, bari i Washington mu biganiro ku mbanzirizamushinga y’amahoro mu gihe nta n’umwe muri bo wari uri muri Amerika. Abinyujije kuri X, Ambasaderi Minisitiri Olivier Nduhungirehe […]

Nduhungirehe yateye utwatsi amakuru yavugaga ko ari i Washington mu biganiro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatunguwe n’amakuru yatangaje na TV5 Monde yo mu Bufaransa, yatangaje ko ku itariki 2 Gicurasi, we na mugenzi we wa Congo, Therese Kayikwamba, bari i Washington mu biganiro ku mbanzirizamushinga y’amahoro mu gihe nta n’umwe muri bo wari uri muri Amerika. Abinyujije kuri X, Ambasaderi Minisitiri Olivier Nduhungirehe […]

Zelenskyy yateye utwatsi iby’agahenge ka Putin k’iminsi 3

Ibitangazamakuru byo muri Ukraine byatangaje ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yanze icyifuzo cy’u Burusiya cy’iminsi 3 yo guhagarika imirwano, avuga ko ari amakinamico, asaba ko ahubwo ko hajyaho agahenge k’ukwezi kumwe. Ku wa Gatandatu, Zelenskyy yabwiye abanyamakuru ati: “Guhagarika imirwano nta mananiza ni urugero rwatanzwe n’Abanyamerika. Dukurikiza urwo rugero. Byatangira kuri iyo tariki cyangwa […]

USA: Urukiko rwateye utwatsi ibyo gusubiza abakozi ba VOA mu kazi

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 3 Gicurasi, urukiko rw’ubujurire rwa Leta rwahagaritse icyemezo cyari cyategetse ubuyobozi bwa Trump kwemerera Ijwi rya Amerika (VOA) kongera gukora. Iki gitangazamakuru cyaterwaga inkunga na rubanda cyahagaritswe muri Werurwe nyuma y’itegeko nyobozi rya Perezida wa Amerika, Donald Trump ryahagaritse uyu muyoboro w’amakuru. Ikigo cya Amerika gishinzwe itangazamakuru (USAGM), ikigo […]

Polisi y’u Rwanda yasezeye abapolisi 150 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru, bose hamwe ni abapolisi 150 barimo ba ofisiye bato 45 na ba su-ofisiye 105. Ubwo yabasezereraga ku mugaragaro,  mu muhango wabereye ku Kacyiru, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, Umuyobozi […]