U Rwanda rurakataje mu kugabanya imyuka ihumanya ikirere

U Rwanda rumaze gukataza mukorohereza abaturage mu kwegerezwa ibikorwaremezo bidahumanya ikirere cyane nk’Imodoka zikoresha amashanyarazi mu mwanya w’ibikomoka kuri Peteroli nka mazutu na lisansi zohereza mu kirere imyuka ihumanya, irimo nka dioxyde de carbone (COâ‚‚), monoxide de carbone (CO), nitrogen oxides (NOx), n’ibindi binyabutabire. Mu bushakashatsi bwa kozwe byakunze kugaragara ko iyi myuka yangiza umwuka […]
UPDF yatsinze RDF itwara igikombe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, kuri Stade Ubworoherane i Musanze, habereye umukino wa gicuti wahuje Ingabo za Uganda (UPDF) n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu rwego rwo gutsura umubano hagati y’impande zombi. Uyu mukino warangiye Uganda itsinze penaliti 8-7, nyuma yo kunganya 1-1 mu minota isanzwe. Ni ubwa kabiri ibi bihugu byari […]
Florent Ibenge asanga APR FC ari ikipe ikomeye ku mugabane

Umutoza mushya wa Azam FC yo muri Tanzania, Florent Ibenge yashimye bikomeye ikipe ya APR FC ayita imwe mu makipe akomeye ku mugabane. Ibi yabivuze ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025, ubwo yageraga i Kigali aho Azam FC yaje kwitabira irushanwa “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC, rikaba rizabafasha kwitegura imikino ikomeye iri […]
Gen. Muhoozi yavuze uruhande Uganda ishyigikiye hagati ya FARDC na M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko igihugu cye kiri ku ruhande rw’umutwe wa M23 mu ntambara urwanamo na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Gen. Muhoozi yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama, mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Muri ubu butumwa yaje gusiba nyuma y’amasaha make, […]
RRA yatanze arenga Frw miliyoni 460 nk’ishimwe kuri TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), ku wa Gatanu tariki 15 Kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyongeragaciro (TVA), kuva muri Mata kugeza muri Kamena 2025. Kuva iyi gahunda yatangira mu mwaka wa 2024, amafaranga amaze gutangwa nk’shimwe kuri TVA yarenze miliyari […]
RRA disburses additional Frw 464 million in VAT rewards to final consumers

Rwanda Revenue Authority (RRA) has this Friday, August 15, disbursed over Frw 464 million in VAT rewards to 40,905 final consumers who requested EBM invoices on Value Added Tax (VAT)–liable products and services during the months of April to June 2025. Since the launch of the incentive programme in early 2024, the total amount disbursed […]
CG Felix Namuhoranye kwa Mswati

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye umunsi mukuru ngarukamwaka wa Polisi yo mu Bwami bwa Eswatini wahujwe no gusoza amasomo y’abapolisi bashya mu ishuri ryitwa Matsapha Police Academy riherereye mu ntara ya Manzini. Ni umuhango wabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025. Uyu muhango witabiriwe na nyir’icyubahiro umwami […]
Trump yahuye na Putin ntibagira icyo bageraho

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye na mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya, mu muhuro wari utegerejwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi. Aba bombi bahuriye muri Alaska kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, mu nama yibanze ku ntambara u Burusiya bumaze imyaka irenga itatu burwanamo na […]
Hamenyekanye umubare w’abasirikare ba FARDC n’abapolisi baguye mu mirwano na Wazalendo i Kindu

Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abapolisi babiri b’iki gihugu, baguye mu mirwano yabasakiranyije n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo. Ni imirwano yabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Nyakanga, mu mujyi wa Kindu wo mu ntara ya Maniema. FARDC ivuga ko Wazalendo zisanzwe ziyifasha mu ntambara irwanamo na M23 […]
U Rwanda rwatsinzwe na DR Congo

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Basketball yongeye gutsindwa, ihusha amahirwe ku mukino wayo wa kabiri muri AfroBasket 2025 iri kubera muri Angola. Mu mukino wabahuje na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), Amavubi yatsinzwe amanota 65 kuri 58. Ibi byatumye u Rwanda rwuzuza imikino ibiri rudatsinda, nyuma yo kubanza gutsindwa na CĂ´te […]
Ruto yagennye umudipolomate wo guhagararira Kenya mu matware ya M23

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025 yagennye Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye ibikorwa bya dipolomasi by’igihugu cye (Consul GĂ©nĂ©ral) mu mujyi wa Goma. Judy Nkumiri ari muri ba Ambasaderi, ba consular generals n’abayobozi bungirije b’ubutumwa Perezida William Ruto kuri ubu unayoboye umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagennye ku […]