Musanze: Umusore w’imyaka 35 yategewe kunywa amacupa 5 y’urwagwa, irya 3 riramuhitana

Umusore witwa Hakizimana Evariste wo mu mudugudu wa Rucyerereza, akagari ka Kigombe mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, yapfuye yishwe n’amacupa atatu y’urwagwa. Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2026, ahagana ku mugoroba. Nyakwigendera w’imyaka 35 y’amavuko mu busanzwe watundaga itaka yari yategewe na bagenzi kumara amacupa atanu y’urwagwa, gusa akaza […]

U Bufaransa bwavuze ku by’uko hari abaturage babwo bari kurwana ku ruhande rwa M23

Leta y’u Bufaransa biciye muri Ambasade yabwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahakanye amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko hari Abafaransa bari kurwana ku ruhande rw’ihuriro AFC/M23 n’umutwe wa Twirwaneho mu, ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, iyi Ambasade yavuze ko ayo makuru yamaze […]

Nzaceceka gusa ari uko napfuye: Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika akaba n’Umuyobozi Mukuru wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko adashobora gucecekeshwa ku bibazo bireba umutekano w’u Rwanda n’akarere, ashimangira ko azakomeza kuvuganira igihugu kugeza igihe azaba atakiriho. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 17 Nyakanga 2026, ubwo yafunguraga inama ya Biro Politiki ya FPR-Inkotanyi yabereye muri Intare Conference Arena mu Karere […]

Uganda: Abanyeshuri 20 bapfiriye mu mpanuka bavuye mu rugendoshuri

Abanyeshuri makumyabiri bapfuye ubwo bus yari ibatwaye yakoraga impanuka igihe bavaga gusura amasumo mu burasirazuba bwa Uganda mu ijoro ryo ku wa Kane, nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Kuri uyu wa Gatanu, Guverinoma yatangaje ko ihagaritse ingendo zose z’amashuri, mu gihe iyi mpanuka yateje agahinda kenshi ndetse n’ubutumwa bugaragara ku mbuga nkoranyambaga busaba ko hashyirwaho ingamba zinoze […]

Iran na Amerika baraye barasana

Intambara iri hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yakomeje gufata indi ntera, aho impande zombi zakomeje kugabanaho ibitero mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira ku wa 17 Nyakanga 2026. Ibi byatumye impungenge z’uko amakimbirane ashobora gukwira mu bihugu byinshi byo mu Burasirazuba bwo Hagati zirushaho kwiyongera. Amerika yatangaje ko yagabye ibitero […]

I Geneva hafatiwe imyanzuro mishya ku mahoro ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda byongeye gushimangira ubushake bwo kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Washington agamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, nyuma y’inama ya gatanu y’Urwego Ruhuriweho rushinzwe Guhuza Ibijyanye n’Umutekano (Joint Security Coordination Mechanism – JSCM) yabereye i Geneva mu Busuwisi ku wa 15 no ku wa 16 Nyakanga […]

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi ushobora gusubikwa

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri ngo hakinwe umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 uzahuza Espagne na Argentine, impungenge zatewe n’umwuka wanduye ushobora kwibasira agace ka New York na New Jersey zishobora gutuma FIFA ihindura uburyo umukino uzakinwamo. Uyu mukino utegerejwe na benshi uzabera kuri Stade ya MetLife ku Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026. […]

Loni yafatiye ibihano abarimo abayobozi ba M23, Twirwaneho na FDLR

Komite ishinzwe ibihano mu kanama gashinzwe umutekano mu Muryango w’Abibumbye, yafatiye ibihano abantu batandatu barimo Corneille Nangaa usanzwe ari Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo. Iby’ibi bihano byatangajwe mu itangazo Loni yasohoye ku wa Kane tariki ya wa 16 Nyakanga. Abafatiwe ibihano bafatwa nk’abafite uruhare rukomeye mu mitwe yitwaje intwaro ishinjwa gukomeza guhungabanya umutekano mu burasirazuba […]