Umuyobozi wa Shaolin Tample ari mu mazi abira azira agakingirizo yakoresheje asambana n’umugore
Liu Liming umugore uvuga ko yahoze akundana n’icyamamare mu mukino wa Karate mu Bushinwa Shi Yongxin yatanze gihamya y’agakingirizo karimo intanga bakoresheje maze bishyira uwo mugabo mu mazi abira. Liu avuga ko yoherereje Shi Yongxin ku ikubitiro agakingirizo karimo intanga, agira ngo agaragaze ukuri kwe, nyuma yabona bitagize icyo bitanga agashyira ku ka rubanda ikariso […]
Suudi Lukwago arahamya ko yasambanye n’abagore 500 mbere yo kubamenyekanisha muri Music
Suudi Lukwago aturuka mu gihugu cya Uganda akora akazi ko kwamamaza no gusakaza ibihangano by’abahanzi batandukanye bo mu gihugu cya Uganda ndetse no hanze yaho mu rwego rwo kubimenyekanisha akaba abarizwa mu Idini ya Islam. Aganira n’umunyamakuru mu kiganiro bakoreye muri Hotel Africana n’ibitwenge byinshi yavuze ko afite abana5 yabyaye mbere yuko akora ubukwe ariko […]
Abanyeshuri biga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka 12 mu Rwanda bagiye kuzajya bagaburirwa ku nkunga ya USA
Ikigo gishinzwe ubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika cyasinye amasezerano y’imikoranire n’u Rwanda ndetse kinatanga inkunga ya Miliyoni $25 z’amadorari mu guteza imbere gahunda yo kugaburira abana ku mashuri mu Rwanda. Ibi kandi byemejwe na Minisitiri w’ubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika Minister Krysta Harden ndetse na ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za […]
Uruhinja rwa Diamond na Zari rwatangiye gusinyira akayabo ka za miliyoni zisaga 50 rutarasohoka mu nzu
Infura y’umuhanzi Diamond itaranamara icyumweru ivutse, yamaze gusinya amasezerano yo kwamamariza inzu icuruza imyambaro y’abana muri Tanzaniya ku kayabo ka Miliyoni 50 z’amashiringi ya Tanzania ku mwaka. Uyu mukobwa w’imfura ya Diamond yagiriwe icyizere n’inzu icuruza imyenda y’abana “Tanzanian baby shop” iherereye mu mujyi wa Msasani ho muri Tanzania, nyuma y’umunsi n’igice avutse bemeranya umushahara […]
Muri Nyamasheke mutuelle yasimbuye irangamuntu utayifite ntiyemererwa kurenga umutaru
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier aravuga ko nta muturage uzongera kujya mu misa, mu muhanda no mu tubari atitwaje ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santĂ©). Ibi bikaba biri mu rwego rwo kugenzura uko ubwisungane mu kwivuza butangwa muri uyu murenge wa Karengera. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier […]
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku irekurwa rya Lt Gen Karake wari ufungiye mu Bwongereza
Nyuma y’irekurwa rya Lt Gen Karenzi Karake wari umaze iminsi isaga 50 afungiye mu gihugu cy’u Bwongereza, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko ukuri guhora ari ukuri. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yatangaje ko ukuri buri gihe guhora ari ukuri ndetse anashimira abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda zagize uruhare mu kugaragaza ko […]
Nicki Minaj yemeye ko yakoranye imibonano mpuzabitsina mu kavuyo n’icyamamare Meek Mill
Mu gihe Nicki Minaj avugwaho gutendeka abasore benshi, mu rwego rwo kubangikanya neza abahanzi Meek Mill na Drake, Nicki Minaj yahisemo kuzajya yita Meek Mill “ Baby Father ” nk’akazina kazimije ndetse ko batigeze bakundana ahubwo basambaye bitunguranye. Minaj asobanura ko “Baby Father” yaryise Meek ashaka gusobanura umuntu mwaba mwarahuriye mu kavuyo bikaza kubaviramo kuryamana […]
Urupfu rwa Padiri Karekezi wari umuyobozi wa INATEK rukomeje kubera benshi urujijo
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015,Padiri Dr Dominique Karekezi wari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo (INATEK) bamusanze mu cyumba cye yapfuye. Kugeza ubu urupfu rwe rukomeje kuba urujijo bibaza icyo yazize. Amakuru ava mu rugo rwa Padiri Karekezi Dominique avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere abakozi […]
Ibyago 5 ( impanuka) bitangaje ku isi byibasiye abakoraga imibonano mpuzabitsina.
Igikorwa cyo guhuza ibitsina ni igikorwa gishimisha ku mpande zose yaba abantu barimo kubikora ndetse no ku nyamaswa. Ni gake cyane ushobora kumva ko abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira impanuka bigatuma bajyanwa kwa muganga cyangwa se bikaba byabaviramo urupfu. Muri iyi nkuru twabakoreye icyegeranyo cy’ibyago cyangwa impanuka abari gukora imibonano mpuzabitsina bahuye nabyo. […]
Ubuhamya bw’uburyo Gen. Nshimiyimana ngo yishwe na Perezida Nkurunziza kubera agasuzuguro
Mu gihe amarira akiri menshi ku bakunzi ndetse n’ababanaga na Gen Nshimiyimana Adolphe mu gisirikare cy’u Burundi nyuma y’urupfu rwe, urupfu rwe rwabereye benshi urujijo bityo ngo uyu mujenerali yaba yarishwe ku bw’agasuzuguro yari amaze kugaragaza imbere y’umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza maze ahita atanga itegeko ryo kumurasa. Muri ubu buhamya, bitangazwa ko Gen Nshimiyimana yishwe […]