Apotre Paul Gitwaza yifatiye ku gahanga ku bamuvuzeho kujya ikuzimu no kurara mu isanduku y’abapfu

Umukuru wa Zion Temple Apotre Dr Paul Gitwaza aravuga ko abamuvuzeho kujya I Kuzimu no kurarar mu isanduku y’abapfu babeshejweho n’amagambo atuma bubaka amazu ndetse bakanarihira abana babo amashuri. Hagati mu kwezi kwa kane no mu ntangiriro z’ukwa gatanu uyu mwaka nibwo ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje nkuru ivuga ko Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion […]

USA igiye gukanira FDRL ibyayo bikarangira vuba

Intumwa ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu karere k’ibiyaga bigari Thomas Parreillo aravuga ko ibibazo bya FDLR byatinze gukemuka. Uyu mutegetsi akaba avuga ko hagiye gushyirwa imbaraga mu kwambura intwaro uyu mutwe. Ubwo yakirwaga Perezida wa repubulika Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Kanama muri Village Urugwiro , intumwa yihariye ya Leta […]

Ubwo Nkurunziza yarahiraga umusirikare we yahise yicwa

Mu gihe Perezida Nkurunziza ari kurahirira kuyobora u Burundi manda ya gatatu, umurambo w’umusirikare ufite ipeti rya Sergeant watoraguwe mu gace ka Musaga mu mujyi wa Bujumbura. Uwo musirikare witwa Philbert Niyonkuru yari aboshwe ndetse bigaragara ko yarasiwe ahasanzwe umurambo we nk’uko ikinyamakuru Iwacu kibitangaza. Nubwo umutekano wakajijwe bikomeye kugira ngo Perezida Nkurunziza ashobore kurahira […]

Nyuma ya Knowless na Priscilla ubu umukunzi mushya wa King James yashyize aramenyekana —AMAFOTO

Nyuma y’aho umuhanzi King James asohoreye indirimbo nshya yise “ Ndagukunda” itaka ikanashimagiza umukunzi we, nk’uko abyiyemerera ariko akamugira ibanga byashyize kera uwo mukobwa wigaruriye umutima we bimenyekana ko ari Ishimwe Elcy w’imyaka 20 gusa. King James yari yarigeze gutangaza ko afite umukunzi,umukobwa ukiri muto w’imyaka 20 kandi ukirangiza amashuri gusa benshi bibaza uwo mukobwa […]

Musaga: Abantu 4 bishwe bashinjwa guhwihwisa urugambo

Uko bwije n’uko bukeye niko abicwa mu gihugu cy’u Burundi biyongera, biyo polisi muri iki gihugu yatangaje ko hari abantu 4 biciwe mu gace ka Musaga ku wa kabiri tariki ya 18 Kanama 2015, bicwa n’abaturage babashinja kuba ibyitso bya polisi. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi wungirije, ngo abantu 4 bishwe barashwe amasasu, bityo icyo […]

France: Ubushinjacyaha bwasabye ko Padiri Wenceslas wari ukurikiranweho ibyaha bya Jenoside akurirwaho ibirego

Mu Bufaransa Kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama, ubushinjacyaha bw’I Paris mu bufaransa bwasabye ko Padiri Wenceslas Munyeshyaka, wari uyoboye Paruwasi ya Sainte Famille mu gihe cya Jenoside, akurwaho ibirego bya Jenoside yakorewe Abatutsi yakurikiranwagaho. Radio Mpuzamahanga y’abafaransa RFI igaragaza ko Padiri Wenceslas Munyeshyaka yari akurikiranweho na Leta y’u Rwanda n’u Bufaransa kuyobora […]

6 bagaragaje umujinya bamagana ubutinganyi batawe muri yombi

Abanyeshuri ba Ntare School bafungiwe kuri sitasiyo ya polisi ya Mbarara bashinjwa kwangiza umutungo w’ikigo mu myivumbagatanyo yabaye mu gihembwe cya kabiri ubwo bigaragambyaga bashinja ubuyobozi gukingira ikibaba abatinganyi. Byatangiye abanyeshuri bakubita bagenzi babo bavuga ko babafashe bendana (batingana) . Bagenzi babo mu bahise biruka bahungira mu macumbi y’abarimu batinya guhuhurwa n’inkoni dore ko bamwe […]