Umuherwe Zari Hassan yonkeje uruhinja rwe nyuma yaho bigaragariye ko ari uw’inshoreke ye Diamond
Mu bitangazamakuru bitandukanye muri aka karere k’ibiyaga bigali hari hamaze iminsi hacicikana inkuru ivuga ko umuherwe Zari Hassan yanze konsa uruhinja rwe, kuri ubu yashyize ahabona amafoto arimo kurwonsa. Inkuru yabaye kimomo ubwo umuhanzi Diamond yashyiraga ifoto ku rukutwa rwe (Instagram) arimo guha urwo ruhinja amata, bihuzwa n’ibyavugwaga ko Zari yanze konsa uwo mwana, inkuru […]
Abarwanyi ba FDLR ngo bagiye koherezwa mu Rwanda Shishi itabona
Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo ugamije iterambere, SADC, wasabye ko abarwanyi ba FDLR bambuwe intwaro n’abemeye kuzishyira hasi ku bushake, bakoherezwa mu Rwanda cyangwa bagashakirwa ikindi gihugu boherezwamo ariko bakavanwa muri Congo Kinshasa. Mu nama y’uyu muryango ya 35 yateranye mu ntangiriro z’iki cyumweru, abari bayitabiriye basabye ko Umuryango Mpuzamahanga wafasha inkambi zashyiriweho kwakira abahoze muri […]
Impanga 2 zanze gushaka ngo abasore batazangiriza ubusugi
Nyuma y’imyaka irenga makumyabiri bamenyekanye mubijyanye no gukina filime hamwe no kwerekana imideli, abakobwa babiri b’impanga Chidinma hamwe na mugenzi we Chidebere Aneke bagize bimwe batangaza bijyanye n’ubuzima bwabo bwite. Izi mpanga zavukiye igihe kimwe z aganiraga n’abanyamakuru mu kiganiro kitwa Saturday Beats, cyumvikana cyane mu gihugu cya Nigeria, batangaje ko kuba badashaka abagabo cyangwa […]
Lt Gen Adolphe arashyingurwa nyuma y’iminsi 2 Nkurunziza atunguranye
Reta y’Uburundi iri kumwe n’umuryango wa Lt Gen Adolphe Nshimirimana iramenyesha ko ibirori byo gushingura Lt Gen Adolphe Nshimirimana bizaba kuwa gatandatu tariki ya 22 Kanama 2015. Lt Gen Adolphe Nshimirimana azashingurwa hafi y’ahubatswe akabari ke hazwi ku izina rya “hitwa Iwabo w’Abantu”. Ibirori byo kumusezera no kumuherekeza bwa nyuma bizatangizwa n’igitambo cya imisa izasomerwa […]
Perezida Kagame yongeye guhiga abandi ku Isi mu gusabana kuri Twitter
Umukuru wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kuba perezida usabana n’abandi akoresheje urubuga rwa Twitter kurusha abandi ku Isi. Urubuga Twiplomacy rukora icyegeranyo ngarukamwaka ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, rwagaragaje ko mu mwaka wa 2015, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ari we mukuru w’igihugu waganiye n’abantu bose kuri Twitter cyane ku Isi . Kuva […]
Kuri uyu wa Gatandatu hazaba haca uwambaye hagati ya Rayon Sport Vs Sunrise / Police Vs Musanze
kuri uyu wa gatandatu mu mikino ya ½ cy’irushanwa ry’Agaciro Development Fund nyuma y’aho police isezereye APR ndetse na Rayon Sport igatsinda Mukura,zombi zabonye amatike yo gukina imikino ya ½,Rayon Sport izakina na Sunrise na Police icakirane na Musanze. Police nyuma yo gusezerera APR muri ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro, yongeye kuyandagaza iyisezerera no muri iri […]
Gakenke: Abaturage ngo ntibatunguwe no kuba barabaye abanyuma mu Mihigo
N’ubwo bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke bavuga ko batishimiye umwanya wa 30 mu kwesa imihigo ya 2014-2015, ari nawo wa nyuma mu turere twose tw’igihugu, hari abemeza ko bitabatunguye kuko babona nta mbaraga nyinshi zishyirwamo. Abaturage batuye muri aka karere bavuga ko nta kintu kigaragara cyerekeranye n’ibikorwa remezo akarere kigeze gakora muri […]
Abanyarwanda 64 bashoboye gucika umutwe wa FDLR
Abanyarwanda 64 bavuga ko bari ingwate z’ibitekerezo by’umutwe w’abarwanyi ba FDLR bavuye mu mashyamba ya Kongo bagaruka mu Rwanda, bavuga ko bafite akababaro ka bamwe mu bagize imiryango yabo bakinangiye gutaha. Dusabimana Jeannette w’imyaka 22 yavuze ko iwabo ari mu cyahoze ari komini Ntyazo ya Butare, avuga ko yafashe umwanzuro wo gutaha agasiga umugabo we […]
DJ Cuppy ukorana n’ibyamamare nka Jay-Z aracuranga mu gitaramo kiraririmbamo Butera Knowless i Kigali
Icyamamare muri muzika Florence Ifeoluwa Otedola uzwi ku izina rya Dj Cuppy ukomoka mu gihugu cya Nigeria, umukobwa umaze kwamamara ku isi kubera umwuga we, ari mu mujyi wa Kigali hamwe n’ikipe y’abantu 21 aho baza gutaramana na Butera Knowless mu gitaramo afite kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Kanama i Kigali.  Mu […]
Ese Gukuna/Guca imyeyo bishobora guhindura imiterere y’igitsina cy’umugore? Bakuna bate, bifasha iki?
Mu gihe umuco wo gukuna ari byo bita Guca imyeyo mu Rwanda, ugikorwa na bake mu Rwanda, Burundi no mu bindi bihugu by’ibituranyi; hari impaka zigenda zigaruka mu biganiro by’abantu hibazwa niba koko iki gikorwa gishobora guhindura imiterere y’igitsina cy’umugore. Ikinyamakuru “The New Scientist” cyanditse inkuru ku gukuna gukorwa n’abakobwa bo mu Rwanda bakinjira mu […]