Yaryamanye n’abagabo 110 mu masaha 22

Umukobwa wo mu Bwongereza kuri ubu ufite imyaka 25 y’amavuko, yigeze kugurishwa nk’umucakara w’imibonano mpuzabitsina n’umuhungu wari inshuti ye, abasha gucika nyuma yo kumara imyaka myinshi muri ubu bucakara mu gihugu cy’u Bugiriki. Uyu mukobwa witwa Megan Stephens avuga ko ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko yagiye mu biruhuko ari kumwe na nyina mu mujyi […]

Akanyamuneza ni kose ku mutoza Louis Van Gaal nyuma yo kwihanangiriza Stoke City

Umutoza Louis Van Gaal, nyuma yo kuvunikisha abakinnyi bakomeye akanatanga abagabo ko atariwe wabavunnye, ubu noneho akanyamuneza ni kose, ubwo Manchester United yanyagiraga ikipe ya Citoke City imvura y’ibitego 3-0 Uyu mukino wabaye kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 Mutarama 2016 ku kibuga Old Trafford wasigiye ibyishimo bidasanzwe Van Gaal mu gihe amaze iminsi […]

Ikipe y’umupira w’amaguru Amavubi igiye guhabwa akayabo ka miliyoni hafi 350 kubera kwitwara neza muri CHAN

Nyuma yo kugera muri ÂĽ cy’irangiza cy’amarushanwa y’Afurika y’abakinnyi bakina mu bihugu byabo, ikipe y’u Rwanda igiye guhabwa akayabo ka Miliyoni 348 z’ibihembo n’mashimwe. Hagiye gutangwa amafaranga y’u Rwanda agera muri miliyoni 99 yo gushimira abakinnyi b’Amavubi n’abandi bari bafite ibyo bashinzwe muri iyo kipe (staff) nyuma yo kugera muri ÂĽ. Ikipe y’u Rwanda muri […]

Abanyeshuri ngo bavangiye amashuri na Minisiteri y’uburezi

Minisiteri y’uburezi irashyira abanyeshuri mu majwi kuba baragize uruhare mu gutinda kugera ku ishuri bikaviramo bamwe kubura imodoka bitewe no gukora ibintu ku munota wa nyuma. Mu gihe abanyeshuli bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye umwaka w’amashuli 2016 bagombaga gutangira kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gashyantare, kugeza ubu Minisiteri y’Uburezi iravuga ko hari bamwe mu […]

Bujumbura: Bane bakomerekeye mu bitero bya grenade byagabwe ku iposta no kuri Lumitel

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abantu bane bari bamaze kumenyekana ko bakomerekeye mu bitero 3 bya grenade byagabwe kuri uyu wa gatatu ku iposta no kuri Lumitel, mu mujyi wa Bujumbura. Ibisasu bibiri byaturitse mu kanya gashize ku isaha ya 12h15, ikindi cya gatatu giturikira nyuma y’iminota 20 ahakunda guparika imodoka zitwara […]

Gicumbi: Mu kagezi ka Waruhara hatoraguwe umurambo w’umusore w’imyaka 18

Mu Murenge wa Shangasha wo mu Karere ka Gicumbi mu kagezi kitwa Waruhara hatoraguwe umurambo w’umusore witwa Bahati wabonwe n’umwana w’umukobwa. Umurambo we wahise ujyanwa ku Bitaro Bikuru bya Byumba kugirango ukorerwe isuzuma hamenyekane icyamwishe. Nk’uko byemejwe n’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge wa Shangasha, Sindayigaya Celestin, ngo uwo murambo wabonwe ku mugoroba wo kuri […]

Burundi : Leta yongeye guhigisha uruhindu abakoze kudeta yaburijwemo muri Gicurasi

Parike nkuru y’u Burundi kuri uyu wa kabiri yongeye gusaba amahanga afite abantu bashatse gukora kudeta mu Burundi mu matariki ya 13 na 14 Gicurasi 2015 ikaza kuburizwamo kubata muri yombi yarangiza ikabashyikiriza ubutabera bw’u Burundi. Ibi ni ibigaragaza n’inzandiko ndetse n’ababafashije bose gufatwa bagashyikirizwa ubutabera bw’u Burundi bakabazwa ibyaha bakoze. Umunyamabanga Mukuru w’urukiko rw’ikirenga […]

Amafoto y’icyamamare Tinashe agaragaza ubwambure niyo yifashishijwe mu kwamamaza ikinyamakuru

Umuhanzikazi Tinashe ubarizwa muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yemeye kugirana amasezerano n’ikinyamakuru ubwo yashyirwaga ku gitangazamakuru “PlayBoy’” yambaye utwenda tw’imbere mu rwego rwo kureshya abasomyi. Tinashe usanzwe uzwi nk’muhanzikazi,Umunyamideli, umubyinnyi,umwanditsi w’indirimbo,… yatangaje ko kugaragara ku binyamakuru yambaye ubusa nta soni bimutera ahubwo ko bimufasha kumenyekanisha umuzingo w’indirimbo ze (Album) “Joyride” yashyize hanze. Tinashe yagize […]

Ugisha inama: Yisohoreraho agitegura umugore we igitsina nticyongere gufata agashyuhe

Muraho!Ndi umusore w’imyaka 28, maze amezi abiri nshakanye n’umugore wanjye, namushatse ntarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe, ariko hari ubwo nashatse kwisuzuma biranga, icyo gihe naterese umukobwa aranyemerera,ariko igitangaje kandi kibabaje ni uko nabaye nkimusoma nko mu minota itanu mba nisohoreyeho kandi igitsina cyanjye cyanga kongera guhaguruka, nka nyuma y’isaha umukobwa yarongeye aremera ngo ngerageze amahirwe […]

Ku nshuro ya mbere muri Afurika,Uganda yakoze imodoka itwarwa n’imirasire y’izuba

Igihugu cya Uganda cyamaze gusohora imodoka itwarwa n’imirasire y’izuba. Abagande bakoze iyi modoka bavuga ko ariyo modoka ya mbere Afurika ikoze itwarwa n’imirasire y’izuba yashyizwe ku mugaragaro. Iyo modoka ikoreshwa n’imirasire y’izuba yo mu bwoko bwa Kayoola, yakozwe n’ikigo cya Kiira Motors, yerekanywe ku munsi w’ejo mu mujyi wa Kampala. Amwe mu mabatiri yayo ashobora […]

Perezida Obama agiye kugirwa umucamanza mu rukiko rw’ikirenga

Madame Hillary Clinton uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika aturutse mu ishyaka ry’abaharanira Demokarasi aravuga ko aramutse atowe yagira Perezida Obama yaba asimbuye kuba Perezida w’urukiko rukuru rw’igihugu. Ibi ni ibyo yatangaje ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umuturage ubwo yari ari kwiyamamaza muri leta ya IOWA. Uyu muturage yabajije niba Hillary aramutse atowe […]

Burundi: Umuhanzi Cédric Bigirimana uzwi nka Bangy yaba ari mu maboko y’inzego z’ubutasi azira indirimbo ye Chuchuena no gutuka umukuru w’igihugu

Umuhanzi w’Umurundi CĂ©dric Bigirimana bakunda kwita Bangy, biravugwa ko kuri ubu yaba ari mu maboko y’inzego z’ubutasi z’u Burundi, aho ngo akurikiranwe azira indirimbo Chuchuena ivuga ku mabi y’intambara, ndetse no gutuka umukuru w’igihugu yifashishije urukuta rwe rwa facebook . Uyu muhanzi uvuka mu gace ka Kamenge ngo yatawe muri yombi kuwa 27 Mutarama n’abakozi […]

Burundi: Hari abatangiye gusaba ko itegeko nshinga rivugururwa umubare wa manda za perezida ugakurwamo

Gusubiramo itegeko nshinga n’andi mategeko, kurushaho gukunda igihugu, ubutabera bukora neza,gushinja u Bubiligi kwica Louis Rwagasore, n’ibindi ni bimwe mu byagarutsweho n’abitabiriye inama y’umushyikirano mu Burundi yateraniye mu Gatumba kuwa 29 Mutarama 2016. “Mutange imyanzuro yatuma habaho ubutegetsi bwemewe kandi bwubashywe na buri wese. Ni ukuvuga demokarasi irambye”. Ibyo nibyo komisiyo y’igihugu ishinzwe gutegura ibi […]

Alubumu ya Koffi Olomide yise Intumwa ya 13 yahagaritswe ku isoko

Komisiyo ishinzwe kugenzura ibihangano muri RD Congo yamaze gufata icyemezo cyo kubuza ikwirakwiza n’icuruzwa rya Alubumu y’umuhanzi Koffi Olomide yise intumwa ya cumi na gatatu n’indirimbo y’umuhanzi Franko ukomoka muri Cameroun yise Coller la Petite. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru iyi komisiyo yasohoye rivuga ko iyi alubumu iheruka y’umuhanzi Koffi Olomide mu ndirimbo iyiriho yise Ekoti […]

Loni yatangiye igenzura ry’abapolisi 70 bagomba koherezwa muri Sudani y’Epfo

​Mu gihe gito, Polisi y’u Rwanda izohereza abapolisi 70 biyongera ku basanzwe mu gace ka Malakal ho muri Sudani y’Epfo, aho bazaba bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri icyo gihugu(UNMISS). Igenzura ry’aba bapolisi rikaba rizakorwa mu minsi itanu uhereye kuri 2 Gashyantare n’impuguke y’umupolisi ukomoka mu gihugu cya Norvege witwa Annette R.Johansen, ikaba yaroherejwe […]

Nyuma yo kwemeza ko Pep Guardiola atoza Man. City, ubu azanye gahunda yo kugura Lionel Messi

Ni nyuma y’aho byemejwe ko uwatozaga ikipe ya Bayern Munich Pep Guardiola asinyiye amasezerano yo gutoza ikipe ya Manchester City igihe kingana n’imyaka 3, ubu ngo yiteguye kugura icyamamare Lionel Messi. Uyu mutoza w’inararibonye atangaza ko azatangira kugaragara neza muri Man City mu ntangiro za Kamena uyu mwaka akaba yemerewe kuzahabwa miliyoni 150 z’amayero azakoresha […]

CHAN 2016: Rurambikana mu kanya hagati ya RDC na Guinea muri ½ cy’irangiza

Imikino ya CHAN 2016 irimo kubera mu Rwanda iri kugenda igana ku musozo, uyu munsi taliki 03 Gashyantare 2016 hateganyijwe umukino wa mbere wa ½ cy’irangiza aho ikipe ya RDC ikina na Guinea. Ikipe ya RDC yasezereye Amavubi muri ÂĽ igomba gukina na Guinea yasezereye Zambia. Uyu mukino uraza kuba utoroshye cyane. RDC ni imwe […]

Ban Ki Moon ngo niwe ugiye kuza kumvisha Perezida Nkurunziza ko mu Burundi hoherezwa abasirikare ba UA

Mu gihe Leta y’u Burundi ivuga ko idakeneye abasirikare ba UA (Union Africain) bo kugarura amahoro bahagarika ubwicanyi bukomeje kugaragara muri iki gihugu, kuri ubu ngo Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye, Ban Ki Moon niwe ugiye kuza kubyumvisha Perezida Nkurunziza. Mu kiganiro Ban Ki Moon yagiranye n’abanyamakuru yatangaje ko n’ubwo bwose UA yavuze ko ingabo zayo […]

Amerika ngo iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’itabwa muri yombi rya bagenzi ba Imam Mugemangango wakekwagaho ibikorwa by’iterabwoba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zihangayikishijwe n’itabwa muri yombi rya bagenzi ba Imam Muhammad Mugemangango uherutse kuraswa n’umupolisi ubwo yageragezaga gutoroka. Imam Mugemangango wari wungirije Imam mukuru w’umusigiti wa Kimironko, yakekwagaho gushaka abarwanyi bo kujyana mu mutwe wa Islamic State ukorera mu gihugu cya Syria. Umuvugizi wa department ya leta muri Leta Zunze […]

Umukinnyi Ndatimana Robert wari ukurikiranweho icyaha cyo kuryamana n’umwana utarakura yagizwe umwere ahita arekurwa

Umukinnyi Ndatimana Robert, w’ikipe ya Police FC akaba yaranakiniye ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abaterengeje imyaka 17 yitabiriye imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cyabereye muri Mexique mu 2011 yafunguwe nyuma y’uko ibimenyetso bishya bimuhanaguraho icyahacyo kuryamana n’umukobwa byavugwagwa ko atarakura bigaragarijwe urukiko. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare, ni bwo Urukiko Rukuru rwa Repubulika […]

Umusore yambitse impeta umurambo w'umukunzi we

Umusore witwa Chadil Deffy ukomoka mu gihugu cya Thailand yahisemo gukora ubukwe n’umukunzi we wapfuye kugirango yubahirize isezerano ry’ urukundo bari baragiranye. Uyu musore w’imyaka 29 akaba yari afite umukunzi wari ufite imyaka 28 witwa Sarinya Kamsook, bikaba byari biteganyijwe ko bari kuzasezerana muri uyu mwaka. Uyu mukobwa Sarinya Kamsook yakoze impanuka ikomeye y’imodoka aza […]

Abapolisikazi baguye mu butumwa bw'amahoro muri Haiti barashyinguwe

Abapolisikazi babiri bishwe bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti mu Kuboza umwaka ushize, bashyinguwe mu cyubahiro mu bihe bitandukanye mu irimbi rya Rusororo, kuko imibiri yabo itari yagereye rimwe mu gihugu. Assistant Inspector of Police(AIP) Liliane Mukansonera na AIP AimĂ©e Nyiramudakemwa bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Haiti(MINUSTAH) nk’abajyanama(IPOs), bishwe barasiwe mu […]