Umugore yaciye inyuma umugabo we bimuviramo gufatana n’uwo basambanaga

Mu gihugu cya Ghana kimwe mu bihugu bikunze kuvugwamo amarozi cyane , mu minsi ishize hagaragaye umugore w’umupfumu yahanutse mu kirere ari ikinyoni ageze hanze basanga ari umugore ugeze mu zabukuru. Kuri ubu ikigezweho n’umugore wafatanye n’umusore bari bari gusambana nyuma y’aho aciye inyuma umugabo we Muri iyi minsi hongeye kugaragara ibintu bitangaje mu mujyi […]

Ibintu 10 abagore bakunda mu buriri kurusha ibindi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

1.Kubanza gukina Mu gihe umugabo n’umugore bitegura gutera akabariro bagomba kubanza kwiyibagiza ibihe bibi baba banyuzemo hanyuma bakita mu gihe binjiyemo gisaba ko batekerezanyaho bikabanzirizwa no guterana ubuse bagakina bakubitana udushyi ,basetsanya n’ibindi bitandukanye biganisha kuri icyo gikorwa. 2.Kumusoma Ni byiza ko umugabo agomba gusoma umugore byimbitse buri umwe ahumirije, bikabafasha kwitegura igikorwa nyirizina bagiye […]

Transparency International irashima ingamba Polisi yafashe mu guhashya ruswa

​Umuryango mpuzamahanga ushinzwe kurwanya ruswa Transparency International (TI) urashima Polisi y’u Rwanda ingamba yafashe mu kurwanya ruswa. Ibi ni ibyavuzwe na Elena Panfilova, umuyobozi mukuru wungirije w’inama y’ubuyobozi y’uyu muryango ubwo yasuraga Polisi y’u Rwanda kuwa gatatu tariki ya 24 Gashyantare 2016. Yavuze ko ingamba zafashwe na Polisi y’u Rwanda zo kurwanya ruswa zishimishije kandi […]

Umunyamabanga mukuru wa Papa wari utwite inda ye yapfiriye imbere y’ibiro akoreramo

Miriam Wuolou umugore wari ushinzwe kwakira abantu akaba ndetse umunyamabanga mukuru mu nzu ikoreramo Papa Francis, umurambo we watowe muri iyo nzu bitahurwa ko yari atwite inda y’amezi 7. Miriam Wuolou,ni umugore w’imyaka 34avuka muri Erythrea yari atwite inda y’amezi arindwi ubwo umurambo watoragurwaga munzu yakoreragamo.Uyu mugore yakoreraga mu nzu imwe na Papa Francis hakaba […]

Amafoto: Abahatanira Miss Rwanda 2016 basuye umuterankunga mukuru, Cogebanque

Abakobwa 15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda basuye icyicaro gikuru cya Cogebanque, baganiriye n’ubuyobozi bubabwira ko butewe ishema n’inkunga iyi banki yatanze muri iri rushanwa. Mu kiganiro n’aba ba Nyampinga, Umuyobozi w’agateganyo wa Cogebanque, Muremangingo Rachid yavuze ko iyi Banki yishimira gufatanya n’igihugu mu bikorwa by’iterambere ari nayo mpamvu yemeye gutanga igishoboka cyose ngo […]

Ese umugabo ukora imibonano mpuzabitsina yambaye prudence yanyaza umugore bigakunda?

Iki ni kimwe mu bibazo byabajijwe n’umwe mu basomyi ba Bwiza.com, akaba abaza niba koko umugabo ashobora gutera akabariro yambaye agakingirizo akabasha kunyaza umugore ndetse akaba yanamugeza ku byishimo bya nyuma (kurangiza k’umugore). Nk’uko bisobanurwa na Dr Nsekuye Bizimana mu gitabo cye yise “ Le Secret de l’Amour a l’Africaine” asobanura ko umugore atanyara ari […]

Islamic State yahaye gasopo abayobozi ba Facebook na Twitter

Video yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kane n’abambari ba Islamic State, iratera ubwoba abayobozi b’imbuga nkoranyambaga za Facebook, Mark Zuckerberg na twitter, Jack Dorsey bazira kurwanya iterabwoba bifashishije izi mbuga zabo. Video y’iminota 25 yashyizwe ahagaragara n’agatsiko kiyise mu Cyongereza, “The Sons of the Caliphate Army” , hagaragaramo amafoto y’abayobozi b’imbuga twavuze bashyizwe mu gipimo […]

Britney Spears yoherereje abakunzi be amafoto yambaye ikariso gusa n’akarega k’amabere

Icyamamare muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, Britney Spears, kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Gashyantare 2016, nibwo yagaragaye i Las Vegas yifotoza ari nako yoherereza inshuti ze amafoto yambaye ikariso n’akarega k’amabere agamije kubashimisha. Uyu mugore w’imyaka 34 y’amavuko yashimishije abakunzi be ubwo yashyiraga video ku rukuta rwe rwa Instagram, video yari yafatiwe […]

Impuguke mu gucukumbura ziremeza ko zifite ibimenyetso bigaragaza ko imbunda yahanuye MH17 ari iy’Abarusiya

Itsinda ry’abanyamakuru bakora inkuru zicukumbuye riravuga ko rifite ibimenyetso bigaragaza ko missile yahanuriye indege ya Maleysian Airliner hejuru ya Ukraine muri Nyakanga 2014 yari iya batayo y’ingabo z’u Burusiya yari iherutse koherezwa muri ako gace. Abantu 298 bari muri iyi ndege bitabye Imana ubwo iyi ndege yavaga Amsterdam igana Kuala Lumpur muri Maleysia yahanurwaga. Abakoze […]

Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC

Nyuma y’aho Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe. Abarimu bo muri kaminuza y’u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo […]

Bibiriya ijambo ry’Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw’abashakanye (Divorce)?

Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho […]

Umutoza wa Rayon Sports yatsinze Kiyovu ahita yegura yerekeza muri Leopards

Nyuma yo kwihererana ikipe ya Kiyovu Sports ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu kuri Stade Regional ikayitsinda ibitego 2-0, ikipe ya Rayon Sports yahise ibura umutoza wayo, Ivan Minnaert, wari uyimazemo amezi 4, wahise wegura ku mirimo ye ashinja ubuyobozi bw’iyi kipe kutubahiriza amasezerano. Ubwo yavuganaga n’itangazamakuru, yagize ati: “Neguye ku mpamvu zitari iz’amikoro, […]

Umuherwe Zari yasigiwe agahinda no gutsindwa k’uwo yari ashyigikiye mu matora ya Uganda

Zari ukomoka mu gihugu cya Uganda kugeza ubu akaba abarizwa mu gihugu cyaTanzania ari naho yatangarije agahinda gakomeye yatewe no gutsindwa k’umukandida Kizza Besigye afataho ikitegererezo, mu matora aherutse kuba taliki ya 18 Gashyantare 2016. Uyu muherwe uzwi cyane mu gihugu cya Uganda, avuga ko kuva mu mpera z’icyumweru gishize hagitangazwa ibyavuye mu matora yasaritswe […]

Ngoma: Abaturage bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngoma, Senior Superintendent of Police (SSP) Janvier Mutaganda yakanguriye abatuye muri aka karere kwirinda ibiyobyabwenge by’ubwoko bwose, kandi abasaba gutanga amakuru ku gihe y’ababinywa, ababicuruza, ndetse n’ababikwirakwiza. Ibi yabivuze ku itariki 24 Gashyantare nyuma y’igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byafatiwe mu mikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze ahantu hanyuranye […]

Nyuma yo kwitwa umusazi, Donald Trump atorewe kuyobora USA yafunga gereza mbi ku isi ya Guantanamo

Nyuma yo kuvugwaho byinshi ndetse benshi bakanamwita umurwayi wo mu mutwe, icyihebe,…umuherwe Donald Trump ubu urimo kwiyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiriwe ikizere yahita afunga gereza irahirirwa ya Guantanamo. Perezida Barack Obama ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa 2008 yavugaga ko nagirirwa ikizere n’abaturage azafunga iyi gereza ya Guantanamo, mu gihe manda […]

Amafoto: Nyuma ya Ban Ki-moon u Burundi bwakiriye abaperezida 4 na Minisitiri w’Intebe batumwe na AU

Nyuma y’iminsi 2 Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon, asuye u Burundi, iki gihugu cyongeye kugendererwa n’abakuru b’ibihugu batanu bo muri Afurika nabo bagiye kugerageza kuvugana n’abategetsi b’u Burundi ngo bashakire umuti ibibazo bimaze iminsi muri iki gihugu. Abo bakuru b’ibihugu bamaze no kugera mu Burundi ni uwa Senegal, uwa Afurika y’Epfo, uwa Gabon, uwa […]

USA : Nyuma yo gutahura ikinyoma cy’umukobwa bakundana,umusore yasimbutse amagorofa 6 ntiyapfa

Nyuma yo gutahura ko ifoto umukobwa w’inshuti ye yamwoherezaga idahuye n’isura nyakuri ye , Mark Kiila Umusore ukomoka muri Canada yijugunye hasi avuye mu igorofa rya 6 ariko ntiyapfa . Nyuma y’imyaka 6 yose akundana n’umukobwa hifashishijwe imbuga za internet ubwo yoherezwaga amafoto atandukanye yabaye intandaro y’uru rukundo, Mark Kiila ngo yatunguwe no kubona umukobwa […]

Ubutegetsi bw’u Burundi bwashimangiye ko mu bo buteganya kuganira nabo CNARED itagomba kubamo

Mu gihe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-moon aherutse i Burundi kuri uyu wa 22 Gashyantare agiye gusaba ubutegetsi kugirana ibiganiro n’ababurwanya, Umujyanama muri perezidansi y’u Burundi, Willy Nyamitwe yatangaje aho leta y’u Burundi ihagaze kuri iki kibazo, ndetse avuga ko nubwo bemereye Ban Ki-moon ibiganiro ihuriro CNARED ryo ridashobora kubitumirwamo. Willy Nyamitwe yakomeje avuga […]

Maze gufungwa inshuro enye mu minsi 6 gusa

Mu cyumweru gishize, Kiiza Besigye umwe mu bari bahanganye na Museveni mu guhatanira umwana wo kuyobora Uganda yavuze ko amaze gutabwa muri yombi na polisi y’icyo gihugu inshuro enye mu minsi 6 kuva amatora yarangira. Ibyavuye mu matora bikaba byaragaragaje ko Museveni ahawe kuyobora Uganda inshuro ya gatanu. Besigye kugeza magingo aya ntabwo yemerewe kuva […]

Inzara iraca ibintu mu turere tumwe na tumwe tw’intara y’u Burasirazuba

Imirenge imwe n’imwe mu turere twa Kayonza, Ngoma na Kirehe iravugwamo inzara ahanini yatewe n’uruzuba rwacanye biturutse kuri El Nino nk’uko leta y’u Rwanda imaze iminsi ibitangaje. Ubu hamwe na hamwe abaturage bafite aho basuhukira batangiye gusuhuka. Uruzuba rwinshi nirwo ntandaro y’iyi nzara yatumye abaturage barumbya imyaka yabo bityo abari batunzwe n’ubuhinzi bibaviramo gusonza abashoboye […]

Huye: Abagize urwego rwa DASSO basabwe kuba indakemwa

​Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye, Chief Superintendent of Police (CSP) Francis Muheto, yasabye abagize urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano (District Security Support Organ-DASSO) kuba indakemwa mu byo bakora. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 23 Gashyantare mu kiganiro yagiranye na bamwe muri bo bagera kuri 50 ubwo bari mu nama nsuzuma […]

Perezida Kagame atumye ikibazo cy'ihazabu y'umurengera yakwa na RRA kigiye gukemuka

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, Komiseri Mukuru wa RRA, Richard Tusabe, yavuze ko icyo kibazo abacuruzi bagaragaje cyizweho, kandi kiri mu nzira yo gukemuka, ati “Ibyo Perezida yavuze twabihaye agaciro.” Richard Tusabe yavuze ko yahise yegera Urugaga rw’abikorera (PSF), hakorwa raporo, ubu ikaba yarashyikirijwe Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi. Yahamije ko bitarenze muri Mata uyu […]