Abantu 26 bishwe nâuburozi muri Pakistan
Muri Pakistan abantu 26 baturuka mu miryango itandukanye, 9 bakaba baturuka mu muryango umwe bapfuye, abandi bajyanwa mu bitaro nyuma yo kumenya ko bariye imitsima yashyizwemo uburozi. Nkâuko CNN ibivuga, ngo mu gihe umuryango umwe uhagarariwe na Umer Hayat, ubwo wateguraga ibirori byo kwizihiza isabukuru yâumwuzukuru (Sajad), ngo yaguze ibiribwa bizwi nka Laddu ngo byifashishwe […]
Abapolisi babiri bacunga umutekano mu muhanda bafashwe bakira ruswa
Polisi y’ u Rwanda yafashe abapolisi babiri bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, bafatiwe mu cyuho bakira ruswa. Abafashwe ni PC Ntirenganya Jean de Dieu na PC Kayitare Jean Bosco bakaba barafashwe mu ma saa munani y’igitondo cyo ku italiki ya 26 Mata 2016, mu gikorwa cy’ubugenzuzi bwa buri munsi bw’akazi ka Polisi. […]
Muhanga: Abaturage basenyewe n'imvura bararira ayo kwarika- AMAFOTO
Abaturage batuye mu kagali ka Gasharu,umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga, bararira ayo kwarika nyuma yo gusigwa iheruheru nâimvura iherutse kuhagwa ikanasenya inzu zâabaturage harimo nâibiro byâakagali. Nyandwi Samuel ni umusore wâimyaka 20 yâamavuko, nâubwo bwose atabasha kuvuga neza kubera ikibazo cyâuburwayi, avuga ko ubu yabuze aho yerekeza nyuma yâaho umuvu wâamazi umanukiye […]
Kenya: Umugore wa Perezida Kibaki yitabye Imana
Mu gihugu cya Kenya hatangijwe icyunamo bitewe nâurupfu rwa Lucy Kibaki umugore wa Mwai Kibaki wigeze kuba Umukuru wâigihugu cya Kenya. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Mata 2016, nibwo Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yemeje ko Lucy Kibaki yitabye Imana aguye mu bitaro byo mu Bwongereza â Cromwell Hospitalâ mu […]
Rubavu: Polisi yasabye urubyiruko kwicungira umutekano nk'inshingano zabo
Ku wa 24 Mata, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâUburengerazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) Bertin Mutezintare yagiranye inama nâabahuzabikorwa bâihuriro ryâurubyiruko Nyarwanda rw’abakorerabushake mu kwicungira umutekano (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing Organization- RYVCPO) bo mu mirenge 12 igize akarere ka Rubavu, abasaba kwita ku nshingano zabo barushaho gukangurira abandi kwirinda ibyaha. […]
Uburyo 4 umugore yakoramo imibonano mpuzabitsina ntababare igihe atakaje ubusugi
Mu byâukuri iyo umunsi wo gushyingiranwa wegereje, abakobwa bakiri amasugi usanga batekereza cyane bakanaterwa ubwoba nâuburibwe buva mu mibonano mpuzabitsina ikozwe bwa mbere ,nyamara ntibamenye ko hari uburyo bushobora gukoreshwa mu gihe umugore ayikoze ntababare. 1.kubanza kwishyiramo ko ugiye gutakaza ubusugi Iyo umugore yamaze kubana nâumugabo we ariko akaba atarakoraho imibonano mpuzabitsina, nibyiza ko mu […]
Udushya 7 tugaragara mu bukwe bwo muri Nigeria
Ubukwe bugenda butandukana bitewe nâumuco wâabene gihugu, muri Nigeria ho biratangaje,Nkâuko bikubiye muri ibi bintu 7 nk’uko ikinyamakuru Africacurture: 1.Kurwanira ibiryo Bitewe nâuburyo abitabiriye ibirori baba bacuranwa batangurwana ibyo kurya ubaye utabizi wagirango bamaze iminsi myinshi batarya ibi bigakorwa ibirori bigeze hagati bagiye kwakira abateraniye aho, Maze si ukurya nkâabari mu marushanwa. 2.Gupakira ibiryo mu […]
Ese Brig Gen Muhoozi yaba arimo gutegurwa ngo azasimbure Museveni?
Ibi byagarutsweho ku italiki 24 Mata 2016 aho Brig Gen Muhoozi Kainerugaba yari yujuje imyaka 42 yâamavuko, hagarukwa ku bumunyi yagiye akura mu mashuri bivugwa ko bishobora kuzatuma asimbura Perezida Museveni ku butegetsi. Nyuma yo kujya mu gisirikare agakomeza nâamashuri ye mu bihugu bikomeye binafite amahugurwa akomeye ku birebana nâimyitozo ya gisirikare,byakomeje bivugwa ko ari […]
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni inshingano ya buri muntu wese
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu buryo bwose, kwirinda guheranwa nâagahinda ku barokotse Jenoside no kwiyubakamo ikizere, ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe mu gikorwa cyo kwibuka abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi i Mayunzwe mu Kagali ka Mwendo mu Murenge wa Mbuye, igikorwa cyabaye ku cyumweru tariki ya 24 Mata 2016. Avuga ku cyerekezo (Insanganyamatsiko) cyo […]
Rutsiro: Abanyeshuri biyemeje kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge
Abiga mu rwunge rwâamashuri rwa Rusororo ruri mu murenge wa Musambira ho mu karere ka Rutsiro bagaragaje ko basobanukiwe ingaruka mbi zâibiyobyabwenge, hanyuma biyemeza kugira uruhare mu kubirwanya. Iki cyemezo bagifatiye mu kiganiro bahawe mu mpera zâicyumweru gishize na Inspector of Police (IP) JerĂÂme Nsabuwera, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi yâu Rwanda nâabaturage ndetse nâizindi […]
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byeguriwe abikorera
Guverinoma y’u Rwanda nâIkigo Oshen Health Care Rwanda Ltd gishamikiye kuri Oshen Group yo muri Angola bashyize umukono ku masezerano y’igihe kirekire, aha ububasha icyo kigo gucunga ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH), ariko bikazaguma ari ibya leta y’u Rwanda. Nyuma yâamasezerano yashyizweho umukono ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Mata 2016, […]
Jay-z arashinjwa guca inyuma umugore we Beyoncé
Bitewe nâamafoto Rita Ora ari kugenda ashyira ku nkuta ze ku mbuga nkoranyambaga, Beyonce aremeza ko uyu muhanzikazi afitanye umubano wihariye nâumugabo we Jay-z. Ubwiza uyu muhanzikazi avugwaho ngo bwaba ari intandaro yo kwigarurira Jay-z, Abakunzi babo bakaba aribo bakomeje kugenda batsa umuriro bahamya ko urukundo hagati yabo rugurumana, ibyo bikaba aribyo bishengura Beyonce. Dailymail […]
Pasteur wâitorero âRĂ©veilâ ngo yategetswe nâUmwuka gutera abakobwa inda
Mu mujyi wa Douala uri mu gihugu cya Cemeroun umupasteur ukiri muto uyoboye itorero rizwi ku izina rya â RĂ©veilâ yateye inda abakobwa bagera ku icumi abereye umushumba bivugwako ngo yaba yarabitegetswe na mwuka wera. Ibi bibaye nyuma yaho bamwe mu banyagihugu bo muri Douala bagiriye amakenga menshi bivanye nâimibanire idasanzwe hagati yâabakobwa bo muri […]
Igisirikare cyâu Rwanda RDF kirashaka abasirikare (officers) bashya
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ i ngabo zâu Rwanda (RDF) buramenyesha Abanyarwanda bose bujuje ibisabwa bifuza kwiga mu ishuri rikuru rya gisirikare (Rwanda Military Academy-Gako) ko bakwihutira kwiyandikisha ku turere bakomokamo. Abujuje ibisabwa bazemererwa kwiga muri iryo shuri bazasohoka ari abofisiye kandi bafite impamyabumenyi yâicyiciro cya Kabiri cya Kaminuza. Kanda hano ujye ubona amakuru […]
Uwabyaranye na Danny Nanone yahakanye ko atamufungishije bapfa indezo
Umukobwa wabyaranye na Danny nanone yikomye itangazamakuru rivuga ko Danny afunzwe kubera kudatanga indezo kandi yarinjiye muri Primus Guma Guma Super star (PGGSS6) ku nshuro ya 6. Ibi yabitangaje nyuma yaho bivuzwe ko Danny Nanone afunzwe azira kudatanga indezo ubu uri mu kigero cyâimyaka 3, kandi yarinjiye mu irushanwa rya PGGS aho bivugwa ko avanamo […]
Perezida Nkurunziza yatanze icyumweru cyo kumenya uwishe Gén.Athanase Kararuza
Nyuma yâurupfu rwa Brig.Gen.Athanase Kararuza, Perezida Nkurunziza wâu Burundi yatangaje ko igihugu cyabuze intwari byâumwihariko akaba yatanze icyumweru kimwe cyâiperereza ngo hamenyekane abihishe inyuma yâuwo mugambi. Nkurunziza yaboneyeho kwihanganisha umuryango wa Athanase Kararuza, igisirikare nâigipolisi ndetse nâabandi bose bakoranye nâuyu mujenerali, abibutsa ko yari umuntu wari ufitiye igihugu akamaro. Ubwo abasirikare nâabapolisi bageragezaga guhirika ubutegetsi […]
Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta
Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero, aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye yâagaciro mu buryo butemewe nâamategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko […]