Inama 8 zafasha umuntu ushaka kwiyamamaza mu myanya y’ubuyobozi
Mu gihe bimaze kumenyerwa ko mu Rwanda amatora mu nzego zitandukanye za Leta, usanga uwiyamamaza asabwe kujya kubikorera aho yavukiye kuko ariho baba bamuzi, hamaze kugaragara ko bamwe basubira ku ivuko ugasanga baribagiranye ndetse bakaba banatakaza amahirwe batyo. Ibi bikaba imbogamizi zo kuba bahakura amajwi mu gihe bashaka gutorwa mu nzego zitandukanye, hahandi babanza gutorerwa […]
Gisagara: Abayobozi b’inzego z’ibanze basabwe kurushaho gukumira ibyaha
Ku itariki 28 Mata,Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Alphonse Munyentwari n’umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda muri iyi ntara, Assistant Commissioner of Police (ACP) Francis Nkwaya bagiranye inama n’abayobozi b’inzego z’ibanze bagera kuri 550 bo mu karere ka Gisagara; bababwira kurushaho gukumira ibyaha bakangurira abo bayobora kubyirinda no kugira uruhare mu kubirwanya. Ibi byasabwe abayobozi b’imidugudu, abanyamabanga nshingwabikorwa […]
Uko wakwitoza guhakanira umwana wawe
AHO IKIBAZO KIRI Igihe cyose umwana wawe agusabye ikintu ukakimwimwa ntabyumva. Ahubwo uko ukomeza kumuhakanira, ni ko akomeza gutitiriza kugira ngo umuhe icyo agusaba. Iyo ubonye ko ibyo wakoze byose nta cyo bigezeho, uhitamo kuva ku izima kuko uba wumva nta kundi byagenda. Nubwo buri gihe uba wamaramaje kumuhakanira, amaherezo wongera kumwemerera ibyo agusabye nubwo […]
Uzwi mu mukino wo gukirana yakubise abapolisi nabo bamwangiza isura- REBA AMAFOTO
Vyacheslav Oliynyk, wamenyekanye mu mukino wo gukirana, yakubiswe ndetse akomeretswa na polisi bikomeye, nyuma y’uko yanze guhagarara ubwo yari atwaye imodoka arimo no kunywa inzoga mu mujyi i Kiev. Nyuma y’uko uyu mugabo yizihiza isabukuru ye y’amavuko, yaje gufata urugendo ariko aza guhagarikwa na Polisi ubwo yari atwaye imodoka arimo no kunywa inzoga aranga barwana […]
Umugabo yishe mukase nawe ahita yicwa n’abaturage
Muri Uganda mu Karere ka Mayuge, umugabo w’imyaka 36 yishe mukase nyuma yo gushaka kwigarurira ubutaka bwagombaga gusaranganywa umuryango ariko nawe ahita yicwa avumbuwe mu bisheke. Akimara gukora ayo mahano yahise aburirwa irengero, ariko abaturage bakimara kumenya ayo makuru bamushakishije kugeza ubwo bamuguyeho, bahita bamwicisha amabuye. Amisi Koza, umwuzukuru wa nyakwigendera wari wajyanye nawe mu […]
Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni ibya buri wese
Kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside no gufataniriza hamwe ku banyarwanda bose mu kubaka igihugu ni bumwe mu butumwa bwagarutsweho mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, igikorwa cyabereye mu murenge wa Kinazi, ku rwibutso rwa Songa. Uwari uhagarariye komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenoside (CNLG) yibukije ko nta byiza by’ingengabitekerezo. […]
Perezida Kagame yifatanyije n’abaturage b’i Mukarange mu muganda
Perezida Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’abaturage batuye mu murenge wa Mukarange ho mu karere ka Kayonza mu muganda rusange wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Mata 2016. Perezida Kagame na Madamu bifatanyije n’aba baturage ba Kayonza mu gutunganya imihanda ijyanye n’igishushanyombonera, akaba yabatangarije ko umuganda ari kimwe mu biranga […]
Ibiganiro by’Abarundi byasubitswe
Nk’uko byasohetse mu itangazo ryashyizwe hanze n’umuhuza w’ibiganiro by’u Burundi, Bwana Benjamin Mkapa, ngo ibiganiro byari biteganijwe byasubitswe. Ibi biganiro byari biteganyijwe kubera muri Arusha mu cyumweru gitaha, byasubitswe nyuma y’uko umuhuza muri ibyo biganiro avuze ko agomba kubanza kubiganiraho n’impande zifata ibyemezo. Willy Nyamitwe, Umujyanama wa Perezida Nkurunziza mu bijyanye n’itumanaho, yemeje ko hashize […]
Isanduku Ap.Gitwaza yazanye mu rusengero yateje urujijo ko yaba igura 33 $
Ku cyumweru tariki ya 24 Mata 2016, nibwo Ap Gitwaza Paul yazanye isanduku mu rusengero rw’itorero Zion Temple abereye umuyobozi mukuru, avuga ko ayikuye muri Israel nk’ikubiyemo amasezerano y’Imana azanye mu Rwanda. Nyuma y’aho amurikiye imbaga y’abakiristo iyo sanduku dore ko yanavugaga ko ikoze muri zahabu, Inkuru zagiye zicicikana mu bitangazamakuru byo mu Rwanda ndetse […]
Amatariki y’icuraburindi yaranze manda ya 3 ya Nkurunziza
Kuva Nkurunziza yemera ko aziyamamariza manda ya 3 imvururu n’icuraburindi byaranze u Burundi mu bihe bitandukanye, byakoze mu nkokora abatari bake abandi bahinduka impunzi hirya no hino ku Isi. Mata 2015: Imvururu zaratangiye perezida Nkurunziza akimara kwemezako aziyamamariza manda ya 3. Gicurasi 2015: Nkurunziza yashyigikiwe n’abambari be imyigaragambyo irakomeza abarundi batari bake batangira guhunga. Gicurasi […]
Ambasaderi w’u Buholandi mu Rwanda yashimye ibikorwa bya Isange One Stop Center
​Ambasaderi w’u Buholandi mu Rwanda, Madamu FrĂ©dĂ©rique de Man, aherekejwe na Ambasaderi w’u Buholandi mu gihugu cya Sudani, Madamu Susan Bkenthaut, Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Madamu Diane Gashumba ndetse n’hagarariye One UN mu Rwanda, Madamu Fatou A. Lo yashimye byimazeyo serivisi zitangwa na Isange One Stop Center zirimo ibikorwa binyuranye bifasha mu gukemura ibibazo by’ihohoterwa […]